Sandra Teta aratwite nyuma y’amezi make yibarutse

Sangiza iyi nkuru

Amakuru ava i Makindye muri Neverland aho umuhanzi Weasel Manizo (Deogratius Mayanja) atuye, avuga ko umukunzi we, Umunyarwandakazi, Teta Sandra atwite nyuma y’amezi agera ku 12 yibarutse imfura.

Mu mwaka wa 2020 nibwo Teta yari yibarutse Ria Mayanja. Ibinyamakuru byo muri Uganda byandika imyidagaduro ntibizi neza igihe inda yatewe Teta imaze gusa byemeza ko atwite. Ibi byumvikanisha ko yaba yarasamye mu mezi make nyuma yo kwibaruka.

Weasel na Teta batangiye gukundana mu 2018, uyu mukobwa yimukira i Kampala. Ibyabo byigeze kuzamo rushorera, Weasel asiba amafoto yose ya Teta ariko bombi bongera kwihuza.

Teta yakomeje gukorana n’akabari gakomeye kitwa Hide Out kari i Lugogo aho benshi mu bavandimwe ba Weasel (Mayanjas) bakunze kujya gufatira kamwe.

Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV


XMA Header Image
U Rwanda na Uganda: umubano ukomeje kuzamo Kidobya –Abaturage nibo bakomeje kubihomberamo #ISANZURE
youtube.com
Aa

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *