APR FC yatsinze Musanze FC, iyambura umwanya wa mbere
APR FC yafashe umwanya wa mbere by’agateganyo, nyuma yo gutsinda Musanze FC ibitego 2-1. Ikipe y’Ingabo z’igihugu yari yakiriye iy’i Musanze muri Kigali Pele Stadium, mu mukino w’ikirarane w’umunsi wa kane wa shampiyona. Ibitego byo mu gice cya mbere cy’umukino bya rutahizamu Victor Mbaoma na Ruboneka Jean Bosco ni byo byafashije Nyamukandagira kurema agatima abayihebeye, […]
Depite Mwangachuchu washinjwe gukorana na M23 yakatiwe urwo gupfa
Urukiko Rukuru rwa Gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rwakatiye urwo gupfa Edouard Mwangachuchu nyuma yo kumuhamya icyaha cy’ubugambanyi. Mwangachuchu yari ahagarariye intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu nteko ishinga amategeko ya RDC, akaba yari amaze igihe aburanishwa ku byaha birimo gukorana n’inyeshyamba za M23 Kinshasa ivuga ko zifashwa n’u Rwanda. Ni nyuma y’uko hari […]
Kagame yagenewe ubutumwa bwihariye na William Ruto
Perezida Paul kuri uyu wa Gatanu yakiriye mu biro bye Minisitiri w’Intebe wa Kenya akanaba intumwa yihariye ya Perezida w’icyo gihugu, akaba yamushyikirije ubutumwa bwa mugenzi we, William Samoei Ruto. Perezidansi y’u Rwanda ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X yavuze ko “Kuri iki gicamunsi muri Village Urugwiro, Perezida Kagame yakiriye Musalia Mudavadi, Minisitiri w’Intebe wa […]
Paul Pogba ashobora guhagarikwa imyaka ine adakina
Paul Pogba ashobora guhagarikwa imyaka ine nyuma y’uko ibipimo by’ibiyobyabwenge byongera imbaraga bigaragaye mu mubiri we bityo akaba ashobora guhagarikwa imyaka ine adakina. Umufaransa Paul Pogba ukina hagati mu kibuga mu Ikipe ya Juventus, yari aherutse guhagarikwa by’agateganyo, nyuma yo gupimwa agasangwamo ikigero kidasanzwe cy’imisemburo yongera imbaraga za kigabo izwi nka “testosterone”. Umunyamakuru Fabrizio Romano […]
M23 ISHAKA KUBAGWA GITUMU 🥷🿠IRI KWISUGANYA NGO IFATE UMUJYI WA GOMA! IYI NTAMBARA N’AMACENGA 🧑ðŸ¿â€ðŸŽ¨
BACITSE URURONDOGORO🔥U RWANDA rwaje imbere hazuka ibya KAZUNGU na za GEREZA
🧑ðŸ¿â€ðŸŽ¨M23 YATANZE GASOPO🥷ðŸ¿IMIRWANO IKAZE N’INTWARO ZIREMEREYE MURI TONGO/INGABO Z’ABARUNDI KU RUGAMBA💄
AMAKURU AGEZWEHO🔥WAZALENDO yigambye kuri M23💣BOB Wine yirukankanye LETA🔥MUSEVENI yigamba kuri ADF
💄M23 NA FARDC BYAKAZE 🥷🿠KITCHANGA BAYIBATWAYE AMAZU YATWITSWE MURI KILOLIRWE- M23 IHAWE UBUTUMWA👮ðŸ¿
Igisirikare cy’u Burundi cyagize icyo kivuga nyuma yo gushinjwa kujya mu ntambara yo kurwanya M23
Igisirikare cy’u Burundi cyagize icyo kivuga nyuma y’iminsi Ingabo zacyo zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo zishinjwa kurenga ku nshingano zazijyanye zikabogamira kuri Guverinoma ya Kinshasa. Mu itangazo ry’Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Burundi, ryashyizweho umukono n’umuvugizi, Col. Biyereke Floribert, havuzwemo ko “kuva abagaba bakuru b’ingabo z’ibihugu by’Umuryango wa EAC bemeza kohereza ingabo gushyigikira […]
Le Rwanda et le Brésil signent un accord d’exemption de visa
Les Rwandais titulaires de passeports diplomatiques et officiels pourraient bientôt se rendre au Brésil sans visa, suite à un accord signé entre les deux pays. C’est ce qu’indique un communiqué publié le 6 octobre par le ministère des Affaires étrangères et de la Coopération internationale. Selon le communiqué de presse, le ministre rwandais des Affaires […]
U Rwanda rwaje imbere mu mutekano bacika ururondogoro
Igihugu cy’u Rwanda cyaje ku mwanya wa mbere ku rutonde rw’ibihugu bifite umutekano rwa Global Peace Index (GPI), urutondende rw’uyu mwaka rwakozwe hibanzwe ku ngingo zirimo imyitwarire n’ubushobozi bw’inzego zishinzwe umutekano, ibijyanye n’uburyo abaturage bafungwa, ubwicanyi mu miryango, intwaro mu baturage n’uburyo biborohera cyangwa bikabagora kuzibona n’ibindi. U Rwanda rwaje ku mwanya wa mbere muri […]
Kajala mu munyenga w’urukundo n’undi mugabo utari Harmonize

Umukinnyi wa Filme akaba n’umunyamakuru Kajala Fridah, yatangaje ko ari mu rukundo rushya n’umugabo atatangaje amazina ye.Ni nyuma y’igihe kitari gito atandukanye n’umuhanzi Harmonize. Uyu mubyeyi w’umwana umwe abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yatangaje ko kugeza ubu afite umugabo mushya umutetesha akanamushimisha umubano gusa ariko ntiyatangaje amakuru arambuye kuri uyu mugabo w’inzozi ze. Aya […]
Imirwano ikaze ya M23 na FARDC irasatira Goma
Imirwano ikaze hagati y’umutwe witwaje intwaro wa M23 n’ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, hamwe n’ihuriro ry’imitwe ya Wazalendo, yakomereje muri Gurupoma ya Kibumba, teritwari ya Nyiragongo, mu bilometero bibarirwa muri 20 werekeza mu mujyi wa Goma. Aya makuru amaze kwemezwa mu kanya gashize na Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, wagize ati: “Muri […]
Inyeshyamba za Wazalendo zirigamba kuba zirimo kugenzura imidugudu igera kuri 21

Inyeshyamba za Wazalendo zibumbiye mu kiswe Abakorerabushake baharanira Kurengera Igihugu (VDP-RDC) zirigamba kuba kuri ubu ziri kugenzura imidugudu n’imijyi bigera kuri 21. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ku bijyanye n’imirwano ikomeje kubera muri Rutshuru, Masisi na Nyiragongo, izi nyeshyamba zavuze ko ziri mu ntambara zidatezemo izindi nyungu ahubwo ari ukwirengera kubw’ibyo ngo zikaba zidakeneye ko hari […]
Burundi: Minisitiri w’Ubutabera yasubije ibitajyanye ku burwayi bwa Irangabiye
Minisitiri w’Ubutabera mu Burundi, Domine Banyankimbona, yaruciye ararumira ubwo yabazwaga ku cyo Minisiteri ayoboye iri gukora ku burwayi bw’umunyamakuru Floriane Irangabiye. Irangabiye wahoze aba mu Rwanda aho yari yarahungiye, yakatiwe imyaka 10 y’igifungo n’ubutabera bw’u Burundi Ni nyuma yo kumuta muri yombi muri Kanama 2022 ubwo yageraga i Bujumbura agiye gusura umuryango we. Amakuru avuga […]
Rwanda:Abagundiriye Lisansi na Mazutu ku munsi w’izamurwa ry’ibiciro bararye bari menge
Mu minsi ishize ubwo hasohokaga itangazo rivuga ko ibiciro ku bikomoka kuri Peteroli byazamutse, hari amakuru yamenyekanye ko hari abakora ubwo bucuruzi binangiye uwo munsi bakanga kubisaranganya bityo ibinyabiziga bimwe bigaparika ntibikore. Ibi rero byahagurukiwe n’inzego zitandukanye zirimo RURA na MINICOM, aho abanze gutanga izo serivisi bagiye guhanwa by’intangarugero.Byagarutsweho na Minisitiri w’iyi Minisiteri ,Dr. Jean […]
Syria: Ingabo za Amerika zarashe drone ya Turkiya
Pentagon iravuga ko indege z’intambara za Amerika zarashe drone ya Turkiya, yafatwaga nk’ibangamiye ingabo zayo muri Syria, mu gikorwa gishobora guteza amakimbirane hagati y’abanyamuryango ba NATO. Ibi byabaye kuri uyu wa Kane ushize ubwo Turkiya yibasiraga inyeshyamba z’Abakurde muri Syria nyuma y’igitero cy’ubwiyahuzi cyagabwe mu murwa mukuru, Ankara, kigambwe n’ishyaka PKK (Kurdistan Workers’ Party ) […]
“Intwaro n’Ifumbire” Amagambo atumye Ntawukamenya amaze amezi 8 muri Gereza
Ubushinjacyaha burasaba urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ko umunyarwanda, Prosper Ntawukamenya akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo mu gihe bugikomeje gushakisha ibimenyetso bimuhamya icyaha cy’Iterabwoba. Ari muri gereza kuva mu kwezi kwa Gashyantare 2023. Ntawukamenya Prosper yafatiwe ku kibuga cy’Indege cya Kanombe ubwo yari ahanyuze muri ‘Transit’ yerekeza muri Afurika y’Epfo ari naho atuye akanakorera ibikorwa bye […]
Lt Gen Mubarak Muganga yagiye gushakira umuti amakimbirane ya FARDC na M23
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga, ari i Addis Ababa muri Ethiopia aho yitabiriye inama y’abagaba bakuru b’Ingabo z’ibihugu by’akarere. Ni inama y’inyabune yitabiriwe n’abagaba bakuru b’Ingabo z’ibihugu birimo ibigize umuryango wa SADC, EAC, CEEAC na CIRGL. Iyi nama kuri iyi ncuro yabaye mu gihe hashize iminsi itanu Ingabo za Repubulika Iharanira […]
Corneille Nangaa yabwiye Tshisekedi ko azagira iherezo nk’irya Pharaoh
Corneille Nangaa Yobeluo uyobora ishyaka ADCP akaba yaranayoboye komisiyo ya Repubulika ya demukarasi ya Congo ishinzwe amatora, yandikiye Perezida Félix Tshisekedi, amumenyesha ko azagira iherezo nk’irya Pharaoh wo mu Misiri. Mu ibaruwa ifunguye yo kuri uyu wa 5 Ukwakira 2023, Nangaa yasubiyemo amagambo Tshisekedi yavuze arimo aho ubwo yari muri misa ya Kiliziya Gatolika muri […]
Hasobanuwe impamvu nta birori byabaye ku munsi wahariwe mwarimu mu Rwanda
Buri mwaka taliki 5 Ukwakira, hizihizwa umunsi mpuzamahanga wahariwe mwarimu nk’imwe mu nkingi z’iterambere rirambye ku bihugu runaka.Mu Rwanda kuri iyi nshuro nta birori byabaye nk’uko byajyaga bikorwa. Ibi rero Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi bw’ibanze (REB),itangaza ko ibirori byo kuwizihiza uteganyijwe kwizihizwa mu kwezi k’Ukwakira ku matariki azatangazwa na Minisiteri y’Uburezi. Iki kigo kandi cyatangaje […]
CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BITANDUKANYE BYIGANJEMO IMODOKA i MASORO

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 3 Ugushyingo 2023, saa yine za mu gitondo hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye nkuko bigaragara ku mugereka. Cyamunara izabera ahakorera ishami rishinzwe kurwanya magendu (SI&ID) mu cyanya cy’inganda I Masoro. Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu bubiko bwa Magerwa masaha y’akazi hagati y’itariki ya […]
Waomba hifadhi 109 warejea Burundi kutoka Malawi
Zaidi ya raia mia moja wa Burundi waliokuwa wakiishi katika kambi ya Dzaleka huko Dowa wamerejea Burundi. Wizara ya Usalama wa Ndani kwa kushirikiana na Shirika la Umoja wa Mataifa la Kuhudumia Wakimbizi (UNHCR) imewarejesha nyumbani raia 109 wa Burundi kutoka kambi ya Dzaleka kwa hiari. Afisa Mahusiano ya Umma wa Usalama wa Taifa Patrick […]
UK’s plan to deport migrants to Rwanda heads to top court
The British government will try next week to persuade judges at the country’s top court to overturn a ruling which declared unlawful its divisive plan to deport to Rwanda asylum seekers who arrive in small boats across the Channel. In a blow to Prime Minister Rishi Sunak’s government and his pledge to “stop the boats”, […]
Mc Kats arateganya gukora ubukwe na Mutoni Fille wamushinje kenshi kumwanduza SIDA
TV Edwin Katamba uzwi nka MC Kats yemeje ko ubukwe bwe n’umuririmbyi Fille Mutoni butari kure cyane ariko abashyitsi bagomba kwishyura kugirango babwitabe.Ni mu gihe aba bombi basanzwe barongeye gusubukura umubano bari bafitanye. MC Kats, ubwo yaganiraga na Sanyuka TV yavuze ko ubukwe bwabo bari kubwitegura mu mezi ari imbere gusa yirinda gutangaza umunsi ngo […]
Martin Fayulu ntiyizeye ko amatora azaba nubwo yatanze kandidatire
Aherekejwe n’imbaga y’abayoboke b’ishyaka rye rya politiki Engagement pour la Citoyenneté et Développement (ECiDé), umunyapolitiki Martin Fayulu amaze gutanga kandidatire ye muri Komisiyo y’amatora (CENI) ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu, itariki ya 4 Ukwakira, ntibyamubujije kugaragaza ko nta cyizere afite cy’uko amatora azaba nk’uko iyi nkuru dukesha politico.cd ivuga. Amaze kuva mu biro bya […]
FARDC yongeye kudutera yitwaje ibitwaro biremereye: Umuvugizi wa M23
M23 n’Ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, baramukiye mu yindi mirwano ikomeye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 6 Ukwakira. Ni umunsi wa gatatu impande zombi zirwana, nyuma yo kubura imirwano ku Cyumweru tariki ya 1 Ukwakira 2023. Iminsi ibiri yakurikiyeho yaranzwe n’agahenge, mbere y’uko imirwano ikomeye yongera kubura ku wa Gatatu […]
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwavuze ku itabwa muri yombi rya Major Karangwa
Faustin Nkusi, umuvugizi w’Urwego rw’Ubushinjacyaha , yishimiye icyemezo cy’Ubuholandi cyo kongera gufata Major Pierre-Claver Karangwa, uregwa ibyaha bya jenoside byakozwe mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nkusi yatangaje ko Karangwa ari umwe mu bantu 18 bakekwaho icyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.Ibi byaha cyane cyane byibasiye inyoko muntu byakorewe muri Komine ya […]
Syria: Igitero ku ishuri rya gisirikare hasozwa amasomo cyahitanye benshi
Igitero cya drone cyagabwe ku ishuri rya gisirikare rya Syria mu mujyi wa Homs cyahitanye abantu bagera ku 100 abandi benshi barakomereka. Izi drones zari zifite ibisasu zagabye igitero ku birori byo kurangiza amasomo byitabiriwe n’imiryango y’abanyeshuri, kandi abagore n’abana ni bamwe mu bapfuye. Igisirikare cyatangaje ko “imitwe y’iterabwoba ishyigikiwe n’ingabo z’amahanga zitamenyekanye.” Nta muntu […]
Abadepite basanze abarimo uwigeze guhunga ubuyobozi barigizaga nkana
Abadepite bagize komisiyo ishinzwe ubutaka, ubuhinzi, ubworozi n’ibidukikije mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, basanze abaturage batatu babagejejeho ibibazo bitaga iby’akarengane barigizaga nkana. Aba baturage ni Habimana Jean Baptiste utuye mu murenge wa Ruhango w’akarere ka Ruhango, akaba yarigeze guhunga ubuyobozi, avuga ko bushaka kumufungira mu nzererezi, azira gukurikirana ikibazo cyo kuba yarabujijwe gusana inzu […]
Guverinoma y’u Bwongereza igiye gusubira mu rukiko, isobanure gahunda yayo n’u Rwanda
Guverinoma y’u Bwongereza mu cyumweru gitaha irajya mu rukiko rw’ikirenga, igaragaze uburyo gahunda yayo yo kohereza abimukira mu Rwanda iri mu buryo bukwiye kandi bwihutirwa bwo gukemura ikibazo cy’iyimuka ritemewe n’amategeko. Ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, byatangaje ko abanyamategeko b’iyi guverinoma iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Rishi Sunak, bazagaragariza urukiko rw’ikirenga impamvu zifatika zatuma rutesha agaciro icyemezo […]
M23 yemeje ko mu bari kuyigabaho ibitero harimo Ingabo z’u Burundi
Umutwe wa M23 washinje Ingabo z’u Burundi ziri mu butumwa bwa EAC bwo kugarura amahoro muri RDC (EACRF), kugira uruhare mu bitero ukomeje kugabwaho n’Ingabo za Leta ya Congo ndetse n’imitwe itandukanye. Kuva ku Cyumweru gishize ni bwo ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryubuye ibitero kuri M23. Imirwano ikomeye hagati […]
Nkore iki?Ngiye gusenya kubera umusore wo ku Gisozi wandyohereje mu mibonano
Umugore uri mu kigero cy’imyaka 36 aragisha inama nyuma y’uko umusore wo mu murenge wa Gisozi amuryohereje mu gihe cyo gutera akabariro bigatuma azinukwa umugabo we wamuteraga ipfa nta muhaze. Uyu mugore avuga ko akimara kubyara umwana wa Kabiri yarushijeho gukunda imibonano ariko umugabo we ntabikozwe bitewe n’igenamiterere y’akazi akora katamwemerera kuruhuka bitewe n’uko ariko […]
Somalia: Igisirikare kiravuga ko cyivuganye abarwanyi 1650 ba Al- Shabaab
Guverinoma ya Somalia yavuze ko yahitanye abaterabwoba ba al-Shabaab 1,650 ikomeretsa abandi barenga 550 mu mezi abiri ashize mu bikorwa byinshi bya gisirikare byakorewe mu turere two mu majyepfo yo hagati. Nk’uko inyandiko zashyizwe ahagaragara n’Ibiro Ntaramakuru bya Somalia (SONNA) zibitangaza ngo nibura abaterabwoba bo mu rwego rwo hejuru 19 bari mu baguye mu bikorwa […]
Rutsiro: Meya yasabiye imbabazi kuba yinjiye mu rusengero rwa ADEPR atambaye ‘kositime’
Umuyobozi w’akarere ka Rutsiro, Mulindwa Prosper, yasabye imbabazi abayoboke b’itorero ADEPR kubera ko yinjiye mu rusengero rwabo atambaye ikote (kositime) kandi atari uko aribuze. Ibi yabivuze kuri uyu wa 5 Ukwakira 2023 ubwo yari mu iteraniro mu rurembo rwa Rubavu ryabanjirije igikorwa cyo guha inkunga abibasiwe n’ibiza byatewe n’imvura nyinshi mu ntangiriro za Gicurasi. Meya […]