Umuhungu wa Lumumba arifuza ko amasezerano Congo yagiranye n’u Rwanda yahagarara imipaka igafungwa

Sangiza iyi nkuru

Guy Lumumba, umwe mu bahungu ba Minisitiri w’intebe wa mbere wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasabye kuri uyu wa Mbere, itariki 31 Ukwakira, ko amasezerano yose yashyizweho umukono hagati y’igihugu cye n’u Rwanda yahagarikwa ndetse imipaka ihuza ibihugu byombi igafungwa .

Yishimiye kandi icyemezo cyafashwe mu masaha 48 ashize n’inama y’igihugu y’ubwirinzi cyo kwirukana Ambasaderi w’u Rwanda i Kinshasa nk’uko tubikesha Radio Okapi.

Ati: “Nshyigikiye Perezida wa Repubulika, Félix Antoine Tshilombo, mu cyemezo yafashe cyo kwirukana Ambasaderi w’u Rwanda ku butaka bwacu. Nizere ko amasezerano yose yasinywe n’u Rwanda, igihugu cy’abagizi ba nabi, ahagarara kandi umupaka ugafungwa. Nta bicuruzwa, nta bantu bambuka ku mpande zombi “.

Umuhungu w’umuhererezi w’uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Congo, yamaganye imyifatire y’Abanyamerika n’abafatanyabikorwa babo yo gutanga imfashanyo za gisirikare mu bindi bihugu ariko ntibazihe Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ati “Ikirenze byose, ndamagana uburyarya bw’Abanyamerika hamwe n’abafatanyabikorwa babo bo mu Burengerazuba bakurikiza politiki y’ibipimo bibiri. Bazana intwaro zirenga miliyari 400 z’amadolari ku Banya-Ukraine mu kurwanya u Burusiya. Naho twe Abanyekongo, dushobora ni ukuvuga, oh Banyekongo, dufite miliyari ebyiri gusa y’intwaro n’umushahara w’abasirikare ba MONUSCO mu ntambara imaze imyaka irenga 25 idusenya ”.

Soma Izindi Nkuru

8 Responses

  1. Umuhungu wa Lumumba arifuza ko amasezerano Congo yagiranye n’u Rwanda yahagarara imipaka igafungwa
    Ndifuza umukunzi ufite imyaka hagati 21-25 akaba abaye arimibiri yombi byaba aribyiza ark niyo Yaba arinzobe nakibazo number yange 0784153794 aba nokuri Whatsapp murakoze.

  2. Umuhungu wa Lumumba arifuza ko amasezerano Congo yagiranye n’u Rwanda yahagarara imipaka igafungwa
    Ndifuza umukunzi ufite imyaka hagati 21-25 akaba abaye arimibiri yombi byaba aribyiza ark niyo Yaba arinzobe nakibazo number yange 0784153794 aba nokuri Whatsapp murakoze.

  3. Umuhungu wa Lumumba arifuza ko amasezerano Congo yagiranye n’u Rwanda yahagarara imipaka igafungwa
    Lumumba ko numva yarasize imbwa itareba kure

    1. Umuhungu wa Lumumba arifuza ko amasezerano Congo yagiranye n’u Rwanda yahagarara imipaka igafungwa
      UBWONUBWENGEBUKE

    2. Umuhungu wa Lumumba arifuza ko amasezerano Congo yagiranye n’u Rwanda yahagarara imipaka igafungwa
      UBWONUBWENGEBUKE

  4. Umuhungu wa Lumumba arifuza ko amasezerano Congo yagiranye n’u Rwanda yahagarara imipaka igafungwa
    Lumumba ko numva yarasize imbwa itareba kure

  5. Umuhungu wa Lumumba arifuza ko amasezerano Congo yagiranye n’u Rwanda yahagarara imipaka igafungwa
    Patrice Lumumba niwe wasize umuhungu ufite ubwenge buke kugezaha hanyuma x nibafunga imipaka ikibazo mufite kiraba gikemutse kurya bayifungaga x nyiragongo ikingera kuruka hato ntitwabona muhungira iwacu abakongomani igisubizo cyumutekano cyiri mumaboko yanyu.

  6. Umuhungu wa Lumumba arifuza ko amasezerano Congo yagiranye n’u Rwanda yahagarara imipaka igafungwa
    Patrice Lumumba niwe wasize umuhungu ufite ubwenge buke kugezaha hanyuma x nibafunga imipaka ikibazo mufite kiraba gikemutse kurya bayifungaga x nyiragongo ikingera kuruka hato ntitwabona muhungira iwacu abakongomani igisubizo cyumutekano cyiri mumaboko yanyu.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *