Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yatangiye nabi ijonjora ryo gushaka igikombe cy’Isi kizabera mu gihugu cya Qatar, nyuma yo gutsindwa na Mali igitego 1-0.
Hari mu mukino wa mbere wo mu tsinda E Mali yari yakiriyemo u Rwanda mu mujyi wa Agadir wo mu gihugu cya Maroc.
Igitego cyo ku munota wa 19 w’umukino cya rutahizamu Adama TraorĂ© cyari cyihagije ngo Mali yarushaga u Rwanda mu nguni zose icyure amanota atatu.
Iyi kipe yagiye ibona ubundi buryo bwinshi butandukanye, gusa u Rwanda rugatabarwa n’umunyezamu Emery Mvuyekure.
Nyuma yo gutsindwa na Mali u Rwanda rugomba kwitegura umukino wa kabiri wo mu itsinda rugomba guhuriramo na Kenya ku Cyumweru.



4 Responses
Amavubi yatsinzwe arushwa na Mali mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi
Ahubwo bagerageje kabisa.
Ahubwo uri munyezamu w’amavubi arakwiriye gushimirwa kuko yahabereye intwari.
Namweye cyane
Numuzamu wumuhanga
Amavubi yatsinzwe arushwa na Mali mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi
Ahubwo bagerageje kabisa.
Ahubwo uri munyezamu w’amavubi arakwiriye gushimirwa kuko yahabereye intwari.
Namweye cyane
Numuzamu wumuhanga
Amavubi yatsinzwe arushwa na Mali mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi
Amavubi acyeneye kwigishwa byinshi pe naho niko imbaraga zingana
Amavubi yatsinzwe arushwa na Mali mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi
Amavubi acyeneye kwigishwa byinshi pe naho niko imbaraga zingana