Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame ari mu Bufaransa, aho yagiye kwitabira inama mpuzamahanga irebana na Sudani n’irebana n’ishoramari ku mugabane wa Afurika.
Byatangajwe n’ibiro by’Umukuru w’Igihugu kuri uyu wa 16 Gicurasi 2021, iti: “Perezida Kagame yageze i Paris, yitabiriye inama mpuzamahanga kuri Sudani n’irebana n’ishoramari muri Afurika.”
Byitezwe ko Perezida Kagame azahurira na Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron n’abandi bakuru b’ibihugu n’ababihagarariye, by’umwihariko abaturuka muri Afurika.



4 Responses
Perezida Kagame ari mu Bufaransa
Ariko nemeye ko umusaza wacu nabazungu bamwibazaho urareka ako gasirikare uko namureba gafite ubwoba aaaaaaaaaaa
Perezida Kagame ari mu Bufaransa
Ariko nemeye ko umusaza wacu nabazungu bamwibazaho urareka ako gasirikare uko namureba gafite ubwoba aaaaaaaaaaa
Perezida Kagame ari mu Bufaransa
Uzige kwandika wowe utanze igitekerezo ikindi wuzuye amarangamutima
Perezida Kagame ari mu Bufaransa
Uzige kwandika wowe utanze igitekerezo ikindi wuzuye amarangamutima