Ikigo cy’igihugu gishinzwe indangamuntu, NIDA, cyasobanuye uko byagenze ngo ku ikarita ndangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202 kandi utaragera.
Iki ni kimwe mu bibazo iki kigo cyabajijwe n’abadepite bagize komisiyo y’ubugenzuzi, PAC, kuri uyu wa 13 Nzeri 2022, byari bishingiye ku makosa yagaragaye mu mikorere yacyo mu bihe byashize.
Depite Murara Jean Damascene ati: “None se nk’uyu muntu bivugwa ko yavutse ku itariki ya 30 Kamena 5202 ku cyangombwa cye abibona ate? Abibona ku ndangamuntu akaba ari we uza kubikosoza? Hari abantu benshi bagiye bafata indangamuntu bagasanga hariho amakosa kandi atari bo aturukaho.”
Iki kandi cyagarutsweho na Perezida wa PAC, Muhakwa Valens, wavuze ko bitumvikana ukuntu indangamuntu igaragaza ko nyirayo yavutse mu mwaka utaragera
Yabajije ati: “Ni nk’aho handitse umwaka tutarageramo. Ni gute system ishobora kwandika umuntu ngo avutse mu mwaka tutarageramo? Numva ubundi bitakabaye bishoboka, numva nka system itabyemera.”
Umuyobozi Mukuru wa NIDA, Josephine Mukesha, yasobanuye ko ikosa ryo kwandika igihe umuntu yavukiye kitaregera ryatewe n’uburyo iki kigo cyakoreshaga mbere kuko ngo ntibwagenderaho ku makuru y’ingengabihe (calendar).
Ati: “Muri data entry icyo gihe data base twakoreshaga ntabwo yazanaga calendrier. Ku itariki yari ukwandika mu mibare ariko uyu munsi ni uko hasohoka calendrier, umuntu agahita abona itariki. Iyo umuntu ahisemo date yo muri future [itariki y’ahazaza], ntabwo bikunda.”
Abadepite bagize PAC bagaragarije NIDA ikibazo cy’uko n’ubwo iba ari yo yakoze amakosa arimo kwandika amatariki y’amavuko atariyo no kwandika amazina nabi, abaturage ari bo bishyura ikiguzi cyo kuyakosoza.
Basabye iki kigo kujya cyirengera amakosa yacyo cyangwa se kikorohereza abaturage bashaka kuyakosoza.




38 Responses
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Jyewe iyinkuru yanshimishije mubyukuri Nida ifite amakosa mumyandikire yayo urugero ndiheraho navutse 23/03/2000 arko boho banyandikiye konavutse kuri 1/01/1994 birumvikana iyi myaka irengaho itandatu banyongereyeho yanjyizeho ingaruka nyinshi .iyi rangamuntu nayitanzeho amafaranka arenga 8000fr njyirango ikosorwe ndetse byaranjyiye nyibuze nararenganye gusa nabuze nuwandenganura 0786222917
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Jyewe iyinkuru yanshimishije mubyukuri Nida ifite amakosa mumyandikire yayo urugero ndiheraho navutse 23/03/2000 arko boho banyandikiye konavutse kuri 1/01/1994 birumvikana iyi myaka irengaho itandatu banyongereyeho yanjyizeho ingaruka nyinshi .iyi rangamuntu nayitanzeho amafaranka arenga 8000fr njyirango ikosorwe ndetse byaranjyiye nyibuze nararenganye gusa nabuze nuwandenganura 0786222917
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Iki kibazo byo gifitwe n’abantu benshi pe. Aho bandika izina nabi wajya gukosoza bakagusaba gutanga amatangazo kumaradio kdi ukaba ariwowe ubwiyishurira banabikora bakongera bakayandika nabi ugahora mururwo mfite umuvandimwe byabayeho amaze gukorerwa Id 3 zitandukanye nubu iyo bamuhaye barayishe kuko izina rya gikristu barikuyeho kdi arisanganwe kubindi byangobwa. Bagomba kureba uko bakosora iyo service rwose.
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Iki kibazo byo gifitwe n’abantu benshi pe. Aho bandika izina nabi wajya gukosoza bakagusaba gutanga amatangazo kumaradio kdi ukaba ariwowe ubwiyishurira banabikora bakongera bakayandika nabi ugahora mururwo mfite umuvandimwe byabayeho amaze gukorerwa Id 3 zitandukanye nubu iyo bamuhaye barayishe kuko izina rya gikristu barikuyeho kdi arisanganwe kubindi byangobwa. Bagomba kureba uko bakosora iyo service rwose.
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Amakosa akorwa na NIDA ni menshi. Hari case nyinshi nzi nanjye ubwanjye byambayeho aho usanga usanga umuntu baramuhinduriye irangamimerere, uwashyingiwe mu buryo bwemewe n’amategeko bakamugira ingaragu cyangwa se ingaragu bakamushyingira ndetse bakanashiraho rwose amazina y’uwo bashakanye. Nibaza icyo bashingiraho bahimba iryo zina cyangwa se nibaza niba hari umugore nawe wisanga baramushyingiye umugabo atazi. Ese ko ubundi gutandukana bica mu mategeko, no gusezerana bigaca mu mategeko, ubwo system ibyemera gute? Bazajye babikosora bataruhije uje gukosoza kuko nibo baba barabigizemo uburangare
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Amakosa akorwa na NIDA ni menshi. Hari case nyinshi nzi nanjye ubwanjye byambayeho aho usanga usanga umuntu baramuhinduriye irangamimerere, uwashyingiwe mu buryo bwemewe n’amategeko bakamugira ingaragu cyangwa se ingaragu bakamushyingira ndetse bakanashiraho rwose amazina y’uwo bashakanye. Nibaza icyo bashingiraho bahimba iryo zina cyangwa se nibaza niba hari umugore nawe wisanga baramushyingiye umugabo atazi. Ese ko ubundi gutandukana bica mu mategeko, no gusezerana bigaca mu mategeko, ubwo system ibyemera gute? Bazajye babikosora bataruhije uje gukosoza kuko nibo baba barabigizemo uburangare
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Rwose bajye birengera ingaruka baba barakoze kuko bishora abaturage benshi mubihombo bigatuma batakaza amafaranga yakabateje imbere .njyewe hari umwana nzi bakoshereje izina ariko kugirango bikosorwe byamutwaye amafaranga arenga mirongo itanu 50k
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Rwose bajye birengera ingaruka baba barakoze kuko bishora abaturage benshi mubihombo bigatuma batakaza amafaranga yakabateje imbere .njyewe hari umwana nzi bakoshereje izina ariko kugirango bikosorwe byamutwaye amafaranga arenga mirongo itanu 50k
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Nida rwose itanga services mbi cyane nta muntu utayigiraho ikibazo kuko sibumva Reba nawe abenshi baduhaye 01/01…
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Nida rwose itanga services mbi cyane nta muntu utayigiraho ikibazo kuko sibumva Reba nawe abenshi baduhaye 01/01…
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Ngewe ejobundi najyanye umwana mbereye uncle baranditse izina rye nabi maze umukobwa ati wakomeje ikitwa iryo? Ukagirango twaje kurigurisha riramuhenda sibyo gusa arebana abanyarwanda bamwicaye imbere isesemi yamwishe bamwe bavuye cyangugu abandi Nyagatare bashaka gusubirayo yahagurutse mubiro amara isaha nigice ataragaruka ngo yagiye kunywa amazi ywe birababaje pe tubajije mugenzi we aho yagiye ngo yagiye kunywa amazi isatatu? Sinibaza uburyo umuntu afata ibiro byareta akabigira nka cantine ye acururizamo bajye babirukana rwose naho byo amakosa ntawayabara
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Ngewe ejobundi najyanye umwana mbereye uncle baranditse izina rye nabi maze umukobwa ati wakomeje ikitwa iryo? Ukagirango twaje kurigurisha riramuhenda sibyo gusa arebana abanyarwanda bamwicaye imbere isesemi yamwishe bamwe bavuye cyangugu abandi Nyagatare bashaka gusubirayo yahagurutse mubiro amara isaha nigice ataragaruka ngo yagiye kunywa amazi ywe birababaje pe tubajije mugenzi we aho yagiye ngo yagiye kunywa amazi isatatu? Sinibaza uburyo umuntu afata ibiro byareta akabigira nka cantine ye acururizamo bajye babirukana rwose naho byo amakosa ntawayabara
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Ngewe ejobundi najyanye umwana mbereye uncle baranditse izina rye nabi maze umukobwa ati wakomeje ikitwa iryo? Ukagirango twaje kurigurisha riramuhenda sibyo gusa arebana abanyarwanda bamwicaye imbere isesemi yamwishe bamwe bavuye cyangugu abandi Nyagatare bashaka gusubirayo yahagurutse mubiro amara isaha nigice ataragaruka ngo yagiye kunywa amazi ywe birababaje pe tubajije mugenzi we aho yagiye ngo yagiye kunywa amazi isatatu? Sinibaza uburyo umuntu afata ibiro byareta akabigira nka cantine ye acururizamo bajye babirukana rwose naho byo amakosa ntawayabara
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Ngewe ejobundi najyanye umwana mbereye uncle baranditse izina rye nabi maze umukobwa ati wakomeje ikitwa iryo? Ukagirango twaje kurigurisha riramuhenda sibyo gusa arebana abanyarwanda bamwicaye imbere isesemi yamwishe bamwe bavuye cyangugu abandi Nyagatare bashaka gusubirayo yahagurutse mubiro amara isaha nigice ataragaruka ngo yagiye kunywa amazi ywe birababaje pe tubajije mugenzi we aho yagiye ngo yagiye kunywa amazi isatatu? Sinibaza uburyo umuntu afata ibiro byareta akabigira nka cantine ye acururizamo bajye babirukana rwose naho byo amakosa ntawayabara
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Ibintubakorabihangayikishije benshi ex ngewe nitwaga nduwayo obed none banyise obeo mbagezehongoninzanifishiyomubwana
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Ibintubakorabihangayikishije benshi ex ngewe nitwaga nduwayo obed none banyise obeo mbagezehongoninzanifishiyomubwana
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Icyokibazo nanjye ndagifite ahonavutse le24/12/2000kurangamuntu hakabaho26/10/1999 mudufashe kuko biratugora cyane nagerageje kubikosoza ariko bantumye ifishi yababyeyi yakera Kandi ntazi naho iba mudufashe
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Icyokibazo nanjye ndagifite ahonavutse le24/12/2000kurangamuntu hakabaho26/10/1999 mudufashe kuko biratugora cyane nagerageje kubikosoza ariko bantumye ifishi yababyeyi yakera Kandi ntazi naho iba mudufashe
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
NIDA ihemukira abantu benshi najye ndimo ubu nenda guhabwa passion kubera abakozi ba NIDA ibyo biratubabaza bikadutera ipfunwe mu bandi kuko ntacyo tubasha kubikoraho tukavumiliya ariko mu mitima twarashize. Mujye mukora ubuvugizi nkubu, ikibabaje nuko bagutuma ibidashoboka Kandi nawe wabasaba Ibifitanye isano baka bibura.nkubu sinabona attestation de marriage y’ababyeyi bajye ariko bakantuma documents zo muri murongo Kandi nabo barazibuze.
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
NIDA ihemukira abantu benshi najye ndimo ubu nenda guhabwa passion kubera abakozi ba NIDA ibyo biratubabaza bikadutera ipfunwe mu bandi kuko ntacyo tubasha kubikoraho tukavumiliya ariko mu mitima twarashize. Mujye mukora ubuvugizi nkubu, ikibabaje nuko bagutuma ibidashoboka Kandi nawe wabasaba Ibifitanye isano baka bibura.nkubu sinabona attestation de marriage y’ababyeyi bajye ariko bakantuma documents zo muri murongo Kandi nabo barazibuze.
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Ko utavuga aho baguha umuryango utanazi utigeze unamenya
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Ko utavuga aho baguha umuryango utanazi utigeze unamenya
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Ko utavuga aho baguha umuryango utanazi utigeze unamenya. Ibaze umuntu wavutse 21/12/1995 bakamwandikira 21/12/1987. Ibya NIDA byo nti mujye mubivuga biteye asyi.maze wabibabaza bakagushyiraho iterabwoba.cyangwa bakagusaba ibidashoboka.
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Ko utavuga aho baguha umuryango utanazi utigeze unamenya. Ibaze umuntu wavutse 21/12/1995 bakamwandikira 21/12/1987. Ibya NIDA byo nti mujye mubivuga biteye asyi.maze wabibabaza bakagushyiraho iterabwoba.cyangwa bakagusaba ibidashoboka.
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Ikibazo cya NIDA gikwiye guhabwa umurongo rwose,kuko usanga ugize ikibazo wajyayo umukozi akakubwira go ibyiza Aho kugirango bikurushye wabyihoreye ukogumana iryo Zina mbega abantu barayobewe cyane.
Mudufashe.
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Ikibazo cya NIDA gikwiye guhabwa umurongo rwose,kuko usanga ugize ikibazo wajyayo umukozi akakubwira go ibyiza Aho kugirango bikurushye wabyihoreye ukogumana iryo Zina mbega abantu barayobewe cyane.
Mudufashe.
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Ibintu birababajepe bagebubaha amarangamutima y’umuntu aho kugirango bakine nayo nanjye byambayeho ariko nabuze uko nabikosoza
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Ibintu birababajepe bagebubaha amarangamutima y’umuntu aho kugirango bakine nayo nanjye byambayeho ariko nabuze uko nabikosoza
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Ibintu birababajepe bagebubaha amarangamutima y’umuntu aho kugirango bakine nayo nanjye byambayeho ariko nabuze uko nabikosoza
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Ibintu birababajepe bagebubaha amarangamutima y’umuntu aho kugirango bakine nayo nanjye byambayeho ariko nabuze uko nabikosoza
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Mwihangane ahari bizakemuka nibita kubitekerezo mutanze. Yewe yewe! Mwibaza umurengera w’amafaranga yakwa abaturage k’ubutaka bwanditswe nabi mu ibarura ryabwo batabigizemo uruhare? Isambu yawe ikandikwa kuwa kure y’imbibi zaweeee!! Uwo ubajijeati jya Kwa runaka,jya kwa runaka,nyuma ngo uzatange igarama mu rukiko urege bazaguhindurira!Nyakubahwa Perezida Paul Kagame ubwo na niwe tuzitabaza ngo atworohereze bagabanye ayo Frw nitugir’amahirwe tukabona uko tubimusaba yadusuye mu karere nabwo nibatwemerera kuba twamubaza(ndavuga abo mu Karere). Ibibazo ni byinshi NIDA no m’UBUTAKA borohereze abaturage turababaye!
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Mwihangane ahari bizakemuka nibita kubitekerezo mutanze. Yewe yewe! Mwibaza umurengera w’amafaranga yakwa abaturage k’ubutaka bwanditswe nabi mu ibarura ryabwo batabigizemo uruhare? Isambu yawe ikandikwa kuwa kure y’imbibi zaweeee!! Uwo ubajijeati jya Kwa runaka,jya kwa runaka,nyuma ngo uzatange igarama mu rukiko urege bazaguhindurira!Nyakubahwa Perezida Paul Kagame ubwo na niwe tuzitabaza ngo atworohereze bagabanye ayo Frw nitugir’amahirwe tukabona uko tubimusaba yadusuye mu karere nabwo nibatwemerera kuba twamubaza(ndavuga abo mu Karere). Ibibazo ni byinshi NIDA no m’UBUTAKA borohereze abaturage turababaye!
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
NIDA no m’UBUTAKA bikosore borohereze umuturage kuri service n’Frw yishyurwa ibyishwe n’abashinzwe kubikora atabigizemo uruhare. Nawe urebe bakwanditseho ubutaka buri kuri m200 uvuye ku mbibi zawe,none ngo uzatange ikirego!?????
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
NIDA no m’UBUTAKA bikosore borohereze umuturage kuri service n’Frw yishyurwa ibyishwe n’abashinzwe kubikora atabigizemo uruhare. Nawe urebe bakwanditseho ubutaka buri kuri m200 uvuye ku mbibi zawe,none ngo uzatange ikirego!?????
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Narifotoje 2012 ark kugeza nanubu sindabona indangamuntu none mwandebera ikibazo cyabayemo kugirango ntisohoke kuko hashije imyaka 10 ntarangamuntu ndabona murakoze mumfashe
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Narifotoje 2012 ark kugeza nanubu sindabona indangamuntu none mwandebera ikibazo cyabayemo kugirango ntisohoke kuko hashije imyaka 10 ntarangamuntu ndabona murakoze mumfashe
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Mwiriwe neza jyewe ibyo NiDA yankoreye birababaje igihe begerezaga abaturage Service nagiye gukuzaho Izina kuri ID Hari handitse masengesho Francine Triniteé bayingarurira yanditseho Masengesho trinité nakuyemo iryo ntababwiye pe ubu byaracanze nabuze icyo nakora
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202
Mwiriwe neza jyewe ibyo NiDA yankoreye birababaje igihe begerezaga abaturage Service nagiye gukuzaho Izina kuri ID Hari handitse masengesho Francine Triniteé bayingarurira yanditseho Masengesho trinité nakuyemo iryo ntababwiye pe ubu byaracanze nabuze icyo nakora