Amavubi yatsinzwe arushwa na Mali mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi

Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yatangiye nabi ijonjora ryo gushaka igikombe cy’Isi kizabera mu gihugu cya Qatar, nyuma yo gutsindwa na Mali igitego 1-0. Hari mu mukino wa mbere wo mu tsinda E Mali yari yakiriyemo u Rwanda mu mujyi wa Agadir wo mu gihugu cya Maroc. Igitego cyo ku munota wa 19 w’umukino cya rutahizamu Adama […]

APR FC yatsinzwe na AS Maniema mu mukino wo kwipima

Ikipe ya APR FC kuri uyu wa Gatatu, yatsinzwe na AS Maniema yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igitego 1-0, mu mukino wa gicuti wabereye i Shyorongi. Igitego iyi kipe y’ingabo z’igihugu yatsinzwe ku munota wa kabiri w’umukino ni cyo cyayitandukanyije na Maniema yari yakiriye. Ni umukino APR FC yakinnye idafite abatarimo Kapiteni wayo […]

N’inkoko ze turazirinda- Matiang’i ku gukuraho uburinzi bwa William Ruto

Umunyamabanga mui Minisiteri y’Umutekano muri Kenya, Dr. Fred Okengo Matiang’i , avuga ko abantu badakwiriye gutekereza ko Visi-Perezida wa Kenya, William Ruto, yaba yarambuwe abarinzi kuko arinzwe kugeza no ku nkoko ze. Matiang’i uzwiho kugira ururimi rutyaye, kuri uyu wa 1 Nzeri 2021 ubwo yagezaga ku nteko ishinga amategeko ku mpinduka zabaye mu mutekano bikagera […]

Bizimana nommĂ© ministre du ministĂšre de l’unitĂ© nouvellement créé

Le prĂ©sident Paul Kagame a nommĂ©, mardi 31 aoĂ»t, Jean-DamascĂšne Bizimana, ministre du nouveau ministĂšre de l’UnitĂ© nationale et de l’Engagement civique. Dans le mĂȘme ministĂšre, Clarisse Munezero a Ă©tĂ© nommĂ©e secrĂ©taire permanente. Le ministĂšre, qui a Ă©tĂ© créé en juillet, devrait notamment se concentrer sur l’unitĂ© nationale, la mĂ©moire historique et l’Ă©ducation Ă  la […]

Muhanga: Akurikiranweho kwica umucuruzi kubera amafaranga 200

Ubushinjacyaha ku Urwego Rwisumbuye rwa Muhanga, kuri uyu wa Kabiri, itariki 31 Kanama, bwasabiye igihano cy’igifungo cya burundu umugabo ukekwaho kwica umucuruzi wo muri butike amuhoye amafaranga magana abiri y’u Rwanda yagombaga kumugarurira. Iki cyaha cyakozwe ku itariki ya 10 kanama 2021, mu Mudugudu wa Nyarunyinya, Akagali ka Gihinga, Umurenge wa Gacurabwenge, Akarere ka Kamonyi, […]

Umunyarwanda wamamaye mu mideli yemeye kurushinga n’uwo bahuje igitsina

cedric.jpg

Umunyarwanda Moses Turahirwa washinze inzu ihanga imideli ya Moshions yambika abakomeye n’ibyamamare muri iki gihugu, yahishuye ko yemeye gushakana na mugenzi we w’umuhungu witwa Mizero Cedric. Mu butumwa Turahirwa yanyujije kuri sitati (status) ya Instagram kuri uyu wa 31 Kanama 2021, yagize ati: “Navuze Yego, ngo nzarushingane na @Cedric250 kubera ko yamaze guteganyiriza iza bukuru […]

Ansu Fati yahawe kusa ikivi Lionel Messi yasize muri FC Barcelona

Ikipe ya FC Barcelona yatangaje ko Ansu Fati ari we uzajya yambara umwambaro wayo wa numĂ©ro 10, nyuma y’igenda rya Lionel Messi. Marca yavuze ko mbere y’uko uyu musore w’imyaka 18 ahabwa iriya numĂ©ro yabajijwe niba yakwemera kuyambara, undi abyemera atazuyaje. Ansu Fati yahawe uriya mwambaro mu gihe byavugwaga ko umunya-BrĂ©sil Philippe Coutinho ari we […]

Ubushinwa bwavuze ku muturage wabwo wagaragaye ahondagura Umunyarwanda ari ku musaraba

e-iaiyrxoayj11q.jpg

Ambasade y’ u Bushinwa mu Rwanda binyuze ku muvugizi wayo, yavuze ko isaba ko amategeko yakubahirizwa mu gukemura ikibazo cy’Umushinwa, wagaragaye ahondagura Umunyarwanda i Rutsiro, yamuziritse, akekwaho kwiba umucanga. Mu itangazo ryo kuwa 31 Kanama, Ambasade y’Abashinwa yagize iti ” Ambasade y’Ubushinwa mu Rwanda yamenye ko hari ikibazo cyavutse hagati ya kompanyi yigenga yo mu […]

Umuryango w’umunyamakuru wishwe afasha FBI gucakira Kabuga Felicien uratabaza

Icyizere cyo kubona ubutabera cy’umuryango w’umunyamakuru wo muri Kenya, William Munuhe, wishwe ubwo yari arimo arafasha FBI gukurikirana Umunyarwanda, Kabuga Felicien, kiragenda kirushaho kuyoyoka nyuma y’aho ubutabera bw’iki gihugu bukomeje kwirangagiza ubusabe bwawo bwo guhabwa impozamarira. Iyi nkuru dukesha ikinyamakuru The Standard iravuga ko icyizere cyo kubona ubutabera kuri uyu muryango kigenda kiyoyoka mu gihe […]

Abajura bamaze amasaha 8 mu rugo rwa AIGP Mwangi, bashaka guterura byose

Abajura batatu bateye urugo rw’Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi ya Kenya, AIGP King’ori Mwangi, ruherereye mu gace ka Pembe Tatu mu Karere ka Nyeri, bamaramo amasaha umunani, bafite umugambi wo kwiba ibintu byose birimo. Umuyobozi wa Polisi ya Nyeri, Adiel Nyange yabwiye itangazamakuru ko ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba ku wa 30 Kanama 2021 ari […]

Muri ingurube_Museveni abwira abari inyuma y’ubwicanyi bw’i Masaka

Perezida Yoweri Kaguta wa Uganda yongeye kwamagana yivuye inyuma ubwicanyi bwitwaje intwaro gakondo bukomeje gukorerwa mu gace ka Masaka, avuga ko ‘ingurube’ ziburi inyuma zarangiye. Museveni yabigarutseho ejo ku wa Kabiri ubwo yari ayoboye umuhango wo kwinjiza mu gisirikare cya Uganda abaheruka gusoza amasomo abagira ba Ofisiye wabereye ku kibuga cya Kololo. Magingo aya abanya-Uganda […]

Uganda yanze ko umwe mu Banyarwanda 2 bahiciwe ahashyingurwa

Abanyarwanda babiri, Ntwari Bahati na Dusabimana Theoneste biciwe mu gihugu cya Uganda mu buryo bw’amayobera mu minsi ibiri ikurikiranye, ku Cyumweru no kuwa Mbere. Ntwari Bahati yasanzwe yapfuye asa nk’uwanizwe kugeza ashizemo umwuka, i Kampala, mu murwa mukuru wa Uganda, ku Cyumweru itariki 29 Kanama nk’uko byatangajwe n’umuryango we. Abo mu muryango we bavuga ko […]

Mu rugo rwa Gen. Numbi ‘wahunze’ havumbuwe intwaro nyinshi zirimo iziremereye

Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) cyavumbuye intwaro zirimo iziremereye nyinshi ‘zakwira batayo yose’ mu rugo rwa Gen. John Numbi wabaye Komiseri Mukuru wa Polisi, ubu uri mu buhungiro kuva muri Werurwe 2021. Radiyo mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI, kuri uyu wa 31 Kanama 2021 yatangaje ko aya makuru yayahawe na bamwe mu basirikare ba […]

Mutabazi yahagaritse intambara yatangije kuri Bizimana uyobora Kisoro

Milton Bazanye Mutabazi wigeze kuba Meya wa Kisoro muri Uganda, yahagaritse intambara yatangije kuri Abel Bizimana uyobora aka karere ubu ngubu. Uguhangana kwa bombi kwatangiye ubwo muri Mutarama 2021 hasohokaga ibyavuye mu matora y’abakandida bashaka kuyobora uturere, bombi bari bahataniye kuyobora Kisoro. Icyo gihe byatangajwe ko Bizimana uri mu ishyaka riri ku butegetsi, NRM, yagize […]

