zele.jpg

Perezida Zelensky n’umugore we ntibakibana kuva u Burusiya bwatangiza ibitero muri Ukraine

Sangiza iyi nkuru

Umugore wa Perezida wa Repubulika ya Ukraine, Olena Zelenska, yahishuye ko atakibana n’umugabo we, Volodymyr Zelensky, kuva ingabo z’u Burusiya zatangiza ibitero gihugu cyabo muri Gashyantare 2022.

Mu kiganiro cyo kuri telefone aherutse kugirana n’ikinyamakuru cy’iwabo mbere ya tariki ya 17 Gicurasi, nk’uko Fox News ibivuga, Olena yasobanuye ko umugabo we aba mu kazi. Ati: “Umuryango waratandukanye. Aba ku kazi. Amezi abiri n’igice arashize tutabonana, tuvugana gusa kuri telefone. Turategereje nk’uko imiryango yose yo muri Ukraine itegereje.”

Olena yasobanuye ko mu gitondo ingabo z’u Burusiya zatangiye kugaba ibitero muri Ukraine, we n’abana babiri, Aleksandra na Kiril, bahise bavanwa mu murwa mukuru, Kyiv.

Tariki ya 17 Gicurasi 2022 ni bwo Olena na Zelensky bongeye guhura. Bari bitabiriye umuhango wo gushyingura Leonid Kravchuk wabaye Perezida wa mbere wa Ukraine kuva yabona ubwigenge, wabereye muri Kyiv.
zele.jpg

Soma Izindi Nkuru

10 Responses

  1. Perezida Zelensky n’umugore we ntibakibana kuva u Burusiya bwatangiza ibitero muri Ukraine
    Ariko,ikrene irageramiwe,harakeneyekumvikana

  2. Perezida Zelensky n’umugore we ntibakibana kuva u Burusiya bwatangiza ibitero muri Ukraine
    Ariko,ikrene irageramiwe,harakeneyekumvikana

  3. Perezida Zelensky n’umugore we ntibakibana kuva u Burusiya bwatangiza ibitero muri Ukraine
    Ariko,ikrene irageramiwe,harakeneyekumvikana

  4. Perezida Zelensky n’umugore we ntibakibana kuva u Burusiya bwatangiza ibitero muri Ukraine
    Ariko,ikrene irageramiwe,harakeneyekumvikana

  5. Perezida Zelensky n’umugore we ntibakibana kuva u Burusiya bwatangiza ibitero muri Ukraine
    Ariko,ikrene irageramiwe,harakeneyekumvikana

  6. Perezida Zelensky n’umugore we ntibakibana kuva u Burusiya bwatangiza ibitero muri Ukraine
    Ariko,ikrene irageramiwe,harakeneyekumvikana

  7. Perezida Zelensky n’umugore we ntibakibana kuva u Burusiya bwatangiza ibitero muri Ukraine
    Ariko,ikrene irageramiwe,harakeneyekumvikana

  8. Perezida Zelensky n’umugore we ntibakibana kuva u Burusiya bwatangiza ibitero muri Ukraine
    Ariko,ikrene irageramiwe,harakeneyekumvikana

  9. Perezida Zelensky n’umugore we ntibakibana kuva u Burusiya bwatangiza ibitero muri Ukraine
    Ariko,ikrene irageramiwe,harakeneyekumvikana

  10. Perezida Zelensky n’umugore we ntibakibana kuva u Burusiya bwatangiza ibitero muri Ukraine
    Ariko,ikrene irageramiwe,harakeneyekumvikana

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *