capture-95.png

Masisi: Gen. Kazungu wa PARECO na Col. Mafiringi wa Ma௠Ma௠bakomerekeye mu mirwano

Sangiza iyi nkuru

Abayobozi babiri bakuru mu mitwe y’inyeshyamba ya PARECO na Ma௠Ma௠Kifuwa fuwa baguye mu mirwano yahuje iyi mitwe yombi kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 7 Kanama 2023 nk’uko amakuru agera kuri Kivu Morning Post avuga.

Ayo makuru yaturutse mu nzego z’ibanze avuga ko General Kazungu wa PARECO FF na Colonel Mafiringi wa Ma௠Ma௠Kifuwa fuwa, bakomerekeye muri iyo mirwano yahuje imitwe yombi muri Teritwari ya Masisi.

capture-95.png

Biravugwa ko usibye abo bayobozi bakuru b’inyeshyamba bihaye amapeti ya General na Colonel, abasivili babiri na bo bakomerekeye muri iyo mirwano yabereye mu gace ka ngungu ko muri Teritwari ya Masisi, ho muri Kivu y’Amajyaruguru.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *