itangazo_corniche_page-0001.jpg

Itangazo rya cyamunara y’ibicuruzwa bizagurishwa na RRA ku mupaka wa la Cornishe

Sangiza iyi nkuru

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 29 Gashyantare 2024, hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye byafatiwe muri magendu biherereye ku mupaka wa Gisenyi La Cornishe, nkuko bigaragara ku mugereka w’iri tangazo.

Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu biko bw’umupaka wa Gisenyi La Cornishe mu ma saha y’akazi, saa yine za mu gitondo, hagati y’itariki ya 24-28 Gashyantare 2023 nk’uko bigaragara ku mugereka w’iri tangazo .

itangazo_corniche_page-0001.jpg

Ku bindi bisobanuro mwahamagara kuri telefone :0788185402/0788444024

UMUGEREKA
29.02_2024_gisenyi_la_corniche_itangazo_rya_cyamunara.pdf

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *