Ndi umukobwa w’imyaka 27,ndashaka umukunzi ufite gahunda utagamije ubusambanyi

Sangiza iyi nkuru

Nitwa Nikuze Emelyne, ndi umukobwa w’imyaka 27, ntuye mu ntara y’Amajyepfo nkaba nifuza umusore tubyumva kimwe, nyabuneka sinshaka abantesha umutwe kuko ntabwo nshaka ugamije ubusambanyi.
Si mvuze ngo ndashaka umusore usa utya cyangwa ukora iki cyangwa kiriya, icyo nshaka ni umusore ufite gahunda yo gukunda apana ibyo gukina cyangwa gushurashura, anyandikire kuri iki kinyamakuru bwiza.com.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Njye ndi umukobwa w’imibiri yombi, si ndi mugufi kandi sinzi na muremure, ndaringaniye, mfite ibiro 61, nsa nkubyibushyeho igice cyo hasi, narangije amashuri yisumbuye ubu mfite akazi.
Uwumva afite gahunda singombwa ko ampamagara, andika nimero yawe muri comment cyangwa Email yawe, watsapp njyewe ndakwihamagarira. Murakoze!
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *