Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, witabiriye inama y’ibihugu 20 bikize kurusha ibindi ku Isi (G-20) ibera i Roma mu Butaliyani guhera kuri uyu wa Gatandatu kugeza kuri iki Cyumweru, itariki 31 Ukwakira, yabonanye n’abayobozi batandukanye bakomeye ku Isi barimo mugenzi we w’ u Bufaransa, Emmanuel Macron baherukana muri Gicurasi ubwo yasuraga u Rwanda, n’abandi barimo Chancelliere w’u Budage, Angela Markel, Felix Tshisekedi wa RDC n’abandi.
Amafoto


Perezida Kagame aganira n’umyobozi wa OMS, Tedros Adhanom Ghebreyesus

Perezida Kagame aganira n’Umuyobozi wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe, Mousaa Faki Mahamat

Perezida Kagame aganira na chancelière w’u Budage Angela Merkel



Perezida Kagame n’Umwamikazi w’u Buholandi HM Máxima

Perezida Kagame n’Umuyobozi w’Akanama k’Ubumwe bw’u Burayi, Charles Michel



Perezida Kagame na Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron






Perezida Kagame yanahahuriye na Felix Tshisekedi wa RDC


Amafoto: Village Urugwiro



2 Responses
Amafoto: Perezida Kagame yongeye guhura na Perezida Macron i Roma n’abandi bayobozi
Kagame oyee urakeye peee
Amafoto: Perezida Kagame yongeye guhura na Perezida Macron i Roma n’abandi bayobozi
Kagame oyee urakeye peee