Kuri uyu wa gatatu, itariki 7 Gashyantare 2024, Guverinoma y’u Rwanda yatangaje imyanzuro 13 yafatiwe mu Nama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 19 yateranye kuva kuwa 23 kugeza kuwa 24 Mutarama iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
August 7, 2026