Niba uri umukobwa, dore abasore bashaka umukunzi (fungura ubone nimero)

Sangiza iyi nkuru

1. Nitwa Uwihirwe, ndashaka umukunzi uzambera urubavu vuba uri hagati y’imyaka 21 na 31, muremure guhera 1m na 70, ufite ubwiza bw’uruhu bw’umwimerere, indangagaciro z’umunyarwandakazi, amashuli nibura A2 kuzamura, aho waba usengera hose.

Ndi umugabo watawe n’umugore twari tumaze gushakana ajya hanze yewe anakuyemo n’inda yanjye, imyaka 39, 1m na 75, imibiri yombi, wiyubaha nkizera ko n’Imana buri kimwe cyose gishoboka, university degree, ukorera i Kgli.
Ibindi twagenda tubivugana kuri email luwihirwe@gmail.com
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
2. Undi musore yagize ati: “Muraho nshuti rubyiruko ! ndi umusore, nitwa rugaba bien venu ndi umusore , nujuje imyaka 30 yamavuko, narangije kaminuza, mfite akazi kampemba amafranga Atari menshi, gusa arantunze kuko hari nibindi nkora! nkaba rero nifuza umukobwa twa girana gahunda yo kurwubaka! uwo mukobwa agomba kuba yujuje ibi bikurikira.
1 .kuba akuze mumutwe
2. kuba Atari munsi ya 24 ans
3. kuba muriwe yifitemo urukundo atari bimwe byikigihe bagenzw nimitungo
4. kuba yariz nibura A1 ,Ao akarusho
5 abaye afite akaz niyo kaba gaciriritse, cyangw ntakafite ariko azi
kwiyitaho yaba ari inzobe or imibiri yombi bikaba ari akarusho
6 . kuba nibura agerageza kujya gusenga, yubaha imana!
plzw nanjye ndi umunyarwanda, mfite Ao ariko nkaba ngiye nogutangira maitrise! umukobwa uri hejuru
ya 24 atarengeje 30 habaye harufite gahunda yambariza kuri 0785184647/ whatsup:0725780570
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *