Yifuje ko ikibuno ke kiba kinini none cyamubereye umutwaro-AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Umusore ukomoka mu gihugu cya Nigeria, yashyize hanze amafoto y’umukunzi we avuga uburyo ashenguwe n’agahinda mu gihe uyu mukobwa yafashe imiti yifuza kugira ikibuno kinini kandi giteye neza, ku bw’ibyago yaje kwisanga cyabyimbye uruhande rumwe ubu akaba ari mu byango.
Uyu musore yitwa Emmanuel Chinedu Udoaku, nk’uko ikinyamakuru Afrika365 kibitangaza ngo umukunzi we yagiye yitera inshinge z’imiti yongera imisemburo.
Nyuma yaho aboneye ibi byago, nibwo yagiye akwirakwiza amafoto ku mbuga nkoranyambaga asaba ubufasha ubwo ari bwo bwose ku baba bafite umutima wo gutabara.
d1
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *