Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda

Sangiza iyi nkuru

Amajwi yagiye ku karubanda yumvikanamo uwo bivugwa ko ari umuyobozi wa Rwanda Inspiration Back Up itegura irushanwa rya Miss Rwanda, Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid abwira Nshuti Muheto Divine ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda.

Muri aya majwi y’iminota 16 ashobora kuba yarafashwe mu ibanga (ubu akomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga zirimo Twitter na WhatsApp), uwo bivugwa ko ari Prince Kid cyangwa ‘Kid’ yumvikana aganira na ‘Muheto’, byumvikana ko bari mu modoka.

Kid abwira Muheto ko yakoze ikosa, agaragaza ko yamwishimiye, kandi ngo kuva ku munsi wa mbere yamurwaniye intambara atamuzi, atazi n’isura ye, yiyemeza kumuha buri kimwe akwiye ariko we aramutenguha.

Agira ati: “Kandi atari uko ntekereza ngo nzaryamana nawe kuko ntabwo nshobora kumva ngo ngiye kuryamana n’umuntu like money. Nashakaga kuguha ibyishimo I deserve you […]. Wowe ibyo byishimo umushakaho ntabwo abiguha kandi ikibazo si uko atanabiguhaye, nyine waguye muri…”

Akomeza avuga ko nta kintu gihambaye yamuha, keretse kumurwanirira kugira ngo atere imbere, agere ku byishimo. Ati: “Noneho ukibaza, if someone like Muheto adashobora kundwanira ishyaka njye murwanira, adashobora kumpa happiness njye muhaye. Kandi Muheto ntubona? In terms of akazi, my failure will be your failure.”

Uyu muntu yumvikana abwira Muheto ko ari mu bantu yifuza ko bakorana na nyuma yo kwegukana ikamba kandi ko yamukunze. Ati: “Muheto, to be honest, naragukunze not as a girlfriend-boyfriend.No, ha handi wumva ukunda umuntu, ‘uyu mwana ndamukunda’. Ibya girlfriend-boyfriend byo ni ibintu byizana. Birabyuka bikaza cyangwa ntibize. […] Muheto yanyimye happiness ariko I love you.”

Ku musozo w’iri jwi, bombi bamara umwanya bacecetse, hanyuma Muheto akamubwira ati: “Sawa, good night. Thank you for tonight, see you.” Na Kid amusubiza ati: “You take care.”

Iri jwi rigiye hanze nyuma y’iminsi ibiri urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) rutangaje ko rufunze Prince Kid guhera ku wa 25 Mata 2022, rumukurikiranyeho icyaha cy’ihohoterwa rishingiye ku gitsina akekwaho gukorera abakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda mu bihe bitandukanye.

Soma Izindi Nkuru

30 Responses

  1. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Rwose ntacyuma cyirara munyama bazashyireho umuyobozi wumugore

    1. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
      Tujye twirinda gukora ibintu Imana yaturemye itubuza,nibwo isi yose yagira amahoro.Nibwo ruswa,ubusambanyi,akarengane,ukwikubira.intambara,etc…byose byavaho.Kandi ababikora bose bajye bamenya ko Imana yashyizeho umunsi bose izabakura mu isi igasigaza abayumvira gusa.It is a matter of time.

    2. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
      Tujye twirinda gukora ibintu Imana yaturemye itubuza,nibwo isi yose yagira amahoro.Nibwo ruswa,ubusambanyi,akarengane,ukwikubira.intambara,etc…byose byavaho.Kandi ababikora bose bajye bamenya ko Imana yashyizeho umunsi bose izabakura mu isi igasigaza abayumvira gusa.It is a matter of time.

    3. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
      Mu mategeko ibiganiro prive ni ukuvuga hagati y’abantu ba biri ntibona icyaha. Ahubwo Uwabishyize ku gasozi akabigira public niwe ukurikiranwa.ikindi amagambo hagati y’abantu babiri umwe azaba undi nta agahato ntibona icyaha. Kandi umukobwa avuga ko yanze undi nawe nta ngufu, ntiyanamutesheje amahirwe kiki yanitsindiye kuba miss Rwanda. Icyaha ni morale apana pénal.nta lisa mu mategeko uriya mugabo yakoze na busa uko mbisoma.

    4. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
      Mu mategeko ibiganiro prive ni ukuvuga hagati y’abantu ba biri ntibona icyaha. Ahubwo Uwabishyize ku gasozi akabigira public niwe ukurikiranwa.ikindi amagambo hagati y’abantu babiri umwe azaba undi nta agahato ntibona icyaha. Kandi umukobwa avuga ko yanze undi nawe nta ngufu, ntiyanamutesheje amahirwe kiki yanitsindiye kuba miss Rwanda. Icyaha ni morale apana pénal.nta lisa mu mategeko uriya mugabo yakoze na busa uko mbisoma.

  2. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Rwose ntacyuma cyirara munyama bazashyireho umuyobozi wumugore

  3. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Ibi bintu njyewe ndabona harimo deal ntazi uko iromo gukorwa pee, kuko ukurikiranye amajwi aba bantu bari mumudoka ntabwo hari kuri phone peee, nuko nta lab yasesengura iyi audio ariko……. bakanamenya mbese niba ari mbere cyangwa nyuma yuko ikamba rya Miss ritangwa

  4. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Ibi bintu njyewe ndabona harimo deal ntazi uko iromo gukorwa pee, kuko ukurikiranye amajwi aba bantu bari mumudoka ntabwo hari kuri phone peee, nuko nta lab yasesengura iyi audio ariko……. bakanamenya mbese niba ari mbere cyangwa nyuma yuko ikamba rya Miss ritangwa

  5. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    KWANDIKA UBUSA.COM!

  6. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    KWANDIKA UBUSA.COM!

  7. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Aho ukuri kuri kuzagaragara abo ba miss nibatanga amakuru Neza ntacyo bahishe ntakabuza ukuri kuzagaragara murakoze

  8. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Aho ukuri kuri kuzagaragara abo ba miss nibatanga amakuru Neza ntacyo bahishe ntakabuza ukuri kuzagaragara murakoze

  9. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Siwe wenyine.Abantu bakora ubuhehesi ni millions na millions ku isi hose.Nibwo busenya ingo,ndetse bugateza ubwicanyi.Buhesha abagore n’abakobwa benshi akazi keza na promotion.Abandi bubahesha amamodoka,amazu,etc…
    Gusa bajye bibuka ko imana yaturemye itubuza kugurisha umubiri yaduhereye ubuntu kandi ko abasambanyi batazaba muli paradizo.Nicyo gihano gisumba ibindi byose.

  10. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Siwe wenyine.Abantu bakora ubuhehesi ni millions na millions ku isi hose.Nibwo busenya ingo,ndetse bugateza ubwicanyi.Buhesha abagore n’abakobwa benshi akazi keza na promotion.Abandi bubahesha amamodoka,amazu,etc…
    Gusa bajye bibuka ko imana yaturemye itubuza kugurisha umubiri yaduhereye ubuntu kandi ko abasambanyi batazaba muli paradizo.Nicyo gihano gisumba ibindi byose.

  11. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Mwaratse ibyobintubazabisesengureneza kugirango hatazagira ubirenganiramo cyaneko mubiheturimo heze ubutekamutwe murakoze

  12. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Mwaratse ibyobintubazabisesengureneza kugirango hatazagira ubirenganiramo cyaneko mubiheturimo heze ubutekamutwe murakoze

  13. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Mwaratse ibyobintubazabisesengureneza kugirango hatazagira ubirenganiramo cyaneko mubiheturimo heze ubutekamutwe murakoze

  14. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Mwaratse ibyobintubazabisesengureneza kugirango hatazagira ubirenganiramo cyaneko mubiheturimo heze ubutekamutwe murakoze

  15. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Ntabirenze nabazafata umwanzuro wa nyuma ibyo nibyo biberamo. reka tuvuge tuziga.

  16. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Ntabirenze nabazafata umwanzuro wa nyuma ibyo nibyo biberamo. reka tuvuge tuziga.

  17. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Ahaaaa! Ubuhehesi muri iyi minsi bwateye imbere gusa abakobwa nkabo batinyuka bakavuga ihohoterwa bakorewe nibo bakenewe mu muryango nyarwanda kuko bizatuma ibyaha nkibyo bigabanuka

  18. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Ahaaaa! Ubuhehesi muri iyi minsi bwateye imbere gusa abakobwa nkabo batinyuka bakavuga ihohoterwa bakorewe nibo bakenewe mu muryango nyarwanda kuko bizatuma ibyaha nkibyo bigabanuka

  19. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Niba prince kid ari umusore akaba yarateretaga gukunda bibaho nawe wakunda

  20. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Niba prince kid ari umusore akaba yarateretaga gukunda bibaho nawe wakunda

  21. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Niba prince kid ari umusore akaba yarateretaga gukunda bibaho nawe wakunda

  22. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Niba prince kid ari umusore akaba yarateretaga gukunda bibaho nawe wakunda

  23. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Niba prince kid ari umusore akaba yarateretaga gukunda bibaho nawe wakunda

  24. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Niba prince kid ari umusore akaba yarateretaga gukunda bibaho nawe wakunda

  25. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Ese uwo muyobozi niwe wenyine utanga ikamba ko hari nabajaji benshi keretse niba abategeka uwo bariha ababishinzwe bashishoze hataza kubamo akagambane pe kuko niba yaranamuterese agira ibyo amusaba ndumva ntabifata nkaruswa kuko ntacyo yamwijeje kumuha nyuma yokuryamana nawe kd bumve niba ayo majwi arayavuba cg arayambere ya miss rwanda

  26. Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
    Ese uwo muyobozi niwe wenyine utanga ikamba ko hari nabajaji benshi keretse niba abategeka uwo bariha ababishinzwe bashishoze hataza kubamo akagambane pe kuko niba yaranamuterese agira ibyo amusaba ndumva ntabifata nkaruswa kuko ntacyo yamwijeje kumuha nyuma yokuryamana nawe kd bumve niba ayo majwi arayavuba cg arayambere ya miss rwanda

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *