Itangazo ryo guhindura izina akitwa NIYITANGA JAMES
Abadepite bo mu Budage bemeye ko intwaro ziremereye zoherezwa muri Ukraine
Abadepite bo mu Budage bamaze kwemerera guverinoma kohereza intwaro ziremereye muri Ukraine kugira ngo zifashe ingabo z’iki gihugu mu ntambara zihanganyemo n’u Burusiya. Tariki ya 26 Mata 2022, ni bwo Minisitiri w’ingabo w’u Budage, Christine Lambrecht yemeje ko guverinoma yemeye kohereza intwaro ziremereye zirimo ibifaru byitwa Guepard muri Ukraine, gusa bikaba byaragombaga kwemezwa n’abagize inteko […]
Perezida Samia Suluhu yasubije abamwise Rambo na Schwarzenegger ubwo yari muri USA

Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yasubije abamwise abakinnyi ba filimi z’intambara b’ibyamamare: John Rambo na Arnold Schwarzenegger ubwo yari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA). Uyu Mukuru w’Igihugu yari yaragiye muri USA kwifatanya n’abanya-Tanzania kumurika filimi mbarankuru ‘Tanzania: The Royal Tour’ yakinnyemo, yamamaza ibyiza nyaburanga by’igihugu bikwiye gusurwa na […]
Ethiopia: Abagera kuri 20 biciwe mu gitero cy’intagondwa z’Abakirisitu ku Bayisilamu bo muri Amhara
Byibuze abantu 20 bishwe muri Gondar, umujyi wo mu ntara ya Amhara yo mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Ethiopia, mu gitero cyagabwe n’intagondwa z’abakirisitu mu gihe cyo gushyingura umusilamu waho ukomeye, nk’uko byatangajwe n’umuryango wa kisilamu. Igitero kiyobowe n “intagondwa z’Abakirisitu” Umuyobozi w’akarere ka Gondar, Zewdu Malede, yabajijwe na radiyo na televiziyo bya Ethiopia, EBC, yemeza […]
Ivuguruye: Mino Raiola byari byatangajwe ko yapfuye yatangaje ko ari muzima
Nyuma y’uko bitangajwe ko Mino Raiola uhagarariye inyungu za benshi mu bakinnyi bakomeye b’umupira w’amaguru ku Isi yitabye Imana kuri uyu wa Kane, uyu mutaliyani yatangaje ko akiri muzima. Railo usanzwe ari umu-agent wa benshi mu bakinnyi bakomeye ku Isi ashinzwe gushakira amakipe nka Zlatan Ibrahimovic wa AC Milan, Paul Pogba wa Manchester United, Erling […]
La FDA rappelle des produits au chocolat Kinder à cause de la salmonelle
L’Autorité rwandaise de l’alimentation et des médicaments a retiré jeudi 28 avril les produits au chocolat Kinder, soupçonnés d’être contaminés par la salmonelle, une bactérie qui provoque une intoxication alimentaire, selon un communiqué publié plus tôt dans la journée par le régulateur. “Il est également fait référence à la communication du fabricant, FERRERO, qui a […]
Urukiko rwatesheje agaciro ubujurire bwa Ndimbati

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatesheje agaciro ubujurire bwa Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati, ku ifungwa ry’agateganyo. Tariki ya 28 Werurwe 2022, urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rwakatiye Ndimbati igifungo cy’iminsi 30 y’agateganyo, yoherezwa muri gereza ya Nyarugenge. Yarajuriye, mu iburanisha ryabareye mu rukiko rwisumbuye tariki ya 25 Mata, Ndimbati yasabye ko yafungurwa by’agateganyo kugira ngo […]
Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
Amajwi yagiye ku karubanda yumvikanamo uwo bivugwa ko ari umuyobozi wa Rwanda Inspiration Back Up itegura irushanwa rya Miss Rwanda, Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid abwira Nshuti Muheto Divine ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda. Muri aya majwi y’iminota 16 ashobora kuba yarafashwe mu ibanga (ubu akomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga zirimo Twitter na WhatsApp), […]
Burundi: Umuhanzi Olègue Baraka yamaze kugezwa muri Gereza Nkuru ya Bujumbura izwi nka Mpimba
Umuhanzi w’Umurundi Olègue Baraka guhera kuri uyuwa Kabiri ushize afungiye muri Gereza Nkuru ya Bujumbura bakunze kwita Mpimba, akurikiranyweho “gutesha agaciro imico myiza”. Umuryango we hamwe n’umwunganizi we mu mategeko bemereye urubuga rwa SOS Media Burundi ko uyu muhanzi ukiri muto yoherejwe muri Gereza ya Bujumbura (umujyi w’ubucuruzi). Umwunganizi we, Jean Muvayo yagize ati: “Nahamagaye […]
Leta y’u Bwongereza ibona ingabo z’u Burusiya zikwiye gukurwa byihuse muri Ukraine yose
Guverinoma y’u Bwongereza ibona ingabo z’u Burusiya zikwiye gukurwa byihuse ku butaka bwa Ukraine bwose, byaba na ngombwa zikanakurwa mu gace ka Crimea zafashe mu mwaka w’2014. Ni ibyatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n’amahanga, Liz Truss, na Ben Wellace ushinze ingabo nk’uko ikinyamakuru Sky News kibivuga. Truss mu kiganiro yitabiriye mu biro bya Meya […]
Umunyamerika wari umaze imyaka 31 afunzwe arengana yarakatiwe burundu yagizwe umwere

Umunyamerika wakatiwe igifungo cya burundu arengana mu myaka 31 ishize yarekuwe kuri uyu wa Gatatu, itariki 27 Mata. Thomas Raynard James w’imyaka 55 yahamijwe icyaha cy’ubwicanyi mu gihe cy’ubujura buciye icyuho mu 1990 i Miami, hashingiwe ku buhamya bw’umuntu umwe wavugaga ko yabyiboneye. Uyu yemeye ko “yibeshye”. Ikinyamakuru cyo muri Amerika, The New York Times, […]
Abakinnyi batatu ba PSG barimo Sergio Ramos bategerejwe mu Rwanda
Abakinnyi batatu n’ikipe ya Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa, bitezweho gusura u Rwanda mu mpera z’iki cyumweru. Batatu bategerejwe hano mu Rwanda barimo myugariro Sergio Ramos wahoze ari Kapiteni wa Real Madrid y’iwabo muri Espagne, umunyezamu Keylor Navas ukomoka muri Costa Rica cyo kimwe na rutahizamu w’Umudage Julian Draxler. Byitezwe ko bazasura u Rwanda ku […]
Perezidansi y’ u Rwanda yasubije Julius Malema wavuze ko kohereza abimukira ari ‘ nk’ubucuruzi bw’abacakara bwabayeho mu myaka yatambutse’
Umuvugizi w’Ibiro by’Umukuru w’u Rwanda, Stephanie Nyombayire yasubije Umuyobozi w’ishyaka Economic Freedom Fighters, EFF, ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Afurika y’Epfo, Julius Sello Malema, amusaba kubanza kumva impamvu u Rwanda rwiyemeje kwakira abimukira bari mu Bwongereza, mbere yo kunenga iki cyemezo yagerereanyije n’ubucuruzi bw’abacakara. Mu ijambo yavugiye mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 28 ya Demokarasi y’ukwishyira ukizana […]
Adil uvuga ko nta masezerano agifitanye na APR FC yavuze igihe azatandukanira na yo
Umutoza Mohammed Adil Erradi w’ikipe ya APR FC, yatangaje ko nta masezerano afitanye n’iyi kipe ko ahubwo akorera ku mahame agendanye n’intego z’iyi kipe; bityo ko izi ntego nizigerwaho azagenda. Uyu munya-Maroc yabigarutseho mu kiganiro n’itangazamakuru, nyuma y’umukino ubanza wa 1/4 cy’Igikombe cy’Amahoro APR FC yatsinzemo Marines FC ibitego 2-0. Ibitego byombi byatsinzwe na Kwitonda […]
U Bwongereza: Ikibazo cy’umudepite urebera filimi z’urukozasoni mu nteko cyateje impagarara
Umuhwituzi wa Guverinoma y’u Bwongereza, ushinzwe ishyirwa mu bikorwa rya za politiki, yatangiye iperereza nyuma y’uko abadepite b’abagore bo mu ishyaka rya Boris Johnson bitotombeye umwe muri bagenzi babo w’umugabo bashinja kurebera kuri terefone ye filimi z’urukozasoni ari mu cyumba cy’inteko ishinga amategeko. Ibitangazamakuru byo mu Bwongereza bivuga ko itsinda ry’abadepite b’abagore bo mu ishyaka […]
U Burusiya bwakupiye gaz ibihugu bya Pologne na Bulgaria
Ikigo cya leta y’u Burusiya gishinzwe ubucukuzi n’ubucuruzi bwa gaz kuri uyu wa Gatatu cyakupiye gaz ibihugu bya Pologne na Bulgaria, nk’intambwe iheruka mu ntambara y’ubukungu ifitanye isano n’igitero cy’u Burusiya muri Ukraine. U Burusiya bwasabye ko ibihugu by’i Burayi, ibyinshi muri byo byishingikiriza u Burusiya mu kubona igice kinini cy’ingufu bikoresha, bigomba kwishyura gaz […]
1,000 teachers leave the profession every month- Education Minister Dr Mujawamaliya
Rwanda’s Education Minister Dr Uwamariya Valentine recently told a gathering that 1,000 teachers leave the profession every month, The Chronicles wrote on Twitter April 26, 2022. The development means that government has to constantly recruit teachers. “What in your opinion needs to be done to keep our educators in class?” The Chronicles asked on Twitter. […]
Rubavu: Urukiko rwakatiye umugore waregwaga kwica umugabo we amukubise isuka
Umugore witwa Munganyinka Bibiane wo mu Karere ka Ngororero wari ukurikiranweho n’ubushinjacyaha icyaha cyo kwica umugabo we, yakatiwe igihano cy’igmyaka 25 y’igifungo mu mpera z’icyumweru gishize nyuma yo kumuhamya icyaha. Urukiko rwisumbuye rwa Rubavu nirwo rwasomye urubanza Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Rubavu bwaregagamo Munganyinka icyaha cyo kwica umugabo we biturutse ku bushake yakoze kuwa […]
Mali irashinja u Bufaransa ibikorwa by’ubutasi ku ngabo zayo nyuma y’amashusho ya drone
Guverinoma ya gisirikare cya Mali yashinje u Bufaransa ubutasi nyuma y’uko ingabo z’u Bufaransa zishyize ahagaragara amashusho y’indege zitagira abaderevu agaragaza ibyo zavugaga ko ari abacanshuro b’u Burusiya bategura imva rusange hafi y’ikigo cya gisirikare Abafaransa basubije Mali. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri ushize, Guverinoma ya gisirikare ya Mali yashinje u Bufaransa kuneka […]
Inama za Perezida Kenyatta ku mitwe yitwaje intwaro ikorera muri RDC
Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya yahamagariye imitwe yitwaje intwaro itandukanye ikorera muri Congo Kinshasa kuzirambika hasi, ahubwo igakorana na Perezida Félix mu guharanira amahoro n’umutekano mu burasirazuba bwa kiriya gihugu. Ni ubutumwa bwa videwo ya Kenyatta bwatambukijwe ejo ku wa Gatatu, ubwo hakomezaga ibiganiro biri guhuza Leta ya Congo n’imitwe yitwaje intwaro ikorera ku butaka […]
FARDC yatangaje ko irakomeza kurasa ku barwanyi ba M23 yemeza ko bakwiye imishwaro
Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko kirakomeza kurasa ku barwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 cyemeza ko bakwiye imishwaro. Mu rukerera rwo kuri uyu wa 27 Mata 2022, FARDC yemeje ko yagabye igitero ku birindiro bya M23 mu gace ka Bugusa gaherereye muri gurupoma ya Jomba, teritwari ya Rutshuru mu ntara […]
Lt Gen. Kainerugaba yateguye irushanwa rya ba Generals n’abadepite

Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni usanzwe ari umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba, yateguye irushanwa ry’umupira w’amaguru rirahuza ba Generals n’abadepite. Ni mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 48 y’amavuko y’uyu musirikare, yabaye tariki ya 24 Mata 2022. Nk’uko bigaragara ku itangazo, urutonde rw’abahagararira ingabo za Uganda muri iri rushanwa […]
Abadepite baguye mu kantu bumvise uturere twibasirwa n’ibiza nka Karongi na Ngororero nta Frw yo kubikumira dufite

Bamwe mu badepite batangaje ko bahangayikishijwe no kuba uturere turimo Karongi na Ngororero nta ngengo y’imari dufite yo guhangana n’ibiza kandi tuza ku isonga mu kwibasirwa nabyo. Muri iki gihe cy’itumba hirya no hino mu gihugu, haravugwa ikibazo cy’ibiza biterwa n’imvura idasanzwe ikomeje kugwa ikangiza imitungo y’abaturage ndetse abandi igahitana ubuzima bwabo. Kugira ngo inzego […]
Putin yavuze ko igihugu cyose cyivanze mu ntambara yo muri Ukraine azakirasaho intwaro kirimbuzi
Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yatangaje ko buri gihugu cyose cyatinyutse kwivanga mu ntambara y’u Burusiya na Ukraine azakirasaho intwaro kirimbuzi nibiramuka bibaye ngombwa. Perezida Putin yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Mata, ubwo yagezaga ijambo ku bagize inteko ishinga amategeko y’igihugu cye i St Petersburg. Yavuze ko igisubizo cye ku bihugu byivanze […]