Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yasobanuye imvano y’ifoto igaragaza umugore wa Perezida Félix Tshisekedi, Denise Nyakeru, yambaye umupira wanditseho M23.
Iyi foto yatangiye gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa 29 Ugushyingo 2022, bivugwa ko Nyakeru yaba ashyigikira umutwe witwaje intwaro wa M23 uhanganye n’ingabo za Leta mu burasirazuba bw’igihugu.
Minisiteri ishinzwe itumanaho n’itangazamakuru yaje gutangaza ko iyi foto yahinduwe kandi kuyobya abantu bikwiye kwamaganwa. Iti: “Iyi foto yahinduwe. Nimuhagarike kuyobya. TweseTurwanyeIbihuha.”
Mu gihe iyi Minisiteri yamagana iyi foto, habonetse indi igaragaza Nyakeru yicaye imbere y’indera ry’igihugu, yambaye uyu mupira ariko wo wanditseho igisirikare cy’igihugu kizwi nka FARDC (mu mpine no mu magambo arambuye), ikaba ari na yo iri kuri ‘profile’ ya Twitter y’uyu mugore wa Tshisekedi.
Bivugwa ko ijambo FARDC, igisobanuro cyaryo mu magambo arambuye ndetse n’ibendera rya RDC byasibwe hifashishijwe ikoranabuhanga, bisimbuzwa M23.




8 Responses
RDC yasobanuye iby’ifoto igaragaza umugore wa Tshisekedi yambaye umupira wanditseho M23
Ntakuntu iyo yanditseko M23 yoba ariyo originale hama igahindurwamwo iyo yanditse FARDC?
RDC yasobanuye iby’ifoto igaragaza umugore wa Tshisekedi yambaye umupira wanditseho M23
Iyo Minisiteri yamagana ibihuha nayo si miseke igoroye.
RDC yasobanuye iby’ifoto igaragaza umugore wa Tshisekedi yambaye umupira wanditseho M23
Iyo Minisiteri yamagana ibihuha nayo si miseke igoroye.
RDC yasobanuye iby’ifoto igaragaza umugore wa Tshisekedi yambaye umupira wanditseho M23
Ntakuntu iyo yanditseko M23 yoba ariyo originale hama igahindurwamwo iyo yanditse FARDC?
RDC yasobanuye iby’ifoto igaragaza umugore wa Tshisekedi yambaye umupira wanditseho M23
ayamafoto igisekeje yafatiwe hamwe ariko si amwe kuburyo wavuga ngo imwe bayihinduye(edited) hamwe hari idrapeau,intebe igaragaza urwegamiro ry’umutwe,igikomo cy’akaboko kiri k’umurongo wa 7 w’itara.ahandi nta drapeau ,intebe ntigaragaza urwegamiro rw’umutwe kdi igikomo kuri ku umurongo wa 5 w’itara .Nguko oko basanzwe babeshya abaturage babo
RDC yasobanuye iby’ifoto igaragaza umugore wa Tshisekedi yambaye umupira wanditseho M23
ayamafoto igisekeje yafatiwe hamwe ariko si amwe kuburyo wavuga ngo imwe bayihinduye(edited) hamwe hari idrapeau,intebe igaragaza urwegamiro ry’umutwe,igikomo cy’akaboko kiri k’umurongo wa 7 w’itara.ahandi nta drapeau ,intebe ntigaragaza urwegamiro rw’umutwe kdi igikomo kuri ku umurongo wa 5 w’itara .Nguko oko basanzwe babeshya abaturage babo
RDC yasobanuye iby’ifoto igaragaza umugore wa Tshisekedi yambaye umupira wanditseho M23
Ubuhanuzi bugomba gusohora tureke ibyahaunuwe bisohore
RDC yasobanuye iby’ifoto igaragaza umugore wa Tshisekedi yambaye umupira wanditseho M23
Ubuhanuzi bugomba gusohora tureke ibyahaunuwe bisohore