capture-27.jpg

Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka

Sangiza iyi nkuru

Kuri iki Cyumweru, itariki 30 Ukwakira, mu Mujyi wa Goma hadutse imyigarambyo itunguranye yo kwamagana ifatwa rya Rutshuru na Kiwanja, aho Abanyekongo bagaragaye batwika ibendera ry’u Rwanda ku mupaka .

Ni imyigaragambyo yadutse nyuma y’aho kuri uyu wa Gatandatu, umutwe wa M23, abayobozi ba Congo bavuga ko ufashwa n’u Rwanda, wigaruriye imijyi ya Rutshuru na Kiwanja mu birometero nka 40 uvuye i Goma.

capture-27.jpg

Urubyiruko rwateguye iyi myigaragambyo, rwo mu mashyirahamwe y’abanyagihugu na sosiyete sivile, rurahamagarira rubanda imyigaragambyo karundura yo kwamagana u Rwanda kuri uyu wa Mbere, itariki 31 Ukwakira, aho basaba ko ibikorwa byose byazahagarara.

Mu myigaragambyo yo kuri iki Cyumweru, ibendera ry’u Rwanda ryamanuwe n’abigaragambya ku biro bya Banki y’terambere y’Ibihugu bya Afurika y’Ibiyaga Bigari (BDGL) mbere yo kuritwikira ku mupaka wa Grande barrière.

Soma Izindi Nkuru

22 Responses

  1. Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
    BAKWEMEYEKOE23YABATSINZEBAKAREKAKWITWAZAURWANDA

  2. Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
    BAKWEMEYEKOE23YABATSINZEBAKAREKAKWITWAZAURWANDA

  3. Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
    Mu kanya baraba bahunga Baza I Rubavu. DRC Munkorera umunsi.

  4. Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
    Mu kanya baraba bahunga Baza I Rubavu. DRC Munkorera umunsi.

  5. Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
    Joseph kuwa
    30/10/2022
    Ibyo rdc ikora bimeze nki byabasazi ubukoko bazingo urwanda nirwo rurwana koko iyo baba aru Rwanda ubu intambara ibayaragezi Kinshasa kera birinde kurasiwachu kuko twahita twambuka ubundi urusaku rugashirivuzivuzi

  6. Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
    Joseph kuwa
    30/10/2022
    Ibyo rdc ikora bimeze nki byabasazi ubukoko bazingo urwanda nirwo rurwana koko iyo baba aru Rwanda ubu intambara ibayaragezi Kinshasa kera birinde kurasiwachu kuko twahita twambuka ubundi urusaku rugashirivuzivuzi

  7. Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
    Twizere ko umunsi umuziki watangiye bazahagarara bakawubyina. Kuko ibyo barimo ndabona batzi ibyo ari byo. Nizere ko abakora ibi batazaza mu Rwanda bahunze

  8. Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
    Twizere ko umunsi umuziki watangiye bazahagarara bakawubyina. Kuko ibyo barimo ndabona batzi ibyo ari byo. Nizere ko abakora ibi batazaza mu Rwanda bahunze

  9. Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
    Umurongo utukura bazawurenge tubereke !twe twararezwe ntitwakora uburofa nkaburiya

  10. Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
    Umurongo utukura bazawurenge tubereke !twe twararezwe ntitwakora uburofa nkaburiya

  11. Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
    Abacongoman ninjiji sana nibihubutsi gusa ibibinyibutse interahamwe zo muri 1994 ubu kndi m23 nifata Goma iyimihurimbiri yose izagenda nka nyomberi.

    1. Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
      NKAWE WAGIYE WICECEKERA KUTAZI IBYAPOLIKI

    2. Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
      NKAWE WAGIYE WICECEKERA KUTAZI IBYAPOLIKI

  12. Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
    Abacongoman ninjiji sana nibihubutsi gusa ibibinyibutse interahamwe zo muri 1994 ubu kndi m23 nifata Goma iyimihurimbiri yose izagenda nka nyomberi.

  13. Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
    Ito mujya iyo za Ruchuru na Kiwanja ntimuze kwiteranyiriza ubusa.rdc waragowe nta muyobozi, nta musirikari nta n’umupolisi Koko!mbega.kuritwika se bisobanuye iki? Mean rubyiruko mwe mushaka kwita kurisongoye ! Ntabyo muzi.

  14. Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
    Ito mujya iyo za Ruchuru na Kiwanja ntimuze kwiteranyiriza ubusa.rdc waragowe nta muyobozi, nta musirikari nta n’umupolisi Koko!mbega.kuritwika se bisobanuye iki? Mean rubyiruko mwe mushaka kwita kurisongoye ! Ntabyo muzi.

  15. Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
    imbeba yahantutse kurusege ikubita amabya kuruso iragije gonamugabo tagra mumenyeko mudacyinishya ibidacyina mujyemucyirakubid bitarurwatubyaye mutazamera nkawawudi

  16. Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
    imbeba yahantutse kurusege ikubita amabya kuruso iragije gonamugabo tagra mumenyeko mudacyinishya ibidacyina mujyemucyirakubid bitarurwatubyaye mutazamera nkawawudi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *