Biratangaje kubona bimwe mu bihugu byateye imbere cyane ku isi biri ku myanya y’imbere mu kugira injiji nyisnhi, Ibihugu byatoranyijwe nk’ibyibitseho abantu b’injiji benshi muri uyu mwaka wa 2016 hagendewe ku bumenyi by’abaturage ku buzima bwa buri munsi bw’gihugu cyabo, ni ukuvuga ubumenyi bafite ku mibereyo y’igihugu mu by’ubukungu na gahunda zose z’igihugu muri rusange.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Ni ubushakashatsi bwakozwe hifashishijwe amakuru yagiye atangwa n’abaturage batuye muri ibyo bihugu ubwabo, abaturage bagera kuri 27,250 bari hagati y’imyaka 16 na 64 nibo babajijwe guhera mu kwezi kwa 9 kugeza mu kwa 11/ 2016.
The independent yo yanditse ko aba baturage babajijwe bakomoka mu bihugu birenga 40 aho ngo muri buri gihugu habazwaga abaturage bari hagati ya 500 n’1000.
Ababajijwe bagiye babazwa ibibazo bigamije kureba ibyo bazi kumuco na sosiyete yabo, ibyo bazi ku buzima, niba hari icyo bazi ku myemerere y’idini ya Isilamu nk’idini ikunda kumvikana cyane ndetse n’ibyo baba bazi ku mibereho ya buri munsi ya bagenzi babo.
Leta zunze ubumwe z’Ameika n’Ubushinwa n’ubwo biza mu bihugu bikize cyane ku isi yagaragaye kuri uru rutonde, ibi bikaba byatangaje abatari bake kubona Amerika yateye imbere igaragara ku rutonde rumwe n’igihugu nka Malaysia kikiri inyuma mu iterambere.
Urutonde rw’ibihugu byibitseho injiji cyane kurenza ibindi
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
- Ubushinwa
- Taiwan
- South Africa
- USA
- Brazil
- Thailand
- Singapore
- Turkey
- Indonesia
- Mexico
- Canada
- Montenegro
- Russia
- Serbia
- Philippines
- Hong Kong
- Israel
- Denmark
- Argentina
- France
- Vietnam
- Peru
- Espagne
- Chile
- Hungary
- Ubuyapani
- Belgium
- Poland
- Colombia
- Sweden
- Norway
- Ubutaliyani
- Ubudage
- Australia
- Malaysia
- Czech Republic
- Koreya y’Epfo
- Ubwongereza
- Ubuholandi
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Schadrack@bwiza.com


