Ubushakashatsi bwinshi bugaragaza ko gukora imibonano mpuzabitsina bishobora gutuma umuntu atakaza ibiro cyane cyane ku bagabo. Uku gutakaza ibiro, biterwa ahanini n’igikorwa umuntu aba amaze gukora abenshi bagereranya no gukora imyitozo ngororamubiri kuko bisaba imbaraga nyinshi .
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Abashakashatsi bo mu bijyanye n’imyororokere bagerageje gukora agakingirizo gafasha abagabo kudatakaza imbaraga nyinshi ndetse bakabasha no kumenya izo batakajemu gihe cyo gutera akabariro .
Aba bashakashatsi bavuga ko mu gihe umuntu azajya aba akoresha aka gakingirizo, ashobora gukoresha imbaraga nyinshi cyangwa ncye zishoboka ariko akarangiza igikorwa akimeze nk’uko yari ameze ataratangira igikorwa.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Bitewe n’ubuhanga aka gakingirizo rero ngo gakoranye, gafite ubushobozi bwo kogerera imbaraga uri kugakoresha ndetse nyuma y’igikorwa nta mavunane cyangwa undi munaniro bashobora kumva bafite.
Aka gakingirizo kahawe izina rya i.Con kahawe igiciro cy’Amadolari 74 y’Amerika. gafite ubushobozi bwo kwegeranya ingero z’imbaraga umuntu yatakaje hanyuma akareba icyo agomba gukora kuti internet akoresheje telefone ya Smartphone.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com