Tanzania: Umuyobozi wa CHADEMA uregwa ibyaha by’iterabwoba yagejejwe mu rukiko

Umunyapolitiki Freeman Mbowe utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania, kuri uyu wa Kabiri, itariki 31 Kanama yageze imbere y’Urukiko Rukuru rwa Dar es Salam, aho akurikiranweho ibyaha by’iterabwoba, mu gihe abatavuga rumwe n’ubutegetsi n’abaharanira uburenganzira bwa muntu bavuga ko uru rubanza rushingiye ku mpamvu za politiki. Ku rukiko hari imbaga y’abantu, abayobozi b’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bari […]

Inkoni z’abashumba baragira inka ‘z’abakomeye’ ziraca ibintu ahitwa Arusha muri Nyabihu

Abaturage batuye mu gace kitwa Arusha mu Murenge wa Bigogwe, mu Karere ka Nyabihu, baravuga ko bahangayikishijwe n’inkoni bakubitwa n’abashumba bavuga ko baragira inka z’abakomeye. Aba baturage bavuga ko kunyura muri ako gace cyane ku masaha y’umugoroba bitagikunda, hatinywa kugirirwa nabi. Abaturage batandukanye batuye muri kano gace baganiriye n’itangazamakuru ku wa 31 Kanama, bagaragaje iki […]

Hakuzimana Rashid ntiyumva ukuntu RIB imuhamagaza ngo yitabe ‘ejo’

Hakuzimana Abdul Rashid ukunze kumvikana akora ubusesenguzi kuri politiki y’igihugu, ntiyumva ukuntu Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rumuhamagaza ngo yitabe ejo rutamuhaye umwanya wo kwitegura, anashake umunyamategeko umwunganira. Kuri uyu wa 31 Kanama 2021 ni bwo Umugenzacyaha Jules Mutabazi yoherereje Hakuzimana urwandiko rumuhamagaza, bigaragara ko rwamugezeho saa munani n’iminota 14 z’igicamunsi, amusaba kwitaba “ku biro bikuru by’ubugenzacyaha […]

Umutwe wa TPLF wambuwe ibirindiro by’ingenzi wari ufite muri Amhara

Igisirikare cya Ethiopia cyongeye kwigarurira agace ka Debre Zebit, k’ingenzi ku karere ka Amhara, kari kari mu maboko y’inyeshyamba z’umutwe wa TPLF. Aka gace kigaruriwe nyuma yo kugasukaho ibisasu bya bombe mbere y’uko ingabo za Ethiopia zifatanyije n’abarwanyi bo muri Amhara zitsinsura abarwanyi ba TPLF muri Debre Zebit n’ahandi hahakikije. Ibiro Ntaramakuru Nyafurika, APANews bivuga […]

Perezida Ndayishimiye yasubije umukobwa wamusabye ‘Yambi’ no kumusura akamutekera

fb_img_16304742340865708.jpg

Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yasubije umukobwa w’umuhanzi witwa Tetero Laurette umaze igihe amusabye yambi (kumuhobera) no kumusura akamutekera. Uyu mukobwa bigaragara ko akiri muto mu kiganiro yagiranye na Jimbere Magazine muri Gashyantare 2021, yabajijwe icyo yasaba Perezida Ndayishimiye mu gihe baba bahuye, asubiza ati: “Yambi” akubita agatwenge, yishimye cyane. Tetero yongereyeho ati: […]

Urwamo rw’amasasu i kabul ubwo Abanyamerika batahaga

Mu Mujyi wa Kabul muri Afghanistan humvikanye urwamo rw’amasasu menshi rwo kwishimira ko ukuva mu gihugu kw’ingabo za nyuma za Amerika mu ijoro ryakeye. Umunyamakuru wa BBC Lyse Ducet uri i Kabul, wakurikiranye uko ibintu byifashe ubwo byamenyekanaga ko indege ya nyuma y’Abanyamerika ihagurutse, yavuze ko hari urusaku rwinshi rw’amasasu. Mugenzi we wamubazaga, yamusubije ati […]

Griezmann muri Atletico, Camavinga wasinyiye Real na Saul werekeje Chelsea muri Transferts zafunze isoko

Mu gicuku cyo kuri uyu wa Gatatu ni bwo isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ku mugabane w’iburayi ryafunze imiryango, nyuma y’amezi abiri amakipe ahugiye mu kureba uko yakwiyubaka. Ni isoko ryabayemo Transferts zikomeye cyane, dore ko nk’iya Lionel Messi werekeje muri PSG avuye muri FC Barcelona, Cristiano Ronaldo wasubiye muri Manchester United avuye muri Juventus, Romelu […]