fhgwz64x0aetykh.jpg

Perezida Kagame yageze i Bali aho yitabiriye inama ya G20 – Amafoto

Sangiza iyi nkuru

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, akaba Umuyobozi w’Akanama k’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma gashinzwe kwiga ku cyerekezo cy’urwego rw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe rushinzwe iterambere (AUDA-NEPAD), yamaze kugera i Bali, mu gihugu cya Indonesia aho aziyunga ku bandi bayobozi b’Isi bitabiriye inama y’Ibihugu 20 bikize kurusha ibindi (G20) .

fhgwz64x0aetykh.jpg

Iyi nama biteganyjwe ko izatangira kuri uyu wa Kabiri, itariki 15 ikazageza kuwa Gatatu itariki 16 Ugushyingo, irahuriramo abategetsi bo hirya no hino ku Isi ariko Perezida Putin w’u Burusiya yanze kuyitabira mu gihe intambara yateje muri Ukraine iza kuba mu ngingo nyamukuru z’ibizigirwa muri iyi nama.

fhgwz60x0aa9buw.jpg

Chancellier w’u Budage Olaf Scholz yatangaje ko yifuzaga ko Putin yitabira iyi nma agahangana n’ibibazo uruhuri no kunengwa kubw’iyi ntambara yo muri Ukraine.

fhgx2eoucaaxytz.jpg

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. Perezida Kagame yageze i Bali aho yitabiriye inama ya G20 – Amafoto
    Biteye amatsiko, kabisa! Kwitabira inama y’ibihugu 20 birusha ibindi gukira kandi bajyaga bagushyira mu bihugu 20 bikennye kurusha ibindi! Ubwo budasa nibwo isi yose ikwiye kutwigiraho.

  2. Perezida Kagame yageze i Bali aho yitabiriye inama ya G20 – Amafoto
    Biteye amatsiko, kabisa! Kwitabira inama y’ibihugu 20 birusha ibindi gukira kandi bajyaga bagushyira mu bihugu 20 bikennye kurusha ibindi! Ubwo budasa nibwo isi yose ikwiye kutwigiraho.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *