Kuri iki Cyumweru, itariki 30 Ukwakira, mu Mujyi wa Goma hadutse imyigarambyo itunguranye yo kwamagana ifatwa rya Rutshuru na Kiwanja, aho Abanyekongo bagaragaye batwika ibendera ry’u Rwanda ku mupaka .
Ni imyigaragambyo yadutse nyuma y’aho kuri uyu wa Gatandatu, umutwe wa M23, abayobozi ba Congo bavuga ko ufashwa n’u Rwanda, wigaruriye imijyi ya Rutshuru na Kiwanja mu birometero nka 40 uvuye i Goma.

Urubyiruko rwateguye iyi myigaragambyo, rwo mu mashyirahamwe y’abanyagihugu na sosiyete sivile, rurahamagarira rubanda imyigaragambyo karundura yo kwamagana u Rwanda kuri uyu wa Mbere, itariki 31 Ukwakira, aho basaba ko ibikorwa byose byazahagarara.
#RDC #Rwanda Le drapeau de la République Du Rwanda a été dehisser au bureau regional de BDGL par les manifestants ce dimanche à Goma qui denoncè l'agression de kigali via le #M23. Les manifestants ont brulès par essence le drapeau à la grande barrière. pic.twitter.com/85TOZJ7kso
— Kivu Morning Post (@KivuMorningPost) October 30, 2022
Mu myigaragambyo yo kuri iki Cyumweru, ibendera ry’u Rwanda ryamanuwe n’abigaragambya ku biro bya Banki y’terambere y’Ibihugu bya Afurika y’Ibiyaga Bigari (BDGL) mbere yo kuritwikira ku mupaka wa Grande barrière.



22 Responses
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
BAKWEMEYEKOE23YABATSINZEBAKAREKAKWITWAZAURWANDA
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
BAKWEMEYEKOE23YABATSINZEBAKAREKAKWITWAZAURWANDA
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
Mu kanya baraba bahunga Baza I Rubavu. DRC Munkorera umunsi.
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
Mu kanya baraba bahunga Baza I Rubavu. DRC Munkorera umunsi.
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
Joseph kuwa
30/10/2022
Ibyo rdc ikora bimeze nki byabasazi ubukoko bazingo urwanda nirwo rurwana koko iyo baba aru Rwanda ubu intambara ibayaragezi Kinshasa kera birinde kurasiwachu kuko twahita twambuka ubundi urusaku rugashirivuzivuzi
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
Joseph kuwa
30/10/2022
Ibyo rdc ikora bimeze nki byabasazi ubukoko bazingo urwanda nirwo rurwana koko iyo baba aru Rwanda ubu intambara ibayaragezi Kinshasa kera birinde kurasiwachu kuko twahita twambuka ubundi urusaku rugashirivuzivuzi
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
Twizere ko umunsi umuziki watangiye bazahagarara bakawubyina. Kuko ibyo barimo ndabona batzi ibyo ari byo. Nizere ko abakora ibi batazaza mu Rwanda bahunze
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
Twizere ko umunsi umuziki watangiye bazahagarara bakawubyina. Kuko ibyo barimo ndabona batzi ibyo ari byo. Nizere ko abakora ibi batazaza mu Rwanda bahunze
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
Umurongo utukura bazawurenge tubereke !twe twararezwe ntitwakora uburofa nkaburiya
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
Umurongo utukura bazawurenge tubereke !twe twararezwe ntitwakora uburofa nkaburiya
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
Abacongoman ninjiji sana nibihubutsi gusa ibibinyibutse interahamwe zo muri 1994 ubu kndi m23 nifata Goma iyimihurimbiri yose izagenda nka nyomberi.
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
NKAWE WAGIYE WICECEKERA KUTAZI IBYAPOLIKI
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
NKAWE WAGIYE WICECEKERA KUTAZI IBYAPOLIKI
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
Abacongoman ninjiji sana nibihubutsi gusa ibibinyibutse interahamwe zo muri 1994 ubu kndi m23 nifata Goma iyimihurimbiri yose izagenda nka nyomberi.
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
Ito mujya iyo za Ruchuru na Kiwanja ntimuze kwiteranyiriza ubusa.rdc waragowe nta muyobozi, nta musirikari nta n’umupolisi Koko!mbega.kuritwika se bisobanuye iki? Mean rubyiruko mwe mushaka kwita kurisongoye ! Ntabyo muzi.
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
Ito mujya iyo za Ruchuru na Kiwanja ntimuze kwiteranyiriza ubusa.rdc waragowe nta muyobozi, nta musirikari nta n’umupolisi Koko!mbega.kuritwika se bisobanuye iki? Mean rubyiruko mwe mushaka kwita kurisongoye ! Ntabyo muzi.
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
mubareke bakine numuriro uzabatwika buve
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
mubareke bakine numuriro uzabatwika buve
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
imbeba yahantutse kurusege ikubita amabya kuruso iragije gonamugabo tagra mumenyeko mudacyinishya ibidacyina mujyemucyirakubid bitarurwatubyaye mutazamera nkawawudi
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
imbeba yahantutse kurusege ikubita amabya kuruso iragije gonamugabo tagra mumenyeko mudacyinishya ibidacyina mujyemucyirakubid bitarurwatubyaye mutazamera nkawawudi
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
Mwambuke murebe ukuntu urwanda rushoboye
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka
Mwambuke murebe ukuntu urwanda rushoboye