gewlfqjxiaainyz.jpg

Gasabo: Ishyaka rya Green Party ryatoye abazarihagararira mu matora y’abadepite

Sangiza iyi nkuru

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 26 Mutarama 2024, Abayobozi bakuru n’abarwanashyaka ba Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) bateraniye mu Karere ka Gasabo muri Congress yigiwemo ingingo zitandukanye zigomba kongerwa muri manifesto izakoreshwa mu matora ateganyijwe uyu mwaka.

gewlfqjxiaainyz.jpg
gexcirwwiaan7cq.jpg

Ibitekerezo byatanzwe n’abarwanashyaka bizanozwa n’itsinda rishinzwe gutegura manifesto, kugirango bijye muri manifesto izemezwa burundu muri congress yo ku rwego rw’igihugu iteganya kuba mu kwezi kwa Gicurasi 2024.

gew-8rjwuaawbbc.jpg

Muri iyi Congress y’Ishyaka DGPR-Green Party mu mujyi wa Kigali, habaye amatora y’abakandida baturuka mu turere tw’umujyi wa Kigali bazahagarira ishyaka mu matora y’abadepite azaba uyu mwaka wa 2024.

gew_azrxqaaltky.jpg

Byari biteganyijwe ko buri Karere gatora abakandida 2 ( umugore n’umugabo) kandi iyi gahunda izakomeza no mu Ntara zose z’igihugu.

Inkuru irambuye mu masaha ari imbere

Soma Izindi Nkuru

One Response

  1. Gasabo: Ishyaka rya Green Party ryatoye abazarihagararira mu matora y’abadepite
    Abanyamu babonye Church.🤣😂😭

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *