Amavubi yatsinzwe arushwa na Mali mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi
Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yatangiye nabi ijonjora ryo gushaka igikombe cy’Isi kizabera mu gihugu cya Qatar, nyuma yo gutsindwa na Mali igitego 1-0. Hari mu mukino wa mbere wo mu tsinda E Mali yari yakiriyemo u Rwanda mu mujyi wa Agadir wo mu gihugu cya Maroc. Igitego cyo ku munota wa 19 w’umukino cya rutahizamu Adama […]
APR FC yatsinzwe na AS Maniema mu mukino wo kwipima
Ikipe ya APR FC kuri uyu wa Gatatu, yatsinzwe na AS Maniema yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igitego 1-0, mu mukino wa gicuti wabereye i Shyorongi. Igitego iyi kipe y’ingabo z’igihugu yatsinzwe ku munota wa kabiri w’umukino ni cyo cyayitandukanyije na Maniema yari yakiriye. Ni umukino APR FC yakinnye idafite abatarimo Kapiteni wayo […]
N’inkoko ze turazirinda- Matiang’i ku gukuraho uburinzi bwa William Ruto
Umunyamabanga mui Minisiteri y’Umutekano muri Kenya, Dr. Fred Okengo Matiang’i , avuga ko abantu badakwiriye gutekereza ko Visi-Perezida wa Kenya, William Ruto, yaba yarambuwe abarinzi kuko arinzwe kugeza no ku nkoko ze. Matiang’i uzwiho kugira ururimi rutyaye, kuri uyu wa 1 Nzeri 2021 ubwo yagezaga ku nteko ishinga amategeko ku mpinduka zabaye mu mutekano bikagera […]
Bizimana nommĂ© ministre du ministĂšre de l’unitĂ© nouvellement créé
Le prĂ©sident Paul Kagame a nommĂ©, mardi 31 aoĂ»t, Jean-DamascĂšne Bizimana, ministre du nouveau ministĂšre de l’UnitĂ© nationale et de l’Engagement civique. Dans le mĂȘme ministĂšre, Clarisse Munezero a Ă©tĂ© nommĂ©e secrĂ©taire permanente. Le ministĂšre, qui a Ă©tĂ© créé en juillet, devrait notamment se concentrer sur l’unitĂ© nationale, la mĂ©moire historique et l’Ă©ducation Ă la […]
Karongi: Hari ababyeyi bavuga ko bohereza abana ku ishuri aho kwiga bakajya kuvoma amazi yo guteka igikoma
Bamwe mu babyeyi barerera ku kigo cyâamashuri abanza cya Nyagasozi mu Murenge wa Rugabano mu Karere ka Karongi baravuga ko abana babo batiga neza nkuko bikwiye bitewe nuko iyo bageze ku ishuri bajya kuvoma amazi yo gutekesha igikoma banywa ku ishuri. Bamwe mu babyeyi batifuje ko amazina yabo atangazwa barerera kuri iri shuri bavugako abana […]
Muhanga: Akurikiranweho kwica umucuruzi kubera amafaranga 200
Ubushinjacyaha ku Urwego Rwisumbuye rwa Muhanga, kuri uyu wa Kabiri, itariki 31 Kanama, bwasabiye igihano cyâigifungo cya burundu umugabo ukekwaho kwica umucuruzi wo muri butike amuhoye amafaranga magana abiri yâu Rwanda yagombaga kumugarurira. Iki cyaha cyakozwe ku itariki ya 10 kanama 2021, mu Mudugudu wa Nyarunyinya, Akagali ka Gihinga, Umurenge wa Gacurabwenge, Akarere ka Kamonyi, […]
Vega Divine yinjiye mu ndirimbo za Gospel asohora iyitwa “Isezerano” ikomeza abari mu bihe bikomeye
Umuhanzi Shema Divine winjiye mu muziki nka ‘Vega Divin’, yinjiye mu buhanzi atangirira ku ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana ku mpamvu zo gutanga ubutumwa bwiza, aho yahereye ku ndirimbo yise “Isezerano”. Vega Divine, yabanje gukina filime nyuma asa n’ubisubitseho gato. Uyu mukobwa uba mu Bushinwa, yatangiye muzika mu mwaka wa 2021 mu kwezi kwa […]
Umunyarwanda wamamaye mu mideli yemeye kurushinga nâuwo bahuje igitsina

Umunyarwanda Moses Turahirwa washinze inzu ihanga imideli ya Moshions yambika abakomeye nâibyamamare muri iki gihugu, yahishuye ko yemeye gushakana na mugenzi we wâumuhungu witwa Mizero Cedric. Mu butumwa Turahirwa yanyujije kuri sitati (status) ya Instagram kuri uyu wa 31 Kanama 2021, yagize ati: âNavuze Yego, ngo nzarushingane na @Cedric250 kubera ko yamaze guteganyiriza iza bukuru […]
Ansu Fati yahawe kusa ikivi Lionel Messi yasize muri FC Barcelona
Ikipe ya FC Barcelona yatangaje ko Ansu Fati ari we uzajya yambara umwambaro wayo wa numĂ©ro 10, nyuma y’igenda rya Lionel Messi. Marca yavuze ko mbere y’uko uyu musore w’imyaka 18 ahabwa iriya numĂ©ro yabajijwe niba yakwemera kuyambara, undi abyemera atazuyaje. Ansu Fati yahawe uriya mwambaro mu gihe byavugwaga ko umunya-BrĂ©sil Philippe Coutinho ari we […]
Ubushinwa bwavuze ku muturage wabwo wagaragaye ahondagura Umunyarwanda ari ku musaraba

Ambasade y’ u Bushinwa mu Rwanda binyuze ku muvugizi wayo, yavuze ko isaba ko amategeko yakubahirizwa mu gukemura ikibazo cy’Umushinwa, wagaragaye ahondagura Umunyarwanda i Rutsiro, yamuziritse, akekwaho kwiba umucanga. Mu itangazo ryo kuwa 31 Kanama, Ambasade y’Abashinwa yagize iti ” Ambasade y’Ubushinwa mu Rwanda yamenye ko hari ikibazo cyavutse hagati ya kompanyi yigenga yo mu […]
Itangazo ryo guhindura izina
Umuryango wâumunyamakuru wishwe afasha FBI gucakira Kabuga Felicien uratabaza
Icyizere cyo kubona ubutabera cyâumuryango wâumunyamakuru wo muri Kenya, William Munuhe, wishwe ubwo yari arimo arafasha FBI gukurikirana Umunyarwanda, Kabuga Felicien, kiragenda kirushaho kuyoyoka nyuma yâaho ubutabera bwâiki gihugu bukomeje kwirangagiza ubusabe bwawo bwo guhabwa impozamarira. Iyi nkuru dukesha ikinyamakuru The Standard iravuga ko icyizere cyo kubona ubutabera kuri uyu muryango kigenda kiyoyoka mu gihe […]
Abajura bamaze amasaha 8 mu rugo rwa AIGP Mwangi, bashaka guterura byose
Abajura batatu bateye urugo rwâUmuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi ya Kenya, AIGP Kingâori Mwangi, ruherereye mu gace ka Pembe Tatu mu Karere ka Nyeri, bamaramo amasaha umunani, bafite umugambi wo kwiba ibintu byose birimo. Umuyobozi wa Polisi ya Nyeri, Adiel Nyange yabwiye itangazamakuru ko ahagana saa kumi nâebyiri zâumugoroba ku wa 30 Kanama 2021 ari […]
Muri ingurube_Museveni abwira abari inyuma y’ubwicanyi bw’i Masaka
Perezida Yoweri Kaguta wa Uganda yongeye kwamagana yivuye inyuma ubwicanyi bwitwaje intwaro gakondo bukomeje gukorerwa mu gace ka Masaka, avuga ko ‘ingurube’ ziburi inyuma zarangiye. Museveni yabigarutseho ejo ku wa Kabiri ubwo yari ayoboye umuhango wo kwinjiza mu gisirikare cya Uganda abaheruka gusoza amasomo abagira ba Ofisiye wabereye ku kibuga cya Kololo. Magingo aya abanya-Uganda […]
Uganda yanze ko umwe mu Banyarwanda 2 bahiciwe ahashyingurwa
Abanyarwanda babiri, Ntwari Bahati na Dusabimana Theoneste biciwe mu gihugu cya Uganda mu buryo bwâamayobera mu minsi ibiri ikurikiranye, ku Cyumweru no kuwa Mbere. Ntwari Bahati yasanzwe yapfuye asa nkâuwanizwe kugeza ashizemo umwuka, i Kampala, mu murwa mukuru wa Uganda, ku Cyumweru itariki 29 Kanama nkâuko byatangajwe nâumuryango we. Abo mu muryango we bavuga ko […]
Mu rugo rwa Gen. Numbi âwahunzeâ havumbuwe intwaro nyinshi zirimo iziremereye
Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) cyavumbuye intwaro zirimo iziremereye nyinshi âzakwira batayo yoseâ mu rugo rwa Gen. John Numbi wabaye Komiseri Mukuru wa Polisi, ubu uri mu buhungiro kuva muri Werurwe 2021. Radiyo mpuzamahanga yâAbafaransa, RFI, kuri uyu wa 31 Kanama 2021 yatangaje ko aya makuru yayahawe na bamwe mu basirikare ba […]
Mutabazi yahagaritse intambara yatangije kuri Bizimana uyobora Kisoro
Milton Bazanye Mutabazi wigeze kuba Meya wa Kisoro muri Uganda, yahagaritse intambara yatangije kuri Abel Bizimana uyobora aka karere ubu ngubu. Uguhangana kwa bombi kwatangiye ubwo muri Mutarama 2021 hasohokaga ibyavuye mu matora yâabakandida bashaka kuyobora uturere, bombi bari bahataniye kuyobora Kisoro. Icyo gihe byatangajwe ko Bizimana uri mu ishyaka riri ku butegetsi, NRM, yagize […]
Tanzania: Umuyobozi wa CHADEMA uregwa ibyaha byâiterabwoba yagejejwe mu rukiko
Umunyapolitiki Freeman Mbowe utavuga rumwe nâubutegetsi muri Tanzania, kuri uyu wa Kabiri, itariki 31 Kanama yageze imbere yâUrukiko Rukuru rwa Dar es Salam, aho akurikiranweho ibyaha byâiterabwoba, mu gihe abatavuga rumwe nâubutegetsi nâabaharanira uburenganzira bwa muntu bavuga ko uru rubanza rushingiye ku mpamvu za politiki. Ku rukiko hari imbaga yâabantu, abayobozi bâabatavuga rumwe nâubutegetsi bari […]
Inkoni z’abashumba baragira inka ‘z’abakomeye’ ziraca ibintu ahitwa Arusha muri Nyabihu
Abaturage batuye mu gace kitwa Arusha mu Murenge wa Bigogwe, mu Karere ka Nyabihu, baravuga ko bahangayikishijwe n’inkoni bakubitwa n’abashumba bavuga ko baragira inka z’abakomeye. Aba baturage bavuga ko kunyura muri ako gace cyane ku masaha y’umugoroba bitagikunda, hatinywa kugirirwa nabi. Abaturage batandukanye batuye muri kano gace baganiriye n’itangazamakuru ku wa 31 Kanama, bagaragaje iki […]
Hakuzimana Rashid ntiyumva ukuntu RIB imuhamagaza ngo yitabe âejoâ
Hakuzimana Abdul Rashid ukunze kumvikana akora ubusesenguzi kuri politiki yâigihugu, ntiyumva ukuntu Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha rumuhamagaza ngo yitabe ejo rutamuhaye umwanya wo kwitegura, anashake umunyamategeko umwunganira. Kuri uyu wa 31 Kanama 2021 ni bwo Umugenzacyaha Jules Mutabazi yoherereje Hakuzimana urwandiko rumuhamagaza, bigaragara ko rwamugezeho saa munani nâiminota 14 zâigicamunsi, amusaba kwitaba “ku biro bikuru by’ubugenzacyaha […]
Umutwe wa TPLF wambuwe ibirindiro byâingenzi wari ufite muri Amhara
Igisirikare cya Ethiopia cyongeye kwigarurira agace ka Debre Zebit, kâingenzi ku karere ka Amhara, kari kari mu maboko yâinyeshyamba zâumutwe wa TPLF. Aka gace kigaruriwe nyuma yo kugasukaho ibisasu bya bombe mbere yâuko ingabo za Ethiopia zifatanyije nâabarwanyi bo muri Amhara zitsinsura abarwanyi ba TPLF muri Debre Zebit nâahandi hahakikije. Ibiro Ntaramakuru Nyafurika, APANews bivuga […]
Perezida Ndayishimiye yasubije umukobwa wamusabye âYambiâ no kumusura akamutekera

Perezida wa Repubulika yâu Burundi, Evariste Ndayishimiye yasubije umukobwa wâumuhanzi witwa Tetero Laurette umaze igihe amusabye yambi (kumuhobera) no kumusura akamutekera. Uyu mukobwa bigaragara ko akiri muto mu kiganiro yagiranye na Jimbere Magazine muri Gashyantare 2021, yabajijwe icyo yasaba Perezida Ndayishimiye mu gihe baba bahuye, asubiza ati: âYambiâ akubita agatwenge, yishimye cyane. Tetero yongereyeho ati: […]
Urwamo rw’amasasu i kabul ubwo Abanyamerika batahaga
Mu Mujyi wa Kabul muri Afghanistan humvikanye urwamo rw’amasasu menshi rwo kwishimira ko ukuva mu gihugu kw’ingabo za nyuma za Amerika mu ijoro ryakeye. Umunyamakuru wa BBC Lyse Ducet uri i Kabul, wakurikiranye uko ibintu byifashe ubwo byamenyekanaga ko indege ya nyuma y’Abanyamerika ihagurutse, yavuze ko hari urusaku rwinshi rw’amasasu. Mugenzi we wamubazaga, yamusubije ati […]
Griezmann muri Atletico, Camavinga wasinyiye Real na Saul werekeje Chelsea muri Transferts zafunze isoko
Mu gicuku cyo kuri uyu wa Gatatu ni bwo isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ku mugabane w’iburayi ryafunze imiryango, nyuma y’amezi abiri amakipe ahugiye mu kureba uko yakwiyubaka. Ni isoko ryabayemo Transferts zikomeye cyane, dore ko nk’iya Lionel Messi werekeje muri PSG avuye muri FC Barcelona, Cristiano Ronaldo wasubiye muri Manchester United avuye muri Juventus, Romelu […]