Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu bya gisirikare, Gen James Kabarebe, ari muri Repubulika ya Centrafrique aho ari kugirira uruzinduko rw’akazi.
Ni uruzinduko rugomba kumara iminsi itatu nk’uko ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwabitangaje.
Nta byinshi RDF yigeze itangaza kuri uru ruzinduko.
Ku munsi wa mbere warwo cyakora Gen James Kabarebe yasuye Ingabo z’u Rwanda ziri muri Centrafrique, zirimo iziri mu butumwa bwa Loni bwo kuhagarura amahoro (MINUSCA) ndetse n’izo u Rwanda zohereje muri kiriya gihugu biciye mu bufatanye rufitanye na cyo.







One Response
Gen James Kabarebe muri Centrafrique (Amafoto)
Twishimiye izompinduka kuko bizafasha igihugu ndetse na baturage