Abaturage batunguwe no guhabwa amakarita yo gutoreraho bakongezwa udukingirizo

Sangiza iyi nkuru

Mu gihugu cyu Haute Garrone gihana imbibi n’u Bufaransa, ishyaka ry’Abasosiyalisite ryatunguye abanyamuryango ba ryo ubwo ryabahaga amakarita y’itora bakongezwa udukingirizo.
Abaturage batangaje ko bidasanzwe kubona bahabwa udukingirizo dufungiranye n’udukarita tw’itora ndetse duherekejwe n’amagambo yerekana amaseezerano y’ubufatanye (Belle alliance populaire”
Ibitangazamakuru byo muri iki gihugu byatangaje koi bi byakozwe mu rwego rwo kurinda abaturage ndetse no kubereka ko bashyigikiwe mu kugira imibereho myiza.
Igikorwa cy’amatora ku banyamuryango b’iri shyaka muri kariya gace giteganyije ku cyumweru tariki ya 22 Mutarama 2017.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Uretse kubungabunga imibereho myiza y’abaturage babaha udukingirizo, komisiyo ishinzwe ibikorwa by’amatora itangaza koi bi byari no mu buryo bwo kubakundisha ubwoko bushya bw’udukingirizo.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *