RDC: Ababarirwa muri miliyoni 22 barwaye mu mutwe

Sangiza iyi nkuru

Minisitiri w’Ubuzima wa Congo Kinshasa, Dr Jean-Jacques Mbungani; yatangaje ko muri kiriya gihugu hari abantu babarirwa muri miliyoni 22 barwaye indwara zo mu mutwe, agaragaza ko Guverinoma ikeneye abantu bo gushora imari mu buvuzi bwo mu mutwe mu rwego rwo guca intege kiriya kibazo.

Minisitiri Mbungani yabitangaje ku wa Mbere tariki ya 10 Ukwakira, ubwo Congo Kinshasa yifatanyaga n’Isi yose mu kuzirikana umunsi mpuzamahanga wahariwe uburwayi bwo mu mutwe.

Yagize ati: “Kugeza uyu munsi, byibura abagera kuri miliyari imwe ku Isi bafite uburwayi bwo mu mutwe. Muri RDC ikibazo cy’ubuzima kiracyahangayikishije, kuko abagera kuri miliyoni 22 bagizweho ingaruka n’uburwayi bwo mu mutwe.”

Minisitiri w’Ubuzima wa RDC yavuze ko hadashobora kubaho ubuzima hatariho ubuzima bwiza bwo mu mutwe, asaba abanye-Congo kunga ubumwe mu rwego rwo kurandura burundu kiriya kibazo.

Soma Izindi Nkuru

8 Responses

  1. RDC: Ababarirwa muri miliyoni 22 barwaye mu mutwe
    Ubwo se si bake ko wagirango hafi yabo bose barwaye barwaye mu mitwe!!!
    Cyakora bazabanze bavure abayibozi nibakira babone gushaka uko bavuza abaturage babo.

  2. RDC: Ababarirwa muri miliyoni 22 barwaye mu mutwe
    Ubwo se si bake ko wagirango hafi yabo bose barwaye barwaye mu mitwe!!!
    Cyakora bazabanze bavure abayibozi nibakira babone gushaka uko bavuza abaturage babo.

  3. RDC: Ababarirwa muri miliyoni 22 barwaye mu mutwe
    Nibyiringiro Fabrice nibakumire ebora itarageramurwanda. Mwabamukoz

  4. RDC: Ababarirwa muri miliyoni 22 barwaye mu mutwe
    Nibyiringiro Fabrice nibakumire ebora itarageramurwanda. Mwabamukoz

  5. RDC: Ababarirwa muri miliyoni 22 barwaye mu mutwe
    Ahubwo ndumva abo ari bake cyane. Kuko mbona hafi ya bose fusibles zararasose.

  6. RDC: Ababarirwa muri miliyoni 22 barwaye mu mutwe
    Ahubwo ndumva abo ari bake cyane. Kuko mbona hafi ya bose fusibles zararasose.

  7. RDC: Ababarirwa muri miliyoni 22 barwaye mu mutwe
    Ahubwo mbona hafi ya bose byarivanze. Uwo mubare ni muto pe. Bazongere bakore ibarura neza.

  8. RDC: Ababarirwa muri miliyoni 22 barwaye mu mutwe
    Ahubwo mbona hafi ya bose byarivanze. Uwo mubare ni muto pe. Bazongere bakore ibarura neza.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *