Amafunguro yagiye akura benshi imitima arimo inzoka zokeje,ibinyabwoya, imbeba,Imbwa- REBA AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Nk’uko mu Kinyarwanda baca umugani bati: “Agahugu umuco wako n’akandi uwako” mu gihe mu muco Nyarwanda kurya imbwa, imbeba,ikinyabwoya,umuserebanya,… ari kirazira ahandi ho usanga ari imari ikaze.
Hari amafoto yagiye arebwa na benshi ku mbuga nkoranyambaga ndetse akanavugwaho byinshi dore ko hari n’ayo ureba ukishisha bitewe n’uburyo akanganye.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Ku Ubushinwa ho ibyo abandi bita ko kizira, nko kurya inyama z’ibi bikoko, bo aba ari amafunguro aryoshye kandi anahenze muri resitora.

14
Iyi ni isosi irimo urwasaya rw’ingona

a1
Ingona yokeje uko yakabaye

a2
Inzoka zokeje zitunze ku mishito

a3
Ibinwa y’ingurube

a4
Amacupa arimo inzoga zo mu bwoko bwa likeri, imbere arimo inzoka z’ubumara(cobra)

a12
Aha ni mu ibagiro ry’imbwa

a5
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
a6 a7 a8 a9 a10 a11 a13
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *