Ku myaka 70 yafashwe asambana n’umwuzukuru we w’imyaka 20-AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Ibi byabereye mu gace gaherereye mu Majyaruguru ya Kenya, aho umukecuru w’imyaka 70 yaguwe hejuru asambana n’umwuzukuru we w’imyaka 20 y’amavuko.
Uyu mukecuru wafashwe n’ikimwaro imbere y’imbaga, yabuze icyo yireguza atangaza ko ako gasore kamufashaga kogosha inshya (poils pubiens), ko batasambanaga.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Abaturage bo muri ako gace bakaba baratangaje ko bari basanzwe bafite amakuru ko uwo musore ahora aryamana na nyirakuru, ko ari we wabyisabiye uwo mwana.
Gusa nyuma yo gufatwa dore ko byasaga nk’amahano, bafashwe amafoto akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga, buri wese yirebera ayo mahano y’umukecuru n’umwuzukuru we.
po
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *