Njye mfite ikibazo ngirango nisangije kuko mu bahungu barenga bane bose tumaze gukundana kandi turyamana nta numwe ubikora ngo numve ageze aho nifuza, naho nashakiye umugabo ntabwo ageza aho numva nezerewe.
Ubu sinzi icyo nakora kuko ngiye kuzahurwa n’abagabo kuko iyo ntekereje umugabo mba numva ngiye guta umwanya kuko turabikora nkumva ameze nk’urimo gukoza inyuma kandi mbishaka.
Ngerageza no kumufata mu mugongo nkamukurura ariko nkumva ntageramo neza, ndifuza ko mungira inama y’icyo nakora kuko niba ntarwaye ubanza ari abagabo bafite ubugabo bugufi nahuye nabo.
Ese koko naba nkeneye umugabo ufite igitsina kiki ? ese nibura umugabo ufite igitsina kinini kigomba kuba kireshya gite? Mumfashe kuko nanjye nkeneye kuryoherwa nk’abandi bagore di!
Uyu ni umusomyi wa Bwiza.com, utarashatse ko amazina ye atangazwa, aragisha inama nyuma y’isanganya yahuye naryo na n’ubu akaba atazi ikibazo afite, niba ari ubuto bw’igitsina cy’umugabo we cyangwa niba ari we ufite ikibazo cyo kutanyurwa ntasobanukirwa.
Ahanini izi nama ziba zireba abashakanye, kuko nk’urubyiruko rutarashaka nta gihe rudakangurirwa kwirinda ubusambanyi kuko rukuramo ingaruka nyinshi nko gutwara inda rudashoboye kurera, kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina,…
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Bwiza.com


