Nubwo hirya no hino bari kwizihiza umunsi wa Noheli(Ivuka rya Yesu) abandi bakazawizihiza ku cyumweru mu gihugu cy’Ubwongereza ho batangiye kuwizihiza kuri uyu wa gatanu.

[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Uyu munsi wizihizwa na bamwe mu bakirisito bemera Yesu cyangwa Yezu bitewe nuko ushaka kubivuga mu Bwongereza batangiye kuwizihiza mu ijoro ryakeye ariko bamwe ntibaryohewe gusa kuko wabasize muri gereza, abandi barakubitwa, bamwe bafotowe basinziriye ku imihanda n’ibindi biteye isoni nkuko bigaragara ku mafoto.

Nkuko Mail ibitangaza, uyu munsi ubanziriza Nohel wateje ibibazo mu mihanda aho imodoga zitwara abagenzi zahagaze, aho abantu bose bagaragazaga akanyamuneza ariko na none bamwe ntibahiriwe kuko baraye muri za gereza bazira gusinda bakarwana. Abandi bagiye bagenerwa ubufasha bwihuse n’inzego z’umutekano kuko abenshi bagiye biryamira ku imihanda no kumabaraza bityo bikaba bitoroheye Polisi kugenda ibakura ku inzira no gukemura ibibazo by’ababaga bashyamiranye.

Mail ivuga ko bidakanganye kubona abagore n’abagabo babo kuwa gatanu ubanziriza Nohel bagenda bagwirirana cyangwa biryamiye mu mihanda hirya no hino mu mugi.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
ANDI MAFOTO




[xyz-ihs snippet=”google-pub”]





[xyz-ihs snippet=”google-pub”]




[xyz-ihs snippet=”google-pub”]


Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@bwiza.com


