Umurundikazi, Iry Tina yateye indi ntera yo kwiyambika ubusa kuri interineti- AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Iry Tina, ni umurundikazi ukorera umuziki mu gihugu cya Uganda, uyu mukobwa nyuma yaho ashyiriye hanze amafoto ye ari mu myambaro izwi nk’iyo kogana (bikini), benshi bamwibajijeho kugera naho bamufata nk’uwigana ibikorwa n’abakobwa bashaka kumenyekana bo muri Uganda.
Aya mafoto y’uyu mukobwa, yayasangije abakunzi be abicishije ku rukuta rwe rwa Facebook, arangije agenda ashyiraho amagambo atandukanye.
s1
Aho yagize ati: “Hahahah ni nde ushaka kunyiyungaho, muryoherwe na weekend bakundwa”.
ff
Ahandi naho yagize ati: “Aka bzzzzz Ku bakunzi banjye mwese, muryoherwe n’uwa Gatatu (Wednesday)”.
s3
Amagambo atandukanye uyu mukobwa yagiye ashyira kuri aya mafoto yagiye avugisha benshi mu bakunzi be, harimo abayanenga ko bidakwiye ku mwari ufite indangagaciro za Kirundi, uyu ati: “Wewe wibonye ko uri mwiza ufatiye kuki? njye mbona uri maji maji”.
s2
s5
s4
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *