Umusore w’imyaka 19, Edmond Kipng’etich wo Mujyi wa Nakuru muri Kenya, yakubiswe bikomeye, agye gukatwa igitsina, abaturanyi barahagoboka, ubwo umugabo yari amusanze mu buriri bwe, aryamanye n’umugore we w’imyaka 35 y’amavuko. Edmond Kipng’etich usanzwe yiga mu mwaka wa kane w’amashuri yisumbuye, yafashwe asambana n’umugore wubatse witwa Judy Chelang’at. Ibinyamakuru birimo Murang’a bivuga ko ” Nyir’urugo wari umeze nk’uwasaze yashatse gutaka uwo musore igitsina n’ubwo cyari cyatakaje umurego.” Uyu musore utuye ahitwa Kuresoi muri Nakuru bamwe bavugaga ko yaba yapfuye, abandi bakavuga ko akiri muzima ariko ngo afite ibikomere byinshi. Obonyo, umuturanyi ari na we wabibonye yavuze ko uyu musore koko yasanzwe mu rugo rw’uwitwa Bii, ari gusambana n’umugore we. Ntibiramenyekana uko uwo mugore Judy byamugendekeye cyane ko umugabo we Bii yari yarakaye bikomeye. Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV->https://www.youtube.com/channel/UC_Wx4Sy2IawVLtp5-QMRhnQ]



2 Responses
Umusore w’imyaka 19 yari akaswe igitsina asanzwe mu buriri n’umugore w’abandi w’imyaka 35
Erega Ahandi barabahana bikarangira, naho in’iwacu ubikorewe niwe uhigwa, muri Rwamagana Umurenge wa Gahengeri akagari ka mutamwa umugabo witwa Olivier ngo akora akazi k’ubu Avocat yigaruriy’urugo rw’umuturanyi ubwo nyir’urugo yari mu kazi k’ubusirikare ndetse aza gusoreza muri Police y’igihugu, erega yaje no kuhabyar’umwana,
Aho atahiye umugabo (avoka) ashyaka gukomeza dore ko n’urwe rwasenyutse bitewe nnuwo mugore Olivier yagize inshoreke kumugaragaro, none aririrwa asengerera Umukozi wa RIB i Nzige ngo amufungire uwo nyir’urugo ngo aramubangamiye (ntatuma yisanzura) kandi Ibyo bizwi n’Akagari n’umurenge ndetse n’inzego z’umutekano Bose barabizi, none Ejo Demobe niyumva bimurenze bazavuga ngo DEMOBE NYUBAHA nkaho badasanzwe babizi, Erega Abaturage Bari Gukora amakosa kuko ubuyobozi butari kubumva.
Umusore w’imyaka 19 yari akaswe igitsina asanzwe mu buriri n’umugore w’abandi w’imyaka 35
Erega Ahandi barabahana bikarangira, naho in’iwacu ubikorewe niwe uhigwa, muri Rwamagana Umurenge wa Gahengeri akagari ka mutamwa umugabo witwa Olivier ngo akora akazi k’ubu Avocat yigaruriy’urugo rw’umuturanyi ubwo nyir’urugo yari mu kazi k’ubusirikare ndetse aza gusoreza muri Police y’igihugu, erega yaje no kuhabyar’umwana,
Aho atahiye umugabo (avoka) ashyaka gukomeza dore ko n’urwe rwasenyutse bitewe nnuwo mugore Olivier yagize inshoreke kumugaragaro, none aririrwa asengerera Umukozi wa RIB i Nzige ngo amufungire uwo nyir’urugo ngo aramubangamiye (ntatuma yisanzura) kandi Ibyo bizwi n’Akagari n’umurenge ndetse n’inzego z’umutekano Bose barabizi, none Ejo Demobe niyumva bimurenze bazavuga ngo DEMOBE NYUBAHA nkaho badasanzwe babizi, Erega Abaturage Bari Gukora amakosa kuko ubuyobozi butari kubumva.