Abashaka kwinjira mu ngabo z’u Rwanda (RDF) ku rwego rwa Ofisiye bafunguriwe amarembo

Sangiza iyi nkuru

Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda buramenyesha Abanyarwanda bose bifuza kwinjira mu ngabo z’igihugu ku rwego rwa ofisiye ko amarembo afunguye, kwiyandikisha ni ku biro by’akarere umuntu akomokamo.
Kwiyandikisha bizatangira ku itariki ya 10 Gicurasi, bikazarangira ku wa 25 Gicurasi 2017, nyuma abiyandikishije bakazamenyeshwa itariki y’ibizamini by’ijonjora. Ibisabwa byose biragaragara mu itangazo
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
kanda-hano-usome-itangazo-rdf
new-picture-1
new-picture-2
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *