Nk’uko mu Kinyarwanda baca umugani bati: “Agahugu umuco wako n’akandi uwako” mu gihe mu muco Nyarwanda kurya imbwa, imbeba,ikinyabwoya,umuserebanya,… ari kirazira ahandi ho usanga ari imari ikaze.
Hari amafoto yagiye arebwa na benshi ku mbuga nkoranyambaga ndetse akanavugwaho byinshi dore ko hari n’ayo ureba ukishisha bitewe n’uburyo akanganye.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Ku Ubushinwa ho ibyo abandi bita ko kizira, nko kurya inyama z’ibi bikoko, bo aba ari amafunguro aryoshye kandi anahenze muri resitora.







[xyz-ihs snippet=”google-pub”]

[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com


