Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo nk’igihugu cyashinzwe nyuma yo kubona ubwigenge mu 1961, ubu kibarizwamo abasirikare byibuze 144,000, kikaba kiyobowe na Lt. Gen. Christian Tshiwewe Songesha w’imyaka 55 kuva ku itariki ya 4 Ukwakira 2022, aho yagiyeho asimbuye Lt Gen. Celestin Mbala.
Kuri iyi nshuro Bwiza yifuje kwereka abakunzi ba yo imiterere y’amapeti y’abasirikare bakuru (ofisiye) ba FARDC, uhereye kuri S/Lieutenant, kugirango ubutaha abatayizi nibareba ku ntugu bazajya bahita bamenya urwego umusirikare ariho.

Dore imiterere y’amapeti ya ba ofisiye ba FARDC

2nd Lieutenant

Lieutenant

Captain

Major

Lieutenant Colonel

Colonel

Brigadier General

General Major

Lieutenant General

General


