Polisi mu murenge wa Kinyinya w’akarere ka Gasabo yarashe mu cyico umugabo witwa Ndungutse Wellars wakekwagaho kwica uwari sebuja, nyuma yo ‘kugerageza gutoroka’.
Mu minsi ishize ni bwo Ndungutse w’imyaka 30 y’amavuko yari yatawe muri yombi, akekwaho kwica Sekanabo Valens wari umukoresha we.
Uyu wahoze ari umucuruzi yabonetse ku 17 Kanama 2022 yapfuye, bigakekwa ko yishwe n’abagizi ba nabi.
Ndungutse wari umukozi we ni we waje ku isonga mu bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwe, birangira atawe muri yombi.
Ku wa Gatandatu ushize ni bwo uyu mugabo yajyanye inzego z’umutekano mu mudugudu wa Binunga, akagari ka Murama ho mu murenge wa Kinyinya mu rwego rwo kuzereka uburyo yishemo Sekanabo; birangira zihamurasiye.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Murama, Uwamahoro Liliane, yemeje ko Sekanabo yarashwe nyuma yo kugerageza gutoroka inzego z’umutekano.
Ati: “Mu rukerera nibwo yazanywe n’inzego z’umutekano aje kuzereka ibikoresho, icyuma yamwicicishije. Uwo Ndungutse yazanye n’Abapolisi ageze hariya ashaka kwiruka, ashaka gutoroka, na bo bahita bamurasa.”
Uyu muyobozi yunzemo ko uwarashwe atari asanzwe ari umuturage w’Akagari ka Murama, kuko yaje gukorera uwari umukoresha we avuye muri Kibagabaga.



24 Responses
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
ariko ndumva kariya kanu ngo ashaka gutoroka mwakareka mukajyamubivuga neza muti ahita yiruka, arahutaza ariruka arimo atoroka bahita bamurasa. kuko njye ndumva ngo ashaka gutoroka bitumvikana
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
ariko ndumva kariya kanu ngo ashaka gutoroka mwakareka mukajyamubivuga neza muti ahita yiruka, arahutaza ariruka arimo atoroka bahita bamurasa. kuko njye ndumva ngo ashaka gutoroka bitumvikana
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
Kurasa mu cyico buri gihe !!!!!! Nta handi polisi yacu yarasa?
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
Kurasa mu cyico buri gihe !!!!!! Nta handi polisi yacu yarasa?
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
Ibaze
kbs birababaje
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
Ibaze
kbs birababaje
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
Ibaze
kbs birababaje
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
Ibaze
kbs birababaje
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
Ahubwo muri urwo rukerera bamujyanagahe?
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
Ahubwo muri urwo rukerera bamujyanagahe?
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
nikobigomb kujyenda kuko umuntu wic’undi numwanzi wigihugu ninyamaswa yihishe mubantu nabandi bameze nkawe barebereho
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
nikobigomb kujyenda kuko umuntu wic’undi numwanzi wigihugu ninyamaswa yihishe mubantu nabandi bameze nkawe barebereho
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
Ntimukibaze kumuntu wica undi ntacyo yamutwaye uburyo yaraswamobwose yaba atoroka cy aryamye niyo yabayicaye
bagebamurasa
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
Ntimukibaze kumuntu wica undi ntacyo yamutwaye uburyo yaraswamobwose yaba atoroka cy aryamye niyo yabayicaye
bagebamurasa
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
Ntimukibaze kumuntu wica undi ntacyo yamutwaye uburyo yaraswamobwose yaba atoroka cy aryamye niyo yabayicaye
bagebamurasa
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
Ntimukibaze kumuntu wica undi ntacyo yamutwaye uburyo yaraswamobwose yaba atoroka cy aryamye niyo yabayicaye
bagebamurasa
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
Rwose umuntu wishe undi njyewe sinkeneye kumenya ko yirutse cg atirutse akwiye kwicwa nawe. Ahubwo sinzi impamvu bangiza amasasu yacu, banjye bamwica nk’uko yishe mugenzi we.
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
Rwose umuntu wishe undi njyewe sinkeneye kumenya ko yirutse cg atirutse akwiye kwicwa nawe. Ahubwo sinzi impamvu bangiza amasasu yacu, banjye bamwica nk’uko yishe mugenzi we.
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
Ererererere umwicanyinkuwo nawe,ajye,akanirwa urumukwiye ubwose muziyari yarishe abanganiki? Imonsiyumwicanyi nimoringwitatanitatu policeyacu,
komeza urwaye ibibinkibyo tukurinyuma
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
Ererererere umwicanyinkuwo nawe,ajye,akanirwa urumukwiye ubwose muziyari yarishe abanganiki? Imonsiyumwicanyi nimoringwitatanitatu policeyacu,
komeza urwaye ibibinkibyo tukurinyuma
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
Ererererere umwicanyinkuwo nawe,ajye,akanirwa urumukwiye ubwose muziyari yarishe abanganiki? Imonsiyumwicanyi nimoringwitatanitatu policeyacu,
komeza urwaye ibibinkibyo tukurinyuma
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
Ererererere umwicanyinkuwo nawe,ajye,akanirwa urumukwiye ubwose muziyari yarishe abanganiki? Imonsiyumwicanyi nimoringwitatanitatu policeyacu,
komeza urwaye ibibinkibyo tukurinyuma
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
Ererererere umwicanyinkuwo nawe,ajye,akanirwa urumukwiye ubwose muziyari yarishe abanganiki? Imonsiyumwicanyi nimoringwitatanitatu policeyacu,
komeza urwaye ibibinkibyo tukurinyuma
Gasabo: Polisi yarashe mu cyico uwakekwagaho kwica boss we
Ererererere umwicanyinkuwo nawe,ajye,akanirwa urumukwiye ubwose muziyari yarishe abanganiki? Imonsiyumwicanyi nimoringwitatanitatu policeyacu,
komeza urwaye ibibinkibyo tukurinyuma