Dore uburyo butatu bworoshye bwagufasha kurwanya indwara y'umugongo

Sangiza iyi nkuru

Abantu benshi bakunze kugira uburibwe bukabije bw’umugongo, akenshi ubu buribwe buterwa n’uko umuntu aba yitwara mu buzima bwe bwa buri munsi, imiterere y’akazi ukora cyangwa n’indi mibereho ya buri munsi isobora kuugururwa kandi mu buryo bwooroshye umuntu akabasha kugira amagara mazima.
Hari uburyo bwagaragajwe n’abashakashatsi batandukanye bushobora kugufasha kwirinda indwara y’umugongo
[ad id=”44145″]
1 . Irinde guhagarara akanya kanini kandi nibinakubaho gerageza guhagarara neza.
guhagarara
Uko aba bantu bahagaze biragaragaza uwuhagaze neza, uretse uyu wa gatatu abandi bose bafite amahirwe yo kurwara umugongo bitewe n’uko bahagaze mu buryo buvunisha umugongo,
2 . Kwicara akanya kanini nabyo ni bibi ariko niba ariko aribyo akazi ukora kagusaba gerageza kwicara neza
kwicara
kwicara mu buryo bwo nk’ubu bwa mbere ni ikosa ribi, umuntu yabikora ari mu gihe cya siporo gusa kandi nabwo akabikora akanya gato, iyo wicaye wihengetse uba uri kuremerera umugongo wawe kuko ari wo wikorera umubiri wose.
3. Imenyereze kwambara inkweto ngufi
inkweto
Nk’uko iyi foto ibigaragaza cyangwa nk’uko bijya biboneka ku bantu bambarainkweto ndende, bene izi nkweto zituma umuntu ahora agenda ameze nk’uwisumbukuruza, ibi binaniza umugongo cyane, iyo umuntu akunda kwambara izi nkweto akajya ahantu kure uzasanga yarazanye impundiko nini cyane ibyo nabyo bigaragaza ko umubiri uba wavunitse cyane
[ad id=”44145″]
Muzindi nama zitangwa n’abaganga ku bantu bakunda kubabara umugongo baba bakwiye kwimenyereza kuryama neza kandi bagasinzira bihagije, kunywa amazi menshi, gukora siporo kenshi gashoboka, no kwirinda ibiyobyabwenge nk’inzoga n’itabi
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Schadrack@bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. Dore uburyo butatu bworoshye bwagufasha kurwanya indwara y'umugongo
    Nitwa kwizera Danny,ndumwe mubantu barwaye umugongo igihe kirekire ,nagerageje gufata ibinini byo kwamuganga ariko biranga,byagezaho ntabasha guhagarara igihe kingana niminota 10,ikindi n’uko ntabashaga gukora imirimo yimbaraga,nabayeho narihebye kuko ntahantu ntagerageje kwivuriza ariko biranga ,ikindi n’uko murugo sinarinyibasha kunoza amabanga y’Urugo,kuko iyo nabikoraga muriyo minsi nirirwaga mbabara cyane, kubwamahirwe nahuye ninshuti yanjye twakoranaga , mutekerereza ikibazo cyanjye,arumirwa maze andangira kujya kwivuriza mukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali,nagiyeyo ntakizere cyo gukira mfite,bampaye imiti ndayikoresha nyuma yukwezi kumwe nari nakize neza,ubu ndashima lmana,nawe ubacyeneye wabahamagara kuri 0735454502

  2. Dore uburyo butatu bworoshye bwagufasha kurwanya indwara y'umugongo
    Nitwa kwizera Danny,ndumwe mubantu barwaye umugongo igihe kirekire ,nagerageje gufata ibinini byo kwamuganga ariko biranga,byagezaho ntabasha guhagarara igihe kingana niminota 10,ikindi n’uko ntabashaga gukora imirimo yimbaraga,nabayeho narihebye kuko ntahantu ntagerageje kwivuriza ariko biranga ,ikindi n’uko murugo sinarinyibasha kunoza amabanga y’Urugo,kuko iyo nabikoraga muriyo minsi nirirwaga mbabara cyane, kubwamahirwe nahuye ninshuti yanjye twakoranaga , mutekerereza ikibazo cyanjye,arumirwa maze andangira kujya kwivuriza mukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali,nagiyeyo ntakizere cyo gukira mfite,bampaye imiti ndayikoresha nyuma yukwezi kumwe nari nakize neza,ubu ndashima lmana,nawe ubacyeneye wabahamagara kuri 0735454502

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *