hec.jpg

HEC yemeje ko kaminuza ya AIU Dr Igabe yizemo itemewe

Sangiza iyi nkuru

Inama nkuru y’amashuri makuru na za kaminuza mu Rwanda, HEC, yatangaje ko yasanze Atlantic International University (iyo Dr Igabe Egide yizeho) itemewe n’amategeko.

Ni nyuma y’impaka nyinshi zishingiye ku itabwa muri yombi rya Dr Igabe ukekwaho gukoresha impamyabumenyi y’ikirenga, PhD, mpimbano, kandi iyi kaminuza izwi mu mpine nka AIU yiyemerera ubwayo ko ari yo yamwigishije, kandi yarangije amasomo.

HEC ivuga ko nyuma y’ubusesenguzi n’ubugenzuzi yakoze, yasanze AIU itemewe gukorera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho isanzwe ifite icyicaro gikuru, kandi n’icyemezo kiyemerera gukora byavugwaga ko cyatanzwe n’Ubwami bw’u Bwongereza kitemewe kuko cyatanzwe n’urwego rwitwa ASIC (Accreditation Service for International Colleges) rutari urwa Leta.

Ishingiye kuri aya makuru, iyi nama nkuru yemeje ko ibyemezo bihwanishwa impamyabumenyi zatangiwe mu mahanga (Equivalence) bijyanye na kaminuza ya AIU byose biteshejwe agaciro.

Irasaba abantu gushishoza mu gihe bashaka kwiga mu mashuri makuru, by’umwihariko avuga ko atangira amasomo kuri interineti.

hec.jpg

Soma Izindi Nkuru

12 Responses

  1. HEC yemeje ko kaminuza ya AIU Dr Igabe yizemo itemewe
    Muramurenganya. Iwacu hari benshi bafite bene izo diplomes babeshya bazikuye India mu mashuri atemewe cg muri Amerika y’amajyepfo yewe na Europe. Hari n’abategetsi bazifite.
    Urugero. Reba uwitwa prof. Tombola Gustave wahoze ULK na RTUC ahobyakuye PHD. Tubahe list? Ni benshi cyane. Jya muri private universities urebe. Uzumirwa

    1. HEC yemeje ko kaminuza ya AIU Dr Igabe yizemo itemewe
      Theorie du fait du Prince mes chers dirigeants. Niba muri ibyo bihugu bemera izo kaminuza, mwebwe abanyarwanda mufite ubuhe bubasha bwo kuvuga ko zitemewe?

    2. HEC yemeje ko kaminuza ya AIU Dr Igabe yizemo itemewe
      Theorie du fait du Prince mes chers dirigeants. Niba muri ibyo bihugu bemera izo kaminuza, mwebwe abanyarwanda mufite ubuhe bubasha bwo kuvuga ko zitemewe?

  2. HEC yemeje ko kaminuza ya AIU Dr Igabe yizemo itemewe
    Muramurenganya. Iwacu hari benshi bafite bene izo diplomes babeshya bazikuye India mu mashuri atemewe cg muri Amerika y’amajyepfo yewe na Europe. Hari n’abategetsi bazifite.
    Urugero. Reba uwitwa prof. Tombola Gustave wahoze ULK na RTUC ahobyakuye PHD. Tubahe list? Ni benshi cyane. Jya muri private universities urebe. Uzumirwa

  3. HEC yemeje ko kaminuza ya AIU Dr Igabe yizemo itemewe
    Kuba kaminuza se itemewe bivuga ko uwayizemo atize bityo agafungwa azura ko yahize

  4. HEC yemeje ko kaminuza ya AIU Dr Igabe yizemo itemewe
    Kuba kaminuza se itemewe bivuga ko uwayizemo atize bityo agafungwa azura ko yahize

  5. HEC yemeje ko kaminuza ya AIU Dr Igabe yizemo itemewe
    Kuba kaminuza se itemewe bivuga ko uwayizemo atize bityo agafungwa azura ko yahize

  6. HEC yemeje ko kaminuza ya AIU Dr Igabe yizemo itemewe
    Kuba kaminuza se itemewe bivuga ko uwayizemo atize bityo agafungwa azura ko yahize

  7. HEC yemeje ko kaminuza ya AIU Dr Igabe yizemo itemewe
    Kuba kaminuza se itemewe bivuga ko uwayizemo atize bityo agafungwa azura ko yahize

  8. HEC yemeje ko kaminuza ya AIU Dr Igabe yizemo itemewe
    Kuba kaminuza se itemewe bivuga ko uwayizemo atize bityo agafungwa azura ko yahize

  9. HEC yemeje ko kaminuza ya AIU Dr Igabe yizemo itemewe
    Kuba kaminuza se itemewe bivuga ko uwayizemo atize bityo agafungwa azura ko yahize

  10. HEC yemeje ko kaminuza ya AIU Dr Igabe yizemo itemewe
    Kuba kaminuza se itemewe bivuga ko uwayizemo atize bityo agafungwa azura ko yahize

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *