Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rufunze Ishimwe Dieudonné uyobora Rwanda Inspiration Backup itegura irushanwa rya Miss Rwanda, akaba akekwaho ibyaha bifitanye isano n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakoreye abakobwa bitabiriye iri rushanwa mu bihe bitandukanye.
Ishimwe Dieudonné yatawe muri yombi nyuma y’amakuru yagiye avugwa y’uko abakobwa bitabira Miss Rwanda basambanywa ndetse n’andi manyanga avugwa muri iri rushanwa.
Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid yatawe muri yombi ejo ku wa Mbere tariki ya 25 Mata.
Prince Kid kuri ubu afungiye kuri Station ya Remera mu gihe iperereza ku byaha akekwaho rikomeje kugira ngo dosiye y’ibyo ashinjwa ishyikirizwe Ubushinjacyaha.
IGIHE dukesha iyi nkuru yatangaje ko hari hashize igihe hari abakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda, bamaranye igihe akangononwa, nyuma y’uko Ishimwe yagiye abasaba ko baryamana kugira ngo bagere kure mu irushanwa.
Ngo abakobwa bamunyuraga imbere, harimo abo yasabaga ko baryamana, ubyemeye agahabwa amahirwe yo kugera kure mu irushanwa, mu gihe ubyanze we yananizwaga bikarangira avuyemo.
Bivugwa ko mu irushanwa ry’uyu mwaka, amajonjora y’ibanze ajya gutangira, habayemo ibibazo ku buryo hari n’abakobwa batangiye kuvuga ko bazashyira hanze amakuru yose y’ibibera muri iri rushanwa.
Uwatanze amakuru yavuze ko hari umukobwa wari waremeranyije na Ishimwe ko azamufasha kuba Miss Rwanda uyu mwaka.
Ngo abantu baje kubimenya, basaba ko bihinduka, bitaba ibyo nabo bagashyira hanze ukuri kose kw’ibibera muri iri rushanwa.
Ishimwe yatangiye gutegura Miss Rwanda mu 2014 binyuze muri Sosiyete yashinze yitwa Rwanda Inspiration BackUp.



22 Responses
Umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup akurikiranweho gusambanya abakobwa bagiye bitabira Miss Rwanda
Asanze ndimbati nibyo yashstse
Umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup akurikiranweho gusambanya abakobwa bagiye bitabira Miss Rwanda
Asanze ndimbati nibyo yashstse
Umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup akurikiranweho gusambanya abakobwa bagiye bitabira Miss Rwanda
Asanze ndimbati nibyo yashatse
Umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup akurikiranweho gusambanya abakobwa bagiye bitabira Miss Rwanda
Asanze ndimbati nibyo yashatse
Umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup akurikiranweho gusambanya abakobwa bagiye bitabira Miss Rwanda
Nimumureke yihangiye umurimo,kdi ntakiba kitazwi.Ese ubundi niba hajemo ubuhehesi ubwo bimaze iki,ari nkanjye ayo mafranga abigendamo buri mwaka nayaguriramo abaturage ibigega bibika amazi bakabitunga.
Umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup akurikiranweho gusambanya abakobwa bagiye bitabira Miss Rwanda
Nimumureke yihangiye umurimo,kdi ntakiba kitazwi.Ese ubundi niba hajemo ubuhehesi ubwo bimaze iki,ari nkanjye ayo mafranga abigendamo buri mwaka nayaguriramo abaturage ibigega bibika amazi bakabitunga.
Umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup akurikiranweho gusambanya abakobwa bagiye bitabira Miss Rwanda
Biramutse aribyo byaba bibabaje cyane. Ibaze Koko????. Hanyuma se ubwo bisobanuye ko hari ababa ba Nyampinga batabikwiye!!mbega we! Turavahe turajyahe? Dutegereze ibizava mu iperereza.
Umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup akurikiranweho gusambanya abakobwa bagiye bitabira Miss Rwanda
Biramutse aribyo byaba bibabaje cyane. Ibaze Koko????. Hanyuma se ubwo bisobanuye ko hari ababa ba Nyampinga batabikwiye!!mbega we! Turavahe turajyahe? Dutegereze ibizava mu iperereza.
Umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup akurikiranweho gusambanya abakobwa bagiye bitabira Miss Rwanda
Ibintu by’ubusambanyi ntaho bitaba ndumva kumufunga Atari umuti wikibazo ahubwo hahagarikwa irushanwa kuko ni umuntu nawe kandi ntamwere kwisi
Umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup akurikiranweho gusambanya abakobwa bagiye bitabira Miss Rwanda
Ibintu by’ubusambanyi ntaho bitaba ndumva kumufunga Atari umuti wikibazo ahubwo hahagarikwa irushanwa kuko ni umuntu nawe kandi ntamwere kwisi
Umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup akurikiranweho gusambanya abakobwa bagiye bitabira Miss Rwanda
Bazasuzumane ubwenge
Abantu babaye babi wasanga bari kumugambanira. Ko batabivuze mbere. Nishyari ryabantu Rib nikore akazikayo kandi izajye ishishoza nabo nabantu bashake ibihamya byose have mumashusho no mumajwi ibyonibiboneka nzemera nibitaboneka bizaba arubugambanyi.
Umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup akurikiranweho gusambanya abakobwa bagiye bitabira Miss Rwanda
Bazasuzumane ubwenge
Abantu babaye babi wasanga bari kumugambanira. Ko batabivuze mbere. Nishyari ryabantu Rib nikore akazikayo kandi izajye ishishoza nabo nabantu bashake ibihamya byose have mumashusho no mumajwi ibyonibiboneka nzemera nibitaboneka bizaba arubugambanyi.
Umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup akurikiranweho gusambanya abakobwa bagiye bitabira Miss Rwanda
Bazasuzumane ubwenge
Abantu babaye babi wasanga bari kumugambanira. Ko batabivuze mbere. Nishyari ryabantu Rib nikore akazikayo kandi izajye ishishoza nabo nabantu bashake ibihamya byose have mumashusho no mumajwi ibyonibiboneka nzemera nibitaboneka bizaba arubugambanyi.
Umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup akurikiranweho gusambanya abakobwa bagiye bitabira Miss Rwanda
Bazasuzumane ubwenge
Abantu babaye babi wasanga bari kumugambanira. Ko batabivuze mbere. Nishyari ryabantu Rib nikore akazikayo kandi izajye ishishoza nabo nabantu bashake ibihamya byose have mumashusho no mumajwi ibyonibiboneka nzemera nibitaboneka bizaba arubugambanyi.
Umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup akurikiranweho gusambanya abakobwa bagiye bitabira Miss Rwanda
Bazasuzumane ubwenge
Abantu babaye babi wasanga bari kumugambanira. Ko batabivuze mbere. Nishyari ryabantu Rib nikore akazikayo kandi izajye ishishoza nabo nabantu bashake ibihamya byose have mumashusho no mumajwi ibyonibiboneka nzemera nibitaboneka bizaba arubugambanyi.
Umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup akurikiranweho gusambanya abakobwa bagiye bitabira Miss Rwanda
Bazasuzumane ubwenge
Abantu babaye babi wasanga bari kumugambanira. Ko batabivuze mbere. Nishyari ryabantu Rib nikore akazikayo kandi izajye ishishoza nabo nabantu bashake ibihamya byose have mumashusho no mumajwi ibyonibiboneka nzemera nibitaboneka bizaba arubugambanyi.
Umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup akurikiranweho gusambanya abakobwa bagiye bitabira Miss Rwanda
Bazasuzumane ubwenge
Abantu babaye babi wasanga bari kumugambanira. Ko batabivuze mbere. Nishyari ryabantu Rib nikore akazikayo kandi izajye ishishoza nabo nabantu bashake ibihamya byose have mumashusho no mumajwi ibyonibiboneka nzemera nibitaboneka bizaba arubugambanyi.
Umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup akurikiranweho gusambanya abakobwa bagiye bitabira Miss Rwanda
Bazasuzumane ubwenge
Abantu babaye babi wasanga bari kumugambanira. Ko batabivuze mbere. Nishyari ryabantu Rib nikore akazikayo kandi izajye ishishoza nabo nabantu bashake ibihamya byose have mumashusho no mumajwi ibyonibiboneka nzemera nibitaboneka bizaba arubugambanyi.
Umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup akurikiranweho gusambanya abakobwa bagiye bitabira Miss Rwanda
Bazasuzumane ubwenge
Abantu babaye babi wasanga bari kumugambanira. Ko batabivuze mbere. Nishyari ryabantu Rib nikore akazikayo kandi izajye ishishoza nabo nabantu bashake ibihamya byose have mumashusho no mumajwi ibyonibiboneka nzemera nibitaboneka bizaba arubugambanyi.
Umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup akurikiranweho gusambanya abakobwa bagiye bitabira Miss Rwanda
Bazasuzumane ubwenge
Abantu babaye babi wasanga bari kumugambanira. Ko batabivuze mbere. Nishyari ryabantu Rib nikore akazikayo kandi izajye ishishoza nabo nabantu bashake ibihamya byose have mumashusho no mumajwi ibyonibiboneka nzemera nibitaboneka bizaba arubugambanyi.
Umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup akurikiranweho gusambanya abakobwa bagiye bitabira Miss Rwanda
Bjr nubundi biraboneka kuko mumarushanwa havamo ibisubizo bikemangwa na beshi ubwose dufite ba nyampinga cg nababyeyi but Rwanda Nako nibirumbo gahunda nuguhagarika iryo rushanwa kuko biri kwangiza abari biwacu I rwanda
Umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup akurikiranweho gusambanya abakobwa bagiye bitabira Miss Rwanda
Bjr nubundi biraboneka kuko mumarushanwa havamo ibisubizo bikemangwa na beshi ubwose dufite ba nyampinga cg nababyeyi but Rwanda Nako nibirumbo gahunda nuguhagarika iryo rushanwa kuko biri kwangiza abari biwacu I rwanda