Abantu 13 bamaze guhitanwa n'uburozi bahawe na Pasiteri ngo arerekana ibitangaza

Sangiza iyi nkuru

Abantu 13 bamaze guhitanwa n’amazi ahumanyije bahawe na pasiteri witwa Monyeki, mu gihe abandi 5 bakiri mu bitari ubuzima bwabo bukaba na bwo buri mu kaga gakomeye.
fb_img_1486468113159
Uyu mupasiteri wo muri Repubulika y’Afurika y’Epfo yahaye abayoboke b’idini rye amazi yavanze n’umuti wica imbeba kuri uyu wa mbere ababwira ko agiye kubereka ibitangaza ko nt cyo bari bube ndetse ko ari kubakiza ibyaha.
rattex-2
Kugeza ubu abantu bagera kuri 13 bamaze kwitaba Imana mu gihe abandi bagikurikiranywe kwa muganga.
Ibitangazamakuru byo muri kiriya gihugu biravuga ko uyu mupasiteri yahise acika ubu akaba ari guhigwa bukware nyuma yo gusiga akoze ibara.
rattex-4
Bamwe mu bayoboke batabashije kunywa kuri ubwo burozi batangaza ko aba babunyweye bamaze kumva batameze neza mu nda, babajije uwo murozi niba bashobora kujya kwa muganga cyangwa bakanywa amata bakoroherwa akabangira ababwira ko imbaraga z’Imana zidakora muri ubwo buryo ko bagomba gutegereza uko biri bugende.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Uyu mupasitei yagiye gucika avuga ko abapfuye mbere bagomba kuba banyweye byinshia riko yumvise amakuru ko abayoboke be bashiriye mu bitaro ahita ahunga ubu akaba akiri gushakishwa.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *