(Amafoto) Umugore yatwitse agatimba yihimura ku mugabo we asigara yambaye ubusa

Sangiza iyi nkuru

Umugore witwa Katlynn McKee w’imyaka 25 y’amavuko yagaragaje umujinya udasanzwe mu byo yakoraga nk’imikino byo kwihimura ku mugabo we bari baherutse gusezerana kuzabana akaramata.

e
Uyu mugore akimara kumenya ko yatandukanye n’umugabo we, yahise yambara ivara yasezeranye yambaye na peteroli yerekeza ku mugezi uri hafi y’aho bari batuye

a
uyu mugore akigera ku mugezi, aka gatimba yabanje kugakorera ibiteye isoni birimo no kukaajandika mu mazi

Uyu mugore ukomoka muri leta ya Illinoi muri Amerika, wakwirakwiriye hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga akanamenyekana nk’ukoze ibintu bidasanzwe, byo kwhimura ku mugabo we bari bamaranye imyaka igera ku 10 babana ariko bakaba barasezeranye mu mategeko mu myaka 4 gusa ishize.
g
Mbere yo gutwika uyu mwambaro uhenze yabanje aranawukatagura

Gusa uyu mugore yangije uyu mwambaro umugabo we yari yaguriye ubukwe utwaye 1400 by’Amadolaei y’Amerika, uyu mugore akaba yakoze ibi mu rwego rwo kwereka umugabo we ko buri wese atakiri ku ruhande rw’undi ndetse ko buri wese afite uburenganzira bwo gushaka undi mukunzi.
h
Nyuma yo gukatagura aka gatimba yahise agasukaho Peteroli ubundi aragatwika

b
Katlynn McKee ngo yahise anaboneraho kwereka uwari umugabo we ko afite undi muhungu bakundana ari na we wamufashije gushyira ku mugaragaro ariya mafoto.
d
Uyu mugore wari wagiye nta wundi mwenda yitwaje, yamaze gutwika agatimba asigarana utwenda tw’imbere gusa

j
Ubukwe bwabo bwari ibyishimo

i
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Uyu mugore w’umwana umwe w’imyka 6 y’amavuko avuga ko ibi yabikoze uwari umugabo we atabizi kuko iyo abimenya mbere bari kurwana bityo akaba yarabikoze mu ibanga.
@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *