Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Nigeria umaze kubaka izina ku Isi, Tiwa Savage, kuri ubu yamaze kwiyita akazina gashya, aho yumva amaze kurenga abandi bahanzikazi akaba yiyise “Umwamikazi w’Umuziki Nyafurika” (Queen of African Music).
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Tiwa Savage ni umuhanzikazi ubarizwa kuva mu 2016 muri label ya Roc Nation, y’igihangange mpuzamahanga mu njyana ya Hip Hop cyo muri Amerika, Jay Z.

Abinyujije kuri snapchat, uyu muhanzikazi yashyizeho ifoto ye yiyita iryo zina, anashimira ushinzwe kumwambika utuma agaragara neza.

Reba indirimbo Informate Tiwa Savage aheruka gusohora

Â
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Â
Dennis Ns./Bwiza.com


