NIDA yibukije ko kugendana indangamuntu ari itegeko isaba ibigo kutazajya bisigarana iz’ababigana

Sangiza iyi nkuru

Ikigo cy’Igihugu GishinzweIrangamuntu (NIDA) cyasabye ibitaro, inzego za leta n’ibigo bitandukanye kutazongera gusigarana indangamuntu z’abantu babigana bashaka serivisi zitandukanye, rimwe na rimwe, bikarangira banazibuze bagatangira urugendo rwo gushaka izindi nshya kubera impamvu yasobanuye zirimo n’itegeko rivuga ko umuntu wese aba agomba kugendana indangamuntu kandi kutayigendana bihanwa n’amategeko.

Mu itangazo NIDA iheruka gushyira ahagaragara, isobanura ko hashingiwe ku itegeko no 14/2008 yo ku wa 04/6/2008 rigena iyandikwa ry’abaturage n’itangwa ry’ikarita ndangamuntu ku Banyarwanda, cyane cyane ibiteganywaa mu ngingo ya 11 n’iya 12, ziteganya ko gutunga no kugendana ikarita ndangamuntu ari itegeko ku Munyarwanda wese wujuje imyaka 16, kandi ko “kutagendana ikarita ndangamuntu bihanwa n’amategeko”,

NIDA yongeyeho ko kandi hashingiwe ku bibazo by’abantu basaba kongera guhabwa ikarita ndangamuntu kubera ko izindi bazita mu bigo bajya gusabamo serivisi, inejejwe no kwibutsa ibigo bya leta, abigenga hamwe n’inzego zose za leta, ko mu rwego rwo kubahiriza ibiteganywa n’amategeko atari ngombwa gusigarana indangamuntu y’umuntu mu gihe aje gusaba serivisi, ko ahubwo byaba byiza kumwandika mu itabo agasubizwa indangamuntu ye.

Iri tangazo ryashyizweho umukono n’Umuobozi Mukuru wa NIDA, Mukesha Josephine, risoza ryibutsa ibigo bifite indangamuntu z’abaturagen’abazitoye kuzishyikiriza urwego rwa polisi rubegereye, ibiro bya RIB cyangwa Ibiro bikuru bya NIDA.

Soma Izindi Nkuru

14 Responses

  1. NIDA yibukije ko kugendana indangamuntu ari itegeko isaba ibigo kutazajya bisigarana iz’ababigana
    Njyewe mfite igitekerezo muzakigeze kuri NIDA CYO kuzareba ahantu Wenda nk’inyuma ku Ndangamuntu bajya bashyiraho nomero ya telephone ya nyirayo ikaba igaragara neza nkuko nomero y’indangamuntu igaragara.ibyo bizatuma igihe umuntu wayitaye uzayitora wese azajya ahita amuhamagara kdi mwibuke ko umubare munini w’abanyarwanda ufite telefone zibabaruweho CG se hakajyaho nomero ya telefone y’umubyeyi we nk’igihe uyihawe Ari umwana ufite imyaka 16 akaba adafite nomero imubaruyeho.ikindi bizatuma n’abantu bahindagura nomero za telefone bitaborohera gukomeza kuzihindagura kuko iyo izaba iri ku indangamuntu nayo izaba ibarwa mu byangombwa bye.Murakoze

    1. NIDA yibukije ko kugendana indangamuntu ari itegeko isaba ibigo kutazajya bisigarana iz’ababigana
      Icyo gitekerezo nicyiza bazarebe bagikorereko.

    2. NIDA yibukije ko kugendana indangamuntu ari itegeko isaba ibigo kutazajya bisigarana iz’ababigana
      Icyo gitekerezo nicyiza bazarebe bagikorereko.

  2. NIDA yibukije ko kugendana indangamuntu ari itegeko isaba ibigo kutazajya bisigarana iz’ababigana
    Njyewe mfite igitekerezo muzakigeze kuri NIDA CYO kuzareba ahantu Wenda nk’inyuma ku Ndangamuntu bajya bashyiraho nomero ya telephone ya nyirayo ikaba igaragara neza nkuko nomero y’indangamuntu igaragara.ibyo bizatuma igihe umuntu wayitaye uzayitora wese azajya ahita amuhamagara kdi mwibuke ko umubare munini w’abanyarwanda ufite telefone zibabaruweho CG se hakajyaho nomero ya telefone y’umubyeyi we nk’igihe uyihawe Ari umwana ufite imyaka 16 akaba adafite nomero imubaruyeho.ikindi bizatuma n’abantu bahindagura nomero za telefone bitaborohera gukomeza kuzihindagura kuko iyo izaba iri ku indangamuntu nayo izaba ibarwa mu byangombwa bye.Murakoze

  3. NIDA yibukije ko kugendana indangamuntu ari itegeko isaba ibigo kutazajya bisigarana iz’ababigana
    Gusaba kongererwa izina ku lD

  4. NIDA yibukije ko kugendana indangamuntu ari itegeko isaba ibigo kutazajya bisigarana iz’ababigana
    Gusaba kongererwa izina ku lD

  5. NIDA yibukije ko kugendana indangamuntu ari itegeko isaba ibigo kutazajya bisigarana iz’ababigana
    Murahoneza nkibisanzwe ni wamukunziwanyu ndirubavu mubyukuri ndagirango muzababaze ngo kuko iyohagarsgaye amakosa ku indangamuntu biyyterwa nabakozi banida ariko umuturage igie cyo gusaba gukosorerwa indangamuntu bareka kumusaba ikiguzi myrakoze

  6. NIDA yibukije ko kugendana indangamuntu ari itegeko isaba ibigo kutazajya bisigarana iz’ababigana
    Murahoneza nkibisanzwe ni wamukunziwanyu ndirubavu mubyukuri ndagirango muzababaze ngo kuko iyohagarsgaye amakosa ku indangamuntu biyyterwa nabakozi banida ariko umuturage igie cyo gusaba gukosorerwa indangamuntu bareka kumusaba ikiguzi myrakoze

  7. NIDA yibukije ko kugendana indangamuntu ari itegeko isaba ibigo kutazajya bisigarana iz’ababigana
    Murahoneza nkibisanzwe ni wamukunziwanyu ndirubavu mubyukuri ndagirango muzababaze ngo kuko iyohagarsgaye amakosa ku indangamuntu biyyterwa nabakozi banida ariko umuturage igie cyo gusaba gukosorerwa indangamuntu bareka kumusaba ikiguzi myrakoze

  8. NIDA yibukije ko kugendana indangamuntu ari itegeko isaba ibigo kutazajya bisigarana iz’ababigana
    Murahoneza nkibisanzwe ni wamukunziwanyu ndirubavu mubyukuri ndagirango muzababaze ngo kuko iyohagarsgaye amakosa ku indangamuntu biyyterwa nabakozi banida ariko umuturage igie cyo gusaba gukosorerwa indangamuntu bareka kumusaba ikiguzi myrakoze

  9. NIDA yibukije ko kugendana indangamuntu ari itegeko isaba ibigo kutazajya bisigarana iz’ababigana
    Murakoze njye mperereye I musanze noneko nagiye gusaba service bakambwirako irangamuntu yanjye itaba mur system ubwo byaba byaba byaratewe Niki mwambariza muri Nida impamvu

  10. NIDA yibukije ko kugendana indangamuntu ari itegeko isaba ibigo kutazajya bisigarana iz’ababigana
    Murakoze njye mperereye I musanze noneko nagiye gusaba service bakambwirako irangamuntu yanjye itaba mur system ubwo byaba byaba byaratewe Niki mwambariza muri Nida impamvu

  11. NIDA yibukije ko kugendana indangamuntu ari itegeko isaba ibigo kutazajya bisigarana iz’ababigana
    Murakoze njye mperereye I musanze noneko nagiye gusaba service bakambwirako irangamuntu yanjye itaba mur system ubwo byaba byaba byaratewe Niki mwambariza muri Nida impamvu

  12. NIDA yibukije ko kugendana indangamuntu ari itegeko isaba ibigo kutazajya bisigarana iz’ababigana
    Murakoze njye mperereye I musanze noneko nagiye gusaba service bakambwirako irangamuntu yanjye itaba mur system ubwo byaba byaba byaratewe Niki mwambariza muri Nida impamvu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *