Ikibazo benshi bakomeje kwibaza ku kunyara k’umugore, kiragira giti: “Ni ibihe byiza byo kunyaza umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina? Bifasha iki umugabo n’umugore?
Mu bice byatambutse hagaragajwe uko bikorwa, pozisiyo nziza bikorwamo n’ibindi bibazo benshi bibaza, kuri ubu benshi mu bagabo bataragira amahirwe yo gutera akabariro ngo abagore babo bazane amavangingo usanga baba bumva babifitiye amatsiko.
Aya matsiko nta kuntu batayagira kuko uzi kunyaza umugore we aba abirata, akarata ubwiza bwabyo ndetse wamusanga mu bandi ugasanga arimo kubibaratira. Urumva ko utarabikora aataha yumva iryo joro umugore ataramukira.
Mbere na mbere iyo umugore azanye amavangingo bituma aryoherwa n’igikorwa, bimuvura amavunane yose aba yirirwanye cyangwa aba amaranye iminsi, bituma akunda umugabo we cyane kuko aba yamuryohereje mu mibonano mpuzabitsina akumva amukunze ndetse ntabe yakumva yamuca inyuma.
Iyo ari mu gikorwa cyo kunyaza, umugabo ashobora gufasha umugore kurangiza birenzi inshuro imwe mu mubonano umwe gusa.
Nk’uko bigaragara mu gitabo Le Secret de l’Amour a l’Africaine cya Nsekuye, 70% by’abagore ntibashobora gusohora binyuze mu nzira zo gucumitwa imbere, ahubwo uburyo bwo kurongora unyazwa nibwo bufasha abagore kurangiza neza kandi vuba.
Umugabo aramutse anyaje neza umugore agomba gushobora kurangiza mu minota nk’itanu.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Akamaro ko kunyaza ku bagabo; burya umugabo akunda icyubahiro no kuratwa ubutwari, umugabo ugerageje akabona umugore we aranyaye ahita yiruhutsa ati “Nesheje umuhigo” ibyo abandi bavugaga nanjye mbigezeho.
Iyo arimo kunyaza aba yumva nawe ari mu yindi si kuko n’umugore aba ari mu munyenga, uko yamavangingo ashobora kumutarukira niko aba yumva urukundo rurushaho kwiyongera, akumva akunze umugore we.
Hari abagore badakunda kunyazwa batinya kwanduza amashuka cyangwa se bakavuga ko bibakirigita cyane, ariko aba bo baba bacikirije ibyishimo byabo hagati.
Twabibutsa ko izi nyigisho tuzitanga zigenewe abarushinze cyangwa abari mu nzira yabyo, intego ntabwo ari ukwigisha ubusambanyi mu rubyiruko rufite irari ry’imibiri. Niwishora mu busambanyi uzakuramo imbwa yiruka.
Ese umugabo urangiza vuba cyangwa igitsina cye kitafashe ubushyuhe neza yanyaza, nibyo bizaza mu gice cya 7.
Tanga igitekerezo cyawe cyangwa icyo wongera kuri ibi, ufite ikibazo twandikire kuri kamikazigentille08@gmail.com, Watsapp 0785058200.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com


