cedric.jpg

Umunyarwanda wamamaye mu mideli yemeye kurushinga n’uwo bahuje igitsina

Sangiza iyi nkuru

Umunyarwanda Moses Turahirwa washinze inzu ihanga imideli ya Moshions yambika abakomeye n’ibyamamare muri iki gihugu, yahishuye ko yemeye gushakana na mugenzi we w’umuhungu witwa Mizero Cedric.

Mu butumwa Turahirwa yanyujije kuri sitati (status) ya Instagram kuri uyu wa 31 Kanama 2021, yagize ati: “Navuze Yego, ngo nzarushingane na @Cedric250 kubera ko yamaze guteganyiriza iza bukuru zacu.”

Mizero na we yaje kubyemeza, atangaza ati: “Save the date…”, yongeraho utumenyetso tubiri tugaragaza ko ari guseka, yongeraho ak’umutima.

Turahirwa ni uwa kabiri ukomoka mu Rwanda utangaje ku mugaragaro ko yemeye gushinga urugo n’uwo bahuje igitsina. Uwa mbere wabikoze ni Tierra Monay Henderson ukinira ikipe y’igihugu y’abagore ya Basketball, wemeye kurushingana na Amanda Thomson muri Gicurasi 2021.
cedric.jpg

Soma Izindi Nkuru

14 Responses

  1. Umunyarwanda wamamaye mu mideli yemeye kurushinga n’uwo bahuje igitsina
    Mana tabara urwanda , ibi nibiki koko ? Ndababara kubera izinkuru

    1. Umunyarwanda wamamaye mu mideli yemeye kurushinga n’uwo bahuje igitsina
      Kuki mwamagana ubutinganyi ntimwamagane ubusambanyi??? Byose imana irabitubuza!!!

    2. Umunyarwanda wamamaye mu mideli yemeye kurushinga n’uwo bahuje igitsina
      Kuki mwamagana ubutinganyi ntimwamagane ubusambanyi??? Byose imana irabitubuza!!!

  2. Umunyarwanda wamamaye mu mideli yemeye kurushinga n’uwo bahuje igitsina
    Mana tabara urwanda , ibi nibiki koko ? Ndababara kubera izinkuru

  3. Umunyarwanda wamamaye mu mideli yemeye kurushinga n’uwo bahuje igitsina
    Imana yacu iturengere. Birashoboka ko abayobozi baba baramaze kwemera ubutinganyi se mu Rwanda? Oya ntibabikora kuko Imana yabanye natwe mu bihe bihoye ikabana n’abayobozi bacu mu ntambara zose barwanye, bemeye aya mahano byatuma Imana ibareka, Igihugu kinaneshwa mu ntambara zose kirwana nazo. Imana itugirire neza iturinde

  4. Umunyarwanda wamamaye mu mideli yemeye kurushinga n’uwo bahuje igitsina
    Imana yacu iturengere. Birashoboka ko abayobozi baba baramaze kwemera ubutinganyi se mu Rwanda? Oya ntibabikora kuko Imana yabanye natwe mu bihe bihoye ikabana n’abayobozi bacu mu ntambara zose barwanye, bemeye aya mahano byatuma Imana ibareka, Igihugu kinaneshwa mu ntambara zose kirwana nazo. Imana itugirire neza iturinde

  5. Umunyarwanda wamamaye mu mideli yemeye kurushinga n’uwo bahuje igitsina
    Ese koko bibaho? Nonese buriya si uburwayi bombi bafite? Tekereza kweri. Imana idutabare.

  6. Umunyarwanda wamamaye mu mideli yemeye kurushinga n’uwo bahuje igitsina
    Ese koko bibaho? Nonese buriya si uburwayi bombi bafite? Tekereza kweri. Imana idutabare.

  7. Umunyarwanda wamamaye mu mideli yemeye kurushinga n’uwo bahuje igitsina
    Turashizeeee!!! U Rwanda ruragana habi cyaneee!! Nyagasani Uturengere

  8. Umunyarwanda wamamaye mu mideli yemeye kurushinga n’uwo bahuje igitsina
    Turashizeeee!!! U Rwanda ruragana habi cyaneee!! Nyagasani Uturengere

  9. Umunyarwanda wamamaye mu mideli yemeye kurushinga n’uwo bahuje igitsina
    Ibi bintu ni umuvumo kubanyarwanda ni umwaku kugihugu bishobotse abantu twabatera amabuye nkuko muri bibiliya bivuga kugira ngo twikize uburakari bwa Nyagasani kuko nitwimika ibibintu ntuzarimbuka nka sodomo na gomora.

  10. Umunyarwanda wamamaye mu mideli yemeye kurushinga n’uwo bahuje igitsina
    Ibi bintu ni umuvumo kubanyarwanda ni umwaku kugihugu bishobotse abantu twabatera amabuye nkuko muri bibiliya bivuga kugira ngo twikize uburakari bwa Nyagasani kuko nitwimika ibibintu ntuzarimbuka nka sodomo na gomora.

  11. Umunyarwanda wamamaye mu mideli yemeye kurushinga n’uwo bahuje igitsina
    TURATSINZE Moses umwana wa PASITERI wo muri ADEPR koko? umva ubabaje ababyeyi bawe kabisa.

  12. Umunyarwanda wamamaye mu mideli yemeye kurushinga n’uwo bahuje igitsina
    TURATSINZE Moses umwana wa PASITERI wo muri ADEPR koko? umva ubabaje ababyeyi bawe kabisa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *