ggmw3r1wsaaqwgp.jpg

Tshisekedi, Ramaphosa na Neva baganiriye ku guhangana na M23

Sangiza iyi nkuru

Kuri iki Cyumweru mu gitondo, Perezida Félix Tshisekedi na bagenzi be Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo na Jenerali Ndayishimiye w’u Burundi bakoze inama y’ibihugu bitatu i Addis Abeba, muri Ethiopia ku bijyanye no kohereza ingabo za SADC (SAMIDRC) mu burasirazuba bwa DRC.

ggmw3r1wsaaqwgp.jpg

Kuri iyi ngingo, Abakuru b’ibihugu bitatu baganiriye ku guhuza ibikorwa neza ku butaka mu ntambara yo krwanya inyeshyamba za M23.

ggmiyh_wsaaysll-2.jpg

ggmw3oexsaaihcb.jpg

Perezidansi ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yavuze ko Afurika y’Epfo n’u Burundi biri mu bihugu bitanga ingabo mu butumwa bwa SAMIDRC nubwo iki gihugu cy’ Burundi kitari umunyamuryango wa SADC.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *