U Rwanda rwaje imbere mu mutekano bacika ururondogoro

Sangiza iyi nkuru

Igihugu cy’u Rwanda cyaje ku mwanya wa mbere ku rutonde rw’ibihugu bifite umutekano rwa Global Peace Index (GPI), urutondende rw’uyu mwaka rwakozwe hibanzwe ku ngingo zirimo imyitwarire n’ubushobozi bw’inzego zishinzwe umutekano, ibijyanye n’uburyo abaturage bafungwa, ubwicanyi mu miryango, intwaro mu baturage n’uburyo biborohera cyangwa bikabagora kuzibona n’ibindi.

U Rwanda rwaje ku mwanya wa mbere muri afurika yo hagati n’iyuburasirazuba ruza ku mwanya wa 13 muri Afurika yose ndetse no ku mwanya wa 88 ku rutonde rw’ibihugu 163 byakorewe igenzura.

Ibindi kuri iyi nkuru wareba VIDEO ikurikira.

YouTube player

Ku bijyanye n’uko abantu bamwe bakiriye uyu mwanya u Rwanda rwajeho soma ibitekerezo biri kuri iyi post ikurikira

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. U Rwanda rwaje imbere mu mutekano bacika ururondogoro
    Ingabo z’abarundi icyo zikwegera bazakibona.
    Katabazi(intansi y’umugande) icyo yavuze kizasohoreza ku Burundi kd ntibizaborohera.
    M23 ikomere ku rugamba kd itsinzi iraharanirwa.

  2. U Rwanda rwaje imbere mu mutekano bacika ururondogoro
    Nibyokwishimira kuba urwanda rwaje mumyanya yambere nibyizape!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *