Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi

Sangiza iyi nkuru

Inzego z’umutekano mu karere ka Muhanga zarashe mu cyico umugabo witwa Niyitamba Gilbert washinjwaga kwica umugore we amukase ijosi akamwica, nyuma yo kugerageza kuzirwanya yifashishije umupanga.

Niyitamba Gilbert w’imyaka 34 y’amavuko yari atuye mu mu dugudu wa Kabuga, akagari ka Kavumu, mu Murenge wa Kabacuzi.

Yashinjwaga kuba ku wa 30 Nzeri yarishe umugore we Mukamwiza Charlotte w’imyaka 33 y’amavuko amuciye ijosi.

Abaturanyi ba ba nyakwigendera bavuga ko umugore yashinjaga umugabo kumuca inyuma buri gihe, baakavuga ko ijoro amwicamo amakuru yari yacicikanye mu mudugudu ko yafatiwe mu rugo rw’umugabo mugenzi we, baramukubita arakomereka.

Bakavuga ko Mukamwiza Charlotte yashatse kubimubaza, umugabo ararakara afata icupa arimukubita mu mutwe yitura hasi. Nyuma ngo yahise afata ibice by’amacupa amukata ijosi kugeza avuyemo umwuka.

Umwe mu baganiriye na UMUSEKE dukesha iyi nkuru yavuze ko “Twarahuruye dusanga yikingiranye mu nzu iwe n’umurambo arimo yawushyize, gusa mu kanya gato twumvise isasu rivuga, tuhageze abari hafi batubwira ko yashatse kurwanya inzego z’umutekano ziramurasa.”

Abaturanyi bavuga ko basanze umuhogo wa Nyakwigendera Mukamwiza urimo icyobo kinini, bagakeka ko yabanje gukuramo umutima w’umugore we.

Bamwe mu bakora mu nzego z’umutekano babashije kugera aho ubu bwicanyi bwabereye, bavuga ko batabaye basanga Niyitamba yafashe umuhoro, ngo abateme na bo baramurasa ahita apfa.

Inzego z’umutekano zivuga ko nta mutima uyu mugabo yakuyemo, ahubwo ko yakoresheje ubugome ndengakamere igihe yamukataga ijosi, kuko yabikoze inshuro nyinshi kugira ngo amenye ko yarangije gupfa.

Niyitamba Gilbert na Mukamwiza Charlotte bari bafitanye abana babiri.

Soma Izindi Nkuru

22 Responses

  1. Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi
    Yesu weee manawee dutabare

  2. Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi
    Yesu weee manawee dutabare

  3. Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi
    Ntakindi yarakwiye ahubwo bamudabagije yapfuye neza ugereranyije nubugome yarafite.

  4. Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi
    Ntakindi yarakwiye ahubwo bamudabagije yapfuye neza ugereranyije nubugome yarafite.

  5. Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi
    Isi igeze kundunduro pe!

  6. Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi
    Isi igeze kundunduro pe!

  7. Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi
    Bikomeje gutya ko uwishe umuntu Nawe bagomba kumwica ubwicanyi buriho bwagabanuka.kuko abantu bamaze kuba abagome bitwaje ko bahemuka bakabafunga nyuma yigihe bagataha uwo bishe yaribagiranye.bibiriya ibivuga neza ko uwishe umuntu Nawe agomba kwicwa.

    1. Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi
      Ese ntibarasa akaguru cg ahandi hatuma ajyanwa mu butabera?

      Bariya bana 2 barasigara he ko umuryango wa se/nyina ushobora kutabakira? Sizo marines tubona mu muhanda?

    2. Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi
      Ese ntibarasa akaguru cg ahandi hatuma ajyanwa mu butabera?

      Bariya bana 2 barasigara he ko umuryango wa se/nyina ushobora kutabakira? Sizo marines tubona mu muhanda?

  8. Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi
    Bikomeje gutya ko uwishe umuntu Nawe bagomba kumwica ubwicanyi buriho bwagabanuka.kuko abantu bamaze kuba abagome bitwaje ko bahemuka bakabafunga nyuma yigihe bagataha uwo bishe yaribagiranye.bibiriya ibivuga neza ko uwishe umuntu Nawe agomba kwicwa.

  9. Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi
    Bikomeje gutya ko uwishe umuntu Nawe bagomba kumwica ubwicanyi buriho bwagabanuka.kuko abantu bamaze kuba abagome bitwaje ko bahemuka bakabafunga nyuma yigihe bagataha uwo bishe yaribagiranye.bibiriya ibivuga neza ko uwishe umuntu Nawe agomba kwicwa.

  10. Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi
    Bikomeje gutya ko uwishe umuntu Nawe bagomba kumwica ubwicanyi buriho bwagabanuka.kuko abantu bamaze kuba abagome bitwaje ko bahemuka bakabafunga nyuma yigihe bagataha uwo bishe yaribagiranye.bibiriya ibivuga neza ko uwishe umuntu Nawe agomba kwicwa.

  11. Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi
    mana we ngize ubwoba uziko ari danje ndumiwe

  12. Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi
    mana we ngize ubwoba uziko ari danje ndumiwe

  13. Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi
    Dukwiye gusenga cyane, kuko iki gihugu cyacu iyo urebye abantu bamwe uko bitwara ukareba n’amahano bakora, ukeka ko hagomba kuba hari amashitani menshi akizengurukamo ku buryo kuyakivanamo bizasaba imbaraga z’Imana yonyine.

    1. Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi
      Ubundi nuko yarashwe kubera igikoresho yari afite, ubundi bakabaye na we bamukata umutwe yumva, na we akumva uburyo akari ku wundi gahandurika kbx!!! Abantu kuri ubu ntago gufungwa bikiri igihano batinya, niyo mpamvu ubugizi bwa nabi n’ubugome bitazarangira!!!!

    2. Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi
      Ubundi nuko yarashwe kubera igikoresho yari afite, ubundi bakabaye na we bamukata umutwe yumva, na we akumva uburyo akari ku wundi gahandurika kbx!!! Abantu kuri ubu ntago gufungwa bikiri igihano batinya, niyo mpamvu ubugizi bwa nabi n’ubugome bitazarangira!!!!

  14. Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi
    Dukwiye gusenga cyane, kuko iki gihugu cyacu iyo urebye abantu bamwe uko bitwara ukareba n’amahano bakora, ukeka ko hagomba kuba hari amashitani menshi akizengurukamo ku buryo kuyakivanamo bizasaba imbaraga z’Imana yonyine.

  15. Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi
    Ntabwo byoroshye nukuri ??????????????????????????????????????????????????????? iyo umuntu yica Umugore we ntamutima w’ubuntu aba agifite. GSA Imana itube hafi

  16. Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi
    Ntabwo byoroshye nukuri ??????????????????????????????????????????????????????? iyo umuntu yica Umugore we ntamutima w’ubuntu aba agifite. GSA Imana itube hafi

  17. Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi
    Uvugako batakagombye kumwica ngwabana barasigarana nande nubundi ntiyari kuzabarera ntabumuntu afite nabo yari kuzabica nawe nicyo gihano yarakwiye nuwo yishe yashakaga kubaho akirerera abana

  18. Muhanga: Polisi yarashe mu cyico ‘uwayirwanyije’ nyuma yo kwica umugore we amukase ijosi
    Uvugako batakagombye kumwica ngwabana barasigarana nande nubundi ntiyari kuzabarera ntabumuntu afite nabo yari kuzabica nawe nicyo gihano yarakwiye nuwo yishe yashakaga kubaho akirerera abana

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *