Ibibazo 10 benshi bibaza ku kunyara k’umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina (igice cya 2)

Sangiza iyi nkuru

Mu nkuru iheruka twari twijeje abasomyi b’inkuru z’urukundo n’amabanga y’urugo ko tuzabagezaho ikibazo cya kabiri mu icumi benshi bibaza ku kunyara k’umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.
Ikibazo cya kabiri nacyo cyabajijwe n’umusomyi aho yagize ati: “Ese umugore ashobora kwinyaza bigakunda, akaba yanyara nta mugabo urimo kumutera akabariro”?
Igisubizo: Birashoboka ko umugore cyangwa umukobwa yakwinyaza bigakunda, bishoboka iyo yikinisha akaba yakoresha intoki ze bwite cyangwa ikindi gikoresho, mu bageze ku iterambere bo bakoresha ibitsina by’abagabo bicometse ku muriro (penis Electric).
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Iyo yikinisha intekerezo ze zose aba yazerekeje ku mibonano mpuzabitsina rimwe na rimwe akaba afite umuntu yishizemo ko barimo kubikorana. Aranyara pe zikenda kumushiramo.
Ikinyamakuru topsante, gitangaza ko nubwo umugore yikinisha akagera ku byishimo bya nyuma (orgasme) aribyo twita kurangiza k’umugore ndetse akananyara nkuko abyifuza ariko bigira ingaruka ku bwonko bwe ndetse n’ubuzima bwe muri rusange.
Umugore wikinishije kenshi arangirika mu bwonko, ndetse anagera ku rwego yumva atagikeneye umugabo, kuko igihe cyose ashatse imibonano mpuzabitsina ahita abyikorera yikinisha.
Uretse ibi kandi, hari bamwe mu bakobwa cyangwa abagore bakubwira ko bajya bicara akumva amavangingo araje atanigeze atekereza umugabo kandi yajya kureba agasanga atari ya matembabuzi ava mu gitsina ahubwo ari amavangingo nyayo, aha nakugira inama yo kugana muganga akagukorera ibizamini hari igihe aba ari ikibazo cy’imisemburo.
Ikibazo cya Gatatu n’igisubizo cyacyo, mu nkuru itaha.
Ikibazo cya mbere cyagiraga giti:
Tanga igitekerezo cyawe cyangwa icyo wongera kuri ibi, ufite ikibazo twandikire kuri kamikazigentille08@gmail.com, Watsapp 0785058200.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *