Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri idasanzwe yo ku wa 03/02/2017

Sangiza iyi nkuru

None ku wa Gatanu, tariki ya 3 Gashyantare 2017, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe
yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri yatangiye yishimira icyizere Abakuru b’Ibihugu b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bongeye kugaragariza Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul KAGAME, bahereye kuri gahunda y’ivugurura ry’uwo Muryango yabagejejeho ubwo bari bateraniye mu nama ya 28 yawo yabereye i Addis Ababa, kuva ku itariki ya 30 kugeza ku ya 31 Mutarama 2017.
Ashingiye ku bubasha ahabwa n’amategeko, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika
yamenyesheje Inama y’Abaminisitiri ko yahaye imbabazi abana batsinze neza mu bizamini bisoza amashuri abanza n’ayisumbuye, bari barakatiwe, Urwego rw’Imfungwa n’Abagororwa rukabafasha gukomeza kwiga bafunze.
kanda-hano-usome-itangazo-ryose
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *