Ikipe ya Bugesera FC yisasiye APR FC, iyitdinda ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa karindwi wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda.
Bugesera yari yakiriye APR FC mu mukino w’ikirarane wabereye kuri Stade y’i Nyamata.
Ibitego bya Vincent Adam na Ssentongo Saif Farouk ni byo byafashije Bugesera FC gutsinda Bugesera FC gutsinda APR FC yafunguriwe amazamu na Nshuti Innocent ku munota wa 26 w’umukino.
Ni Bugesera yaherukaga gukura amanota atatu ku kipe y’Ingabo z’Igihugu mu myaka irindwi ishize.
Gutsinda uyu mukino byabujije APR FC gukomeza kotsa igitutu Rayon Sports ya mbere iyoboye shampiyona n’amanota 12; bijyanye no kuba itaratakaza umukino n’umwe kuva shampiyona y’u Rwanda itangiye.



2 Responses
Bwa mbere mu myaka 7 ishize Bugesera FC yisasiye APR FC, iyibuza kwirukanka kuri Rayon Sports
ARIKO APR NISHAKE UMUTOZA NABANDI BAKINNYI BANTUMWE . NAHO IBITARIBYO NUMWANYA WA 4 NTAWO IZABONA AMAKIPE YARAKANIYE PE !!!
Bwa mbere mu myaka 7 ishize Bugesera FC yisasiye APR FC, iyibuza kwirukanka kuri Rayon Sports
ARIKO APR NISHAKE UMUTOZA NABANDI BAKINNYI BANTUMWE . NAHO IBITARIBYO NUMWANYA WA 4 NTAWO IZABONA AMAKIPE YARAKANIYE PE !!!